19.06.2013 Views

UMUTARA POLYTECH(Kinyarwanda) - Mifotra

UMUTARA POLYTECH(Kinyarwanda) - Mifotra

UMUTARA POLYTECH(Kinyarwanda) - Mifotra

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

4. Ubwoko bwa serivisi: Gusaba gukosorwa bwa kabiri nogukora<br />

ikizami utakoze<br />

Serivisi ni iyihe? Gusaba gukosorwa bwa kabiri nogukora ikizami<br />

utakoze :<br />

Nujuje ibisabwa? Ku banyeshuri bakomeza bisaba ko biga buri gihe. Kuba<br />

barakoze ibizami cyangwa barize mu ishuli bituma<br />

ahabwa uburenganzira bwo gusubirirwamo ibizami<br />

Ni hehe serivisi<br />

itangirwa<br />

Serivisi itangwa<br />

ryari?<br />

Uhereye igihe<br />

wasabiye serivisi,<br />

bifata igihe kingana<br />

iki kugira ngo<br />

uyihabwe?<br />

Ni ikihe kiguzi<br />

gisabwa kugira ngo<br />

ubone serivisi?<br />

Ni ibihe<br />

byangombwa<br />

bisabwa kugira ngo<br />

uyihabwe ?<br />

Binyura muyihe nzira<br />

ngo uyihabwe?<br />

Ese hari izindi nzego<br />

bisaba kunyuramo?<br />

Ni izihe?<br />

(Urugero,nko<br />

kwishyura igiciro cya<br />

atakoze cyangwa akosorwa bwa kabiri.<br />

Serivisi ishinzwe amasomo cyane ahabonetse ibibazo mu<br />

bizamini ibyo bibazo byoherezwa muri serivisi y’Ibizami<br />

bikandikwa n’Ishami ryamasomo rikabimenya.<br />

Kuwa mbere kugeza kuwa gatanu saa moya za mugitondo<br />

kugeza saa kumi nimwe za nimugoroba ku banyeshuri<br />

biga ku manywa nabiga kumugoroba: (7:00 am to 5:00<br />

pm)<br />

Mu minsi itatu y’akazi<br />

Nta kiguzi cyo gusaba ikizami.<br />

Kugira ngo ubone serivisi yavuzwe haruguru ugomba<br />

gutanga ibi bikurikira:<br />

- Urwandiko rusaba<br />

- Kopi y’Ikarita y’Ishuli<br />

- Ibindi byangombwa bisobanura impamvu wasibye<br />

ikizami birimo urwandiko rwa muganga wemewe na<br />

Leta<br />

- Icyemezo cy’uko wishyuriye gukosoza ikizamini<br />

kuwukosoza<br />

- Icyemezo cy’uko wari urwaye<br />

- Ujya mu bunyamabanga rusange bwa serivisi<br />

ishinzwe amasomo mu gihe usaba gukora ikizami<br />

utakoze wandika ubusaba ugategereza mu gihe<br />

k’iminsi ibiri.<br />

- Iyo ushaka ko basubiramo kugukosora ugana<br />

serivisi ibishinzwe ukandika ubisaba. Uzategereza<br />

igisubizo mu gihe cy’ibyumweru bibiri bitewe no<br />

kuboneka kw’abakosora.<br />

Ntazo<br />

14

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!