26.06.2013 Views

unictr_rtlm_0141_kin.pdf

unictr_rtlm_0141_kin.pdf

unictr_rtlm_0141_kin.pdf

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

arirno rm bo ubu bid:lg,ndura.<br />

E... umugabo rero MAKUBA rero we, Umujyanama wa... wa Ministre NZAMURAMBAHO<br />

muri MINAGRI we ubu arimo ararira ariko nta <strong>kin</strong>di e... n’abo bafatanyije birumvikana ariko nta<br />

<strong>kin</strong>di cyavanaho kiriya kibazo atari uku.., atari ukubahiriza plan y’umujyi aho isoko ryagenewe<br />

rikahajya e... ibintu aho byateganirijwe bikahajya, ahaguzwe ha Leta hakajya ibintu koko bya<br />

Leta atari ukugira ngo abantu ngo ni uko bazi gusa aho ibyo bintu biri n’amakarita babihishe<br />

abaturage noneho babyi.., e... babyijyanire rubanda ubu yarakanuye. Twumve Madamu Dativa<br />

wo muri Selire Nyabisindu uko adusobanurira icyo kibazo.<br />

... Radiyo RTLM hano ni... turi muri Segiteri Remera serire... Selire Nyabisirtdu, ndabona abantu<br />

bari ahantu mu kibanza bamwe barubaka, abandi baraterura ibid, aband[ ha... barasiza, abandi<br />

barahinga reka akazi ni kenshi hano.., hano muri iyi Selire hinga mbaze ibyabaye, Madame<br />

mumbwire ibyabaye hano muri make.<br />

Orateur " Dativa.<br />

Ibyabaye aha ngaha kuva hano muri Selire Nyabisindu, muri Sêgiteri ya Remera twari dufite<br />

[kibazo cy’isoko. Ariko bajyaga batubyira yuko twari dufîte isoko aha har’aguru i Remera<br />

bakatubyira ko icyo kibanza twari dufitemo isoko ari icya Padiri. Bon, mu... muri iyi minsi rcro<br />

baduha integuza Perefe araza akoresha inama atubwira yuko icyo kibartza eya Padiri tugomba<br />

kugitanga ku itariki makumyabiri. Noneho tumajije kugira kugitanga ku itariki 30 kuko<br />

twagombaga kugitanga ku itariki 30 tukavuga tuti nta handi hantu tugomba kubona isoko kubera<br />

ko isoko twatse ubundi riri muri Selire Bibare. Bon, turavuga tuti ibyo ari byo byose tugomba<br />

kubona isoko ryacu muri Selire Bibare. Igihe twari turimo kwibaza ukuntu isoko rilararihwa<br />

tuvuga tuti tuzajya hehe haka hari akabanza ka Segiteri ya Remera, ako bashakaga kubakamo<br />

Segiteri ya Remera kari hariya imbere ya Burigade. Akabanza tukabona ni gatoya twebwe ku giti<br />

cyacu uko twakoreraga mwa ririya soko ryo haruguru. Ubwo ngubwo tujya inama aha ha...<br />

hakaba hararishywe kuva kera ngo ku bwa KAYIBANDA ntabwo twe tubizi<br />

Cassette n°O141 transcrire par OL 21

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!