21.02.2013 Views

raporo k'ubushakashatsi bwakozwe kuri gahunda ya girinka

raporo k'ubushakashatsi bwakozwe kuri gahunda ya girinka

raporo k'ubushakashatsi bwakozwe kuri gahunda ya girinka

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

III. ISESENGURA<br />

13<br />

III.1. Gahunda yo kubakira abatishoboye<br />

Gahunda yo kubakira abatishoboye <strong>ya</strong>giyeho hagamijwe ko buri mun<strong>ya</strong>rwanda wese<br />

agira aho kuba. Uburyo iyi <strong>gahunda</strong> <strong>ya</strong>shyizwe mu bikorwa usanga bugaragaza ko hari<br />

aho ibikoresho b<strong>ya</strong>tanzwe na MINALOC bikiri mu bubiko bw’uturere, imirenge, utugari<br />

ndetse hari n’abaturage bahawe ibikoresho ntibabyubakisha byose.<br />

Ahandi usanga ibikoresho b<strong>ya</strong>ri biteganijwe kuj<strong>ya</strong> ku mazu ataribyo b<strong>ya</strong><strong>ya</strong>giyeho.Ibi<br />

bivuze ko nk’inzu <strong>ya</strong>gombaga kuj<strong>ya</strong>ho umubare w’amabati c<strong>ya</strong>ngwa sima runaka usanga<br />

<strong>ya</strong>ragiyeho umubare w’ibikoresho bike ku b<strong>ya</strong>ri biteganijwe kuj<strong>ya</strong>ho, bityo ugasanga<br />

akamaro b<strong>ya</strong>ri kumarira wa mun<strong>ya</strong>rwanda utari afite aho kuba ntako, kuko usanga<br />

n’ubundi ikibazo <strong>ya</strong>ri afite kitakemutse burundu.<br />

Ingaruka z’ishyirwa mu bikorwa ribi ry’iyi <strong>gahunda</strong> zigenda zigaragara aho usanga inzu<br />

zimwe na zimwe zubatswe zitangiye gusenyuka, zimwe zisakaye ibice, izindi ntizigira<br />

inzugi c<strong>ya</strong>ngwa amadirish<strong>ya</strong> n’ibindi byinshi.. Ibikoresho b<strong>ya</strong>ri bigenewe kubakira<br />

abatishoboye ntib<strong>ya</strong>koreshejwe neza kuko ic<strong>ya</strong>rikigamijwe kugerwaho kitagezweho neza.<br />

Iri shyirwa mu bikorwa r<strong>ya</strong> <strong>gahunda</strong> yo kubakira abatishoboye r<strong>ya</strong>gombaga<br />

gu<strong>kuri</strong>kiranwa n’inzego zitandukanye z’ubuyobozi. Inzego z’ubuyobozi ku rwego<br />

rw’igihugu, inzego z’ubuyobozi bw’ibanze nk’akarere, umurenge ukamanuka no ku<br />

kagari ndetse n’umudugudu.<br />

Imbogamizi mu igenzura:<br />

� Kubura kw’imibare : Akarere ka Rubavu ibikoresho b<strong>ya</strong> 2007 na 2009 nta mibare<br />

izwi hagati y’akarere , imirenge n’ imibare y’ abagenerwabikorwa batubakiwe ;<br />

� Gucunga nabi ibikoresho, kudakorerwa igenzura (ubika ibikoresho niwe<br />

ubitanga);

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!