21.02.2013 Views

raporo k'ubushakashatsi bwakozwe kuri gahunda ya girinka

raporo k'ubushakashatsi bwakozwe kuri gahunda ya girinka

raporo k'ubushakashatsi bwakozwe kuri gahunda ya girinka

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

3<br />

Ni muri urwo rwego Urwego rw’Umuvunyi rwashatse kumen<strong>ya</strong> uburyo <strong>gahunda</strong> za Leta<br />

zubahirizwa. Zimwe muri izo <strong>gahunda</strong> ni izi zi<strong>kuri</strong>kira:<br />

� Gahunda yo kubakira abatishoboye;<br />

� Gahunda <strong>ya</strong> Girinka Mun<strong>ya</strong>rwanda.<br />

Gahunda yo kubakira abatishoboye <strong>ya</strong>shyizweho na Leta y’Ubumwe bw’Aban<strong>ya</strong>rwanda<br />

hagamijwe ko buri mun<strong>ya</strong>rwanda wese abona aho gutura. Naho <strong>gahunda</strong> <strong>ya</strong> Girinka<br />

Mun<strong>ya</strong>rwanda <strong>ya</strong>shyizweho hagamijwe kuzamura imir<strong>ya</strong>ngo y’aban<strong>ya</strong>rwanda bakennye<br />

kurusha abandi bityo mu guhabwa inka iyo mir<strong>ya</strong>ngo ikabasha kwivana mu bukene.<br />

Urwego rw’Umuvunyi rwakoze igenzura mu turere dutandukanye hagamijwe kureba niba<br />

ibikoresho byo kubakira abatishoboye b<strong>ya</strong>ratanzwe nk’uko bikwiye ndetse no kureba<br />

niba inka zari zigenewe imir<strong>ya</strong>ngo y’aban<strong>ya</strong>rwanda bakennye zaratanzwe neza bitaba<br />

ibyo hakagaragazwa uruhare rwa buri rwego rw’ubuyobozi mu ishyirwa mu bikorwa<br />

ry’izi <strong>gahunda</strong>.<br />

II. IMPAMVU NYAMUKURU YA GAHUNDA<br />

II.1.GAHUNDA YO KUBAKIRA ABATISHOBOYE<br />

Ingingo ngenderwaho :<br />

Umugenerwabikorwa mu kubakirwa inzu <strong>ya</strong>gombaga kuba ari umun<strong>ya</strong>rwanda wese<br />

utishoboye, udafite ubushobozi bwo kwiyubakira inzu yo kubamo. Izi nzu zagombaga<br />

kubahiriza <strong>gahunda</strong> <strong>ya</strong> Leta yo gutura mu midugudu bityo ibikorwa by’amaj<strong>ya</strong>mbere<br />

bikabasha kugera <strong>kuri</strong> bose ku buryo bworoshye.<br />

Ibyiciro by’abagenerwabikorwa :<br />

- Umuntu wacitse ku icumu r<strong>ya</strong> jenoside y’abatutsi <strong>ya</strong> 1994, utishoboye, udafite<br />

aho kuba ;<br />

- Umukene udafite aho kuba ;

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!