umuvunyi magazine special 2010 - Office of the Ombudsman
umuvunyi magazine special 2010 - Office of the Ombudsman
umuvunyi magazine special 2010 - Office of the Ombudsman
Create successful ePaper yourself
Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.
Urwego rw’Umuvunyi<br />
Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />
Muri iyi manda y’imyaka 7 Leta<br />
izakomeza kurwanya akarengane,<br />
ruswa n’itonesha<br />
Ifoto y’urwibutso ya Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Kagame Paul n’abagize<br />
Guverinoma nyuma y’irahira ryabo ryo ku wa 07/10/<strong>2010</strong><br />
URWEGO RW’UMUVUNYI<br />
Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />
Telefoni itishyuzwa199 B.P.: 6269 KIGALI * TEL: 252 587308, 252 587309 , 199 * Fax: 252 5871 82<br />
Website:www.ombudsman.gov.rw * E-mail:ombudsinfo@ombudsman.gov.rw<br />
1
Urwego rw’Umuvunyi<br />
UBWANDITSI<br />
Nyir’ikinyamakuru<br />
URWEGO RW’UMUVUNYI<br />
Umuyobozi Mukuru<br />
MBARUBUKEYE Xavier,<br />
Umunyamabanga Uhoraho<br />
Umwanditsi Mukuru<br />
MUGISHA Jules Déo<br />
Umwanditsi Mukuru Wungirije<br />
NGILINSHUTI Védaste<br />
Umunyamabanga<br />
w’Ubwanditsi<br />
GATERA Athanase<br />
Inteko y’ Ubwanditsi<br />
BIRASA Fiscal Jacques<br />
KANYENGABO Athanase<br />
MWISENEZA Jeanne d’Arc<br />
NDIZIHIWE Léon Fidèle<br />
NSENGIYUMVA Yussuf<br />
RUMAZIMINSI N. Séraphin<br />
RWIHIMBAUWASE Hélène<br />
TUYIZERE Gédeon<br />
IBIRIMO<br />
IJAMBO RY’IBANZE.........................................3<br />
IBIKORWA BY’URWEGO RW’UMUVUNYI<br />
- Itangwa n’iyakira ry’impano cyangwa<br />
amaturo .............................................................4<br />
- Amashusho ya bimwe mu bikorwa by’Urwego<br />
rw’Umuvunyi mu gihembwe gishize.................6<br />
TURWANYE AKARENGANE<br />
- Inzego zitandukanye zikomeje gukangurirwa<br />
kugira uruhare mu rugamba rwo kurwanya<br />
akarengane na ruswa ;......................................8<br />
- Kwegera abaturage bibafasha gukemurirwa<br />
ibibazo byabo mu buryo bworoshye ...............10<br />
TURWANYE RUSWA<br />
- Problématique de la répression<br />
de la corruption................................................12<br />
- Urutonde rw’abahamwe n’icyaha cya ruswa mu<br />
gihembwe cya mbere n’icya kabiri mu mwaka<br />
wa <strong>2010</strong>............................................................14<br />
- Tumenye ishami ridasanzwe rishinzwe<br />
kurwanya ruswa .............................................24<br />
IMIYOBORERE MYIZA<br />
- Imenyekanishamutuno rizakorwa mu buryo<br />
bw’ikoranabuhanga .........................................25<br />
- Political will and solidarity in fighting against<br />
corruption.........................................................27<br />
INKURU ISHUSHANYIJE<br />
Ahatunganyirijwe Ikinyamakuru<br />
Imprimerie I.P.N<br />
2<br />
Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />
Telefoni itishyuzwa199
Ijambo ry’Ibanze<br />
Urwego rw’Umuvunyi<br />
IJAMBO RY’IBANZE<br />
Basomyi ba « Umuvunyi Magazine »,<br />
NGIRINSHUTI Védaste<br />
Twishimiye kubagezaho nimero idasanzwe y’ikinyamakuru cyanyu « Umuvunyi Magazine ».<br />
Mu byo Urwego rw’Umuvunyi rushinzwe harimo no kwimakaza ubuyobozi bwiza mu<br />
nzego za Leta n’izigenga. Iyo witegereje usanga Igihugu cyacu kimaze gutera intambwe<br />
ishimishije mu miyoborere myiza. Nyamara ntiturabasha kugera aho twese twifuza kugera.<br />
Mu nzitizi zituma intambwe isigaye tutayigeraho mu buryo bwihuse harimo ruswa.<br />
Imiyoborere myiza ni uburyo bwo kuyobora buganisha buri wese ku byiza bimubereye,<br />
bukagena uburyo bwo guhuza abayobora n’abayoborwa, buri wese akagira ubwisanzure,<br />
akamenya uburenganzira bwe n’inshingano ze kandi akagira uruhare mu bimukorerwa.<br />
Imiyoborere myiza igamije guteza imbere abenegihugu haba mu mibereho myiza, muri<br />
politiki, mu bukungu ndetse n’umuco. Amahame y’ingenzi y’imiyoborere myiza ni ugukorera<br />
mu mucyo, kugaragaza ibyo ukora, kugera ku ntego hakoreshejwe ingufu za ngombwa,<br />
kwegereza abaturage ubuyobozi, kubahiriza uburenganzira bwa muntu no kugendera ku<br />
mategeko.<br />
Ruswa ibangamira cyane imiyoborere myiza mu nkingi zayo zose. Reka turebe ingero<br />
nkeya. Aho ruswa iri nta gukorera mu mucyo cyangwa kugaragaza ibyo ukora bishobora<br />
kuharangwa. Umuyobozi cyangwa umukozi uwo ari we wese wimakaza itonesha, ikimenyane<br />
cyangwa icyenewabo mu byo akora, agakorera vuba abo azi abandi akabasiragiza ntashobora<br />
kugaragariza abandi ibyo akora n’uburyo abikora. Uwakiriye ruswa ngo yihutishe dosiye<br />
ya kanaka se azatinyuka gusobanura binyuze mu kuri uburyo dosiye zakirwa n’uburyo<br />
zikurikiranwa ? Abantu bakunze gushakira ruswa mu mirimo ihambaye no mu bintu bifatika,<br />
nyamara wa muganga utambutsa inshuti ye cyangwa undi uje yambaye kositimu aciye ku<br />
ngobyi irimo indembe imaze isaha imutegereje aba abangamiye uburenganzira bwa wa<br />
murwayi. Kenshi abantu bakirwa mbere kubera ikimenyane si na bo baba bafite ibibazo<br />
biremereye kuruta iby’abandi, ndetse ugasanga ari na bo batwara umwanya munini kuko<br />
baniganirira utuntu n’utundi turimo ibyo bazashyigikiranamo (bitari na byiza buri gihe-<br />
Solidarité négative-cyangwa ubushyigikirane mu kibi).<br />
Ruswa ni imungu ikomeye y’imiyoborere myiza. Kwakira no guha serivisi umuntu<br />
bitewe n’uwo ari we cyangwa n’icyo aguhaye bitera akarengane mu baturage bigakurura<br />
n’umwuka mubi muri bo. Abaturage batangira kwinubira ubuyobozi bikanatuma batitabira<br />
ibikorwa bya Leta. Twibuke ko imwe mu ngaruka zikomeye za ruswa harimo no gutesha<br />
icyizere ubuyobozi kuko imirimo ya Leta iba yakozwe nabi, uburenganzira bw’abaturage<br />
bugahungabana tutaretse n’imibereho myiza yabo, kandi n’Igihugu muri rusange ntikigere<br />
ku iterambere rihamye kandi rirambye.<br />
Nta Munyarwanda n’umwe utifuza kubaho neza no gutera imbere. Ni yo mpamvu buri<br />
wese akwiye kumva ko ruswa iri mu bituma atagera ku buzima bwiza yifuza bityo akagira<br />
n’uruhare rugaragara mu kuyirwanya.<br />
Dufatanye, intego yacu twese ibe iyo “kurwanya ruswa kuko imunga imiyoborere myiza”<br />
Tubifurije Umwaka Mushya Muhire wa 2011.<br />
Telefoni itishyuzwa199<br />
Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />
3
Urwego rw’Umuvunyi<br />
IBIKORWA BY’URWEGO RW’UMUVUNYI<br />
Itangwa n’iyakira ry’impano<br />
cyangwa amaturo<br />
Kajangana Aimé<br />
Tumaze igihe tubagezaho ibikubiye mu<br />
itegeko ngenga numero 61/2008 ryo ku wa<br />
10/09/2008 rigena imyitwarire y’abayobozi.<br />
Ibi twabikoze kuva muri nomero ya 16 y’Umuvunyi<br />
Magazine. Uretse ibyo tugiye kubagezaho muri iyi<br />
numero uwaba ashishikajwe no kurisobanukirwa<br />
neza yashaka izo nomero zabanjirije iyi kugirango<br />
amenye neza ibikubiye muri iri tegeko.<br />
Nkuko biteganyijwe mu ngingo ya 10 y’ Itegeko<br />
ngenga nimero 61/2008 ryo ku wa 10/09/2008 rigena<br />
imyitwarire y’abayobozi, Umuyobozi abujijwe<br />
kwakira cyangwa gutanga impano cyangwa<br />
amaturo by’ubwoko bwose ahawe nk’umuyobozi.<br />
Icyakora, Umuyobozi ashobora kwakira cyangwa<br />
gutanga impano mu buryo buteganywa n’Iteka<br />
rya Perezida. Ku buryo burambuye reka turebe<br />
ibikubiye muri iri teka.<br />
Ikigamijwe n’iri teka:<br />
Iri teka rigamije gushyiraho<br />
uburyo n’igihe<br />
umuyobozi ashobora<br />
k w a k i r a<br />
c y a n g w a<br />
g u t a n g a<br />
impano n’amaturo n’imikoreshereze yabyo.<br />
Abarebwa n’iri teka<br />
Iri teka rireba abayobozi bavugwa mu Itegeko<br />
Ngenga N° 61/2008 ryo ku wa 10/09/2008 rigena<br />
imyitwarire y’abayobozi mu nzego za Leta<br />
zikurikira:<br />
Abayobozi b’ikirenga ari bo Perezida wa<br />
Repubulika, Perezida wa Sena, Perezida w’Umutwe<br />
w’Abadepite, Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga na<br />
Minisitiri w’Intebe;<br />
Abayobozi bakuru ari bo abagize Guverinoma,<br />
abagize Inteko Ishinga Amategeko, Abacamanza mu<br />
Rukiko rw’Ikirenga n’abandi bashyirwaho n’Iteka<br />
rya Perezida hamwe n’abashyirwaho n’Iteka rya<br />
Minisitiri w’Intebe kugeza ku Muyobozi Mukuru<br />
n’abandi bari ku rwego rumwe na we;<br />
Abayobozi b’inzego za Leta, aba serivisi za Leta<br />
n’ab’ibigo bya Leta, bagengwa mu mirimo yabo na<br />
sitati cyangwa bakora imirimo yo mu rwego rwa<br />
politiki;<br />
Abahagarariye abayobozi mu minsi<br />
mikuru, mu nama cyangwa mu biganiro<br />
batumiwemo.<br />
Ibisobanuro by’ impano cyangwa<br />
amaturo<br />
Muri iri teka, impano cyangwa amaturo<br />
bisobanuwe ku buryo bukurikira :<br />
a) umutungo wimukanwa cyangwa<br />
utimukanwa cyangwa undi mutungo wose<br />
ushobora guhabwa agaciro mu mafaranga<br />
uhawe umuyobozi cyangwa umuyobozi<br />
aha undi muntu burundu ku buntu.<br />
b) serivisi iyo ari yo yose ubusanzwe<br />
yishyurwa, umuyobozi ashobora gukorerwa<br />
cyangwa akayikorera undi ku buntu<br />
cyangwa ku giciro gito ku giteganyijwe;<br />
c) kwakira cyangwa kuzimana bikozwe<br />
cyangwa bikorewe umuyobozi.<br />
4<br />
Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />
Telefoni itishyuzwa199
IBIKORWA BY’URWEGO RW’UMUVUNYI<br />
Urwego rw’Umuvunyi<br />
Ibihe Umuyobozi yemerewe gutanga cyangwa<br />
kwakira impano n’amaturo<br />
n’imikoreshereze y’iyo mpano cyangwa amaturo<br />
bigakoreshwa mu nyungu rusange.<br />
Umuyobozi yemerewe kwakira cyangwa gutanga<br />
impano cyangwa amaturo mu bihe bikurikira:<br />
a) Kurinda isura nziza y’Igihugu;<br />
b) Kubahiriza umuco w’igihugu<br />
cy’amahanga;<br />
c) Kwitura impano cyangwa ituro;<br />
d) Gukumira icyatesha agaciro urwego<br />
ruhagarariwe.<br />
Agaciro k’impano cyangwa amaturo umuyobozi<br />
ashobora kwakira cyangwa gutanga.<br />
Perezida wa Repubulika yemerewe gutanga<br />
impano cyangwa amaturo hakurikijwe ibiteganywa<br />
n’itegeko rigena ingengo y’imari ya Leta.<br />
Ku byerekeye kwakira impano cyangwa amaturo,<br />
n’imikoreshereze yabyo, Perezida wa Repubulika<br />
yubahiriza ibiteganywa n’iri teka.<br />
Abandi bayobozi ntibemerewe kwakira cyangwa<br />
gutanga impano cyangwa amaturo bifite agaciro<br />
karenze ibihumbi ijana by’amafaranga y’u Rwanda<br />
(100.000 Frw).<br />
Icyakora, mu bihe byavuze mu ngingo ya kane<br />
y’iri teka, umuyobozi ashobora kwakira impano<br />
cyangwa amaturo bifite agaciro byavuzwe mu gika<br />
kibanziriza iki.<br />
Iyo umuyobozi wakira cyangwa utanga impano<br />
ari uwo mu Rwego rw’Umuvunyi kandi agaciro<br />
kakaba karenze akavugwa mu gika cya kabiri<br />
cy’iyi ngingo, agomba kubimenyesha Biro ya Sena<br />
mu nyandiko.<br />
Umuyobozi ni we ugereranya mu bushishozi bwe<br />
agaciro k’impano cyangwa amaturo ahawe.<br />
Ahashyirwa impano<br />
cyangwa amaturo<br />
byakiriwe<br />
Umuyobozi wakiriye<br />
impano cyangwa amaturo<br />
abishyikiriza, biherekejwe<br />
n’inyandiko, Urwego,<br />
Ikigo cyangwa Serivisi<br />
ahagarariye.<br />
Icyakora, mu gihe iyo<br />
mpano cyangwa amaturo<br />
byavuzwe mu gika<br />
kibanziriza iki bidashobora<br />
gukoreshwa n’urwego,<br />
ikigo cyangwa serivise<br />
byahawe, bishyikirizwa<br />
Minisiteri cyangwa urwego<br />
rufite mu nshingano<br />
zarwo ibyerekeranye<br />
Urugero:Tuvuge ko Umuvunyi Mukuru agiye<br />
ahantu bakamuha zahabu cyangwa irindi buye<br />
ry’agaciro akabyakira kubera za mpamvu zimwemerera<br />
kwakira impano mu gihe cyasobanuwe.<br />
Ku byerekeye kwakira<br />
impano cyangwa amaturo,<br />
n’imikoreshereze yabyo, Perezida<br />
wa Repubulika yubahiriza<br />
ibiteganywa n’iri teka.<br />
Abandi bayobozi ntibemerewe<br />
kwakira cyangwa gutanga<br />
impano cyangwa amaturo bifite<br />
agaciro karenze ibihumbi ijana<br />
by’amafaranga y’u Rwanda<br />
(100.000 Frw)<br />
Kubera ko yagombaga kubishyikiriza Urwego<br />
rw’Umuvunyi ayobora kandi tukaba tuzi ko mu<br />
mikorere n’inshingano by’Urwego rw’Umuvunyi<br />
ntaho bihuriye n’amabuye y’agaciro; icyo gihe<br />
Urwego rw’Umuvunyi ruzashyikiriza aya mabuye<br />
y’agaciro Minisiteri ifite iby’amabuye y’agaciro<br />
mu nshingano zayo cyangwa ikigo ikuriye bigene<br />
uko aya mabuye azakoreshwa.<br />
Mu gihe iyo mpano cyangwa amaturo nta Minisiteri<br />
cyangwa urwego bifitanye isano itaziguye,<br />
bishyikirizwa Minisiteri ifite abatishoboye mu<br />
nshingano zayo. Imikoreshereze y’impano<br />
cyangwa amaturo avugwa muri iki gika agenwa<br />
n’amabwiriza ya Minisitiri ufite abatishoboye mu<br />
nshingano ze.<br />
Urugero: Tuvuge ko Umuvunyi Mukuru agiye<br />
ahantu bakamuha kositimu ebyiri zihenze.Kubera<br />
ko nta Minisiteri izwi ishobora gushyikirizwa<br />
ibijyanye n’imyenda,bizahabwa Minisiteri<br />
ishinzwe gufasha abatishoboye izabe ari yo igena<br />
icyo bizakoreshwa.<br />
Urwego rw’Umuvunyi rumenyeshwa mu nyandiko<br />
urwego rwashyikirijwe impano cyangwa amaturo<br />
afite agaciro karenze ibihumbi ijana by’amafaranga<br />
y’u Rwanda (100.000 RwF).<br />
Iyo impano cyangwa<br />
amaturo ari ibikoreshwa<br />
n’umuntu ku giti cye<br />
kandi agaciro kabyo<br />
katarenze ibihumbi<br />
ijana by’amafaranga y’u<br />
Rwanda (Frw 100.000)<br />
bigumanwa n’umuyobozi<br />
wabihawe.<br />
Urugero: Tuvuge ko<br />
Umuvunyi Mukuru agiye<br />
ahantu bakamuha impano<br />
ya karuvati cyangwa<br />
isaha bitarengeje<br />
ibihumbi ijana. Icyo gihe<br />
yemerewe kubikoresha ku<br />
giti cye.<br />
<br />
Telefoni itishyuzwa199<br />
Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />
5
Urwego rw’Umuvunyi<br />
IBIKORWA BY’URWEGO RW’UMUVUNYI<br />
Amashusho ya bimwe mu bikorwa by’Urwego<br />
rw’Umuvunyi mu gihembwe gishize<br />
Abakozi b’Urwego rw’Umuvunyi barahiriye imbere<br />
y’Umuvunyi Mukuru n’abavunyi bungirije<br />
kuzuza neza inshingano bashinzwe<br />
Urwego rw’Umuvunyi rwahuguye abanyamakuru<br />
ku ruhare rwabo mu gukumira no kurwanya<br />
akarengane na ruswa<br />
Urwego rw’Umuvunyi rwakoze igenzura<br />
ry’imenyekanishamutungo mu banyamabanga<br />
nshingwabikorwa b’Imirenge<br />
Urwego rw’Umuvunyi rwitabiriye igikorwa cyo<br />
gutera igiti mu Karere ka Kamonyi<br />
6<br />
Urwego rw’Umuvunyi rwateguye amarushanwa<br />
y’indirimbo n’imivugo ashishikariza abaturarwanda<br />
kugira uruhare mu gukumira no kurwanya<br />
akarengane na ruswa<br />
Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />
Bamwe mu bagize umutwe w’abadepite bo muri<br />
Djibouti basuye Urwego rw’Umuvunyi<br />
Telefoni itishyuzwa199
Urwego rw’Umuvunyi<br />
Umunsi Mpuzamahanga<br />
wahariwe kurwanya ruswa<br />
09/12/<strong>2010</strong><br />
Mu rwego rwo kuzirikana Umunsi Mpuzamahanga ngarukamwaka wahariwe kurwanya ruswa wizihizwa<br />
tariki ya 09 Ukuboza, Urwego rw’Umuvunyi rufite mu nshingano zarwo kurwanya ruswa rutegura buri mwaka<br />
icyumweru cyahariwe kurwanya ruswa. Uyu mwaka icyo cyumweru cyatangiye tariki ya 05 kikaba cyarashojwe<br />
ku tariki ya 09 Ukuboza <strong>2010</strong> ku Munsi Mpuzamahanga wo kurwanya ruswa. Insanganyamatsiko y’uwo<br />
munsi ku rwego rw’Igihugu ikaba yaragiraga iti « Ruswa imunga imiyoborere myiza, TUYAMAGANE,<br />
TUYITUNGE AGATOKI.»<br />
Muri icyo cyumweru, Urwego rw’Umuvunyi rukaba rwarateguye ibikorwa bitandukanye bigamije gukangurira<br />
abaturarwanda muri rusange, abakozi n’abayobozi bo mu nzego zinyuranye ku bubi bwa ruswa n’ibyaha<br />
bifitanye isano na yo, no kubashishikariza by’umwihariko kugira uruhare mu kuyirwanya, kuyanga no<br />
kuyamagana.<br />
Ibikorwa by’ingenzi byakozwe muri icyo cyumweru cyahariwe kurwanya<br />
ruswa ni ibi bikurikira :<br />
- 05/12/<strong>2010</strong> : Ibiganiro ku ma radiyo atandukanye akorera mu Rwanda<br />
ndetse no kuri Televiziyo y’u Rwanda, bikaba byari bikubiyemo<br />
ubutumwa bukangurira abaturarwanda kurwanya, kwanga no<br />
kwamagana ruswa;<br />
- 06/12/<strong>2010</strong> : Gutangiza ku mugaragaro icyumweru cyahariwe<br />
kurwanya ruswa mu ntara y’Amajyepfo, mu karere ka Gisagara,<br />
hakaba haratanzwe ubutumwa bukangurira abaturarwanda ku bubi<br />
bwa ruswa, uko yigaragaza n’ingaruka zayo ku miyoborere myiza,<br />
ubukungu n’iterambere ry’Igihugu ;<br />
- 07/12/<strong>2010</strong> : Gusoza amarushanwa yateguwe n’Urwego rw’Umuvunyi<br />
y’abahanzi b’indirimbo n’imivugo ku miyoborere myiza ndetse no<br />
gutanga ibihembo ku bayatsinze ku rwego rw’Igihugu ;<br />
- 08/12/<strong>2010</strong> : Gushinga ibyapa bikangurira abaturarwanda kurwanya<br />
ruswa mu Karere ka Kicukiro, Gasabo na Nyarugenge;<br />
- 09/12/<strong>2010</strong> : Gusoza icyumweru cyahariwe kurwanya ruswa hizihizwa<br />
Umunsi Mpuzamahanga wo kurwanya ruswa. Hakaba haratanzwe<br />
ibihembo ku Turere dutatu (3) twagize uruhare mu kwimakaza<br />
imiyoborere myiza kurusha utundi.<br />
Umunsi Mpuzamahanga wo kurwanya ruswa ukaba waremejwe<br />
n’icyemezo n°58/4 cy’Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye<br />
ONU yateranye tariki ya 31 Ukwakira 2003 i Merida mu Gihugu cya<br />
Mexique.<br />
Stop corruption<br />
Telefoni itishyuzwa199<br />
Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />
7
Urwego rw’Umuvunyi<br />
TURWANYE AKARENGANE<br />
Inzego zitandukanye zikomeje<br />
gukangurirwa kugira uruhare mu rugamba<br />
rwo kurwanya akarengane na ruswa<br />
Nk’uko biteganywa n’ingingo ya 3,8° y’Itegeko<br />
n° 17/2005 ryo ku wa 18/08/2005 rihindura<br />
kandi ryuzuza itegeko Nº 25/2003 ryo ku<br />
wa 15/08/2003 rigena imiterere n’imikorere<br />
y’Urwego rw’Umuvunyi, imwe mu nshingano y’Urwego<br />
rw’Umuvunyi ni ugukangurira abaturage kwirinda ruswa<br />
n’ibyaha bifitanye isano na yo no guhugura abakozi<br />
b’inzego z’imirimo, ari mu bigo bya Leta no mu bigo<br />
n’imiryango bitagengwa na Leta. Ni muri urwo rwego<br />
mu kwezi kwa Nzeli Urwego rw’Umuvunyi rwahuguye<br />
abanyamakuru kuva ku itariki ya 20 kugeza ku itariki<br />
ya 22 ndetse n’ Inama Nkuru y’igihugu y’abagore kuva<br />
ku itariki ya 29 kugeza tariki ya 30 ku ruhare rwabo<br />
mu gukumira, no kurwanya akarengane, ruswa n’ibyaha<br />
bifitanye isano na yo.<br />
Mu gufungura amahugurwa y’abanyamakuru , Umuvunyi<br />
Mukuru Tito Rutaremara yasabye abanyamakuru<br />
ubufatanye n’Urwego akuriye dore ko bafite inshingano<br />
zijya gusa, ni ukuvuga gukangurira abanyarwanda<br />
NZEYIMANA Nadège<br />
uburenganzira bwabo ndetse abanyamakuru bakaba<br />
bafite inshingano yo gutungira agatoki Urwego<br />
rw’Umuvunyi aho ruswa n’akarengane biri. Yasabye<br />
abanyamakuru gushyira ahagaragara akarengane mu<br />
bitangazamakuru bakorera, yakomeje abwira abitabiriye<br />
amahugurwa ko ibyo byose bizagerwaho ari uko<br />
abanyamakuru nabo bagaragaje ubunyangamugayo<br />
ndetse bakamenya ko umuturage ari we shingiro rya<br />
byose, ibikorwa byose bikaba bigomba kuba mu nyungu<br />
ze no kumuha agaciro.<br />
Abanyamakuru bitabiriye ayo mahugurwa bahuguwe<br />
kuri byinshi harimo inshingano z’Urwego rw’Umuvunyi<br />
,uruhare rw’itangazamakuru mu gukumira, kurwanya<br />
akarengane, ruswa n’ibyaha bifitanye isano na yo,<br />
ubufatanye Urwego rw’Umuvunyi rukwiye kugirana<br />
n’Itangazamakuru, uruhare rw’imenyekanishamutungo<br />
mu majyambere y’igihugu,n’ibindi. Mu kiganiro Bwana<br />
Yussuf Nsengiyumva ,umuyobozi w’ishami ryo gukumira<br />
no kurwanya akarengane yagejeje ku banyamakuru<br />
bitabiriye amahugurwa yababwiye<br />
ko bakwiye gukorana n’Urwego<br />
rw’Umuvunyi mu buryo bwo<br />
guhererekanya amakuru ; Urwego<br />
rw’Umuvunyi rukabagezaho<br />
amakuru yavuye mu iperereza riba<br />
ryakozwe ndetse no muri raporo,<br />
abanyamakuru nabo bakereka<br />
Urwego rw’Umuvunyi ahakekwa<br />
ruswa kugira ngo hakorerwe<br />
iperereza ryimbitse. Yakomeje<br />
ababwira ko abanyamakuru<br />
bakwiye kwirinda kwandika inkuru<br />
zishingiye ku bihuha.<br />
8<br />
Umuvunyi Mukuru asubiza ibibazo by’abanyamukuru nyuma<br />
y’amahugurwa<br />
Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />
Abitabiriye aya mahugurwa<br />
biyemeje kuba ijisho ry’Urwego<br />
rw’Umuvunyi baharanira<br />
kurwanya no gukumira<br />
akarengane kose hakoreshejwe<br />
ibitangazamakuru bakorera, kuba<br />
intangarugero mu myitwarire<br />
bamaganira kure akarengane na<br />
ruswa ngo kuko ntawe utanga icyo<br />
adafite. Biyemeje guhanahana<br />
amakuru n’Urwego rw’Umuvunyi.<br />
Abanyamakuru basabye Urwego<br />
Telefoni itishyuzwa199
TURWANYE AKARENGANE<br />
Urwego rw’Umuvunyi<br />
rw’<strong>umuvunyi</strong> kujya<br />
rubamenyesha gahunda<br />
yarwo, mu bibazo<br />
bagiyemo birebana<br />
n’akarengane na ruswa<br />
kugira ngo babitangarize<br />
abaturarwanda.<br />
Nk’uko byatangajwe<br />
n’Umuvunyi Mukuru<br />
afungura ku mugaragaro<br />
amahugurwa y’<br />
Inama y’Igihugu<br />
y’Abagore « Abagore<br />
bafite ubushobozi,<br />
bafite n’icyizere<br />
bahawe n’ubuyobozi<br />
bw’Igihugu, nibo barera,<br />
bari mu nzego zifata<br />
ibyemezo, bafite byinshi<br />
bahindura mu gihugu.»<br />
Aya mahugurwa akaba Bamwe mubari mu Nama Nkuru y’Abagore bakurikirana amahugurwa.<br />
yarateguwe n’Urwego<br />
r w ’ U m u v u n y i<br />
h a g a m i j w e<br />
Nyuma y’aya mahugurwa , abagize Inama y’Igihugu<br />
gushishikariza abari n’abategarugori kugira uruhare y’Abagore biyemeje kuba intumwa mu Turere,<br />
mu gukumira no kurwanya akarengane, ruswa n’ibyaha bakangurira abanyarwanda bose muri rusange n’abagore<br />
bifitanye isano na yo.<br />
by’umwihariko uruhare rwabo mu kurwanya ruswa<br />
n’akarengane ndetse bakaba bariyemeje kwiha mu<br />
miryango yabo umwanya wo kuganira n’abana ku muco<br />
mwiza n’indangagaciro z’umuco nyarwanda, hagamijwe<br />
Abari n’abategarugori bari<br />
bitabiriye amahugurwa<br />
bagejejweho ibiganiro<br />
bitandukanye harimo inshingano<br />
z’Urwego rw’Umuvunyi,<br />
amateka y’akarengane mu<br />
Rwanda n’impamvu Urwego<br />
rw’Umuvunyi rwashyizweho.<br />
Bagaragarijwe kandi<br />
uruhare rwabo mu kurwanya<br />
akarengane, ruswa n’ibyaha<br />
bifitanye isano na yo ndetse<br />
bakaba barasobanuriwe<br />
uruhare rw’ umugore mu guteza<br />
imbere ubunyangamugayo mu<br />
banyarwanda.<br />
Minisitiri w’ Iterambere<br />
ry’Abagore, Madame<br />
Mujawamariya Jeanne d’Arc mu gusoza aya<br />
mahugurwa, yabwiye abitabiriye amahugurwa ko<br />
bafite ubushobozi bwo kurwanya akarengane na<br />
ruswa. Yakomeje ababwira ko abafitiye icyizere nk’uko<br />
Urwego rw’Umuvunyi rwakibagiriye rujya kubahugura<br />
nk’abantu bazarufasha kugera ku nshingano rufite.<br />
Abahuguwe biyemeje<br />
kwiha mu miryango yabo<br />
umwanya wo kuganira<br />
n’abana ku muco mwiza<br />
n’indangagaciro z’umuco<br />
nyarwanda, hagamijwe<br />
kwimakaza uburere bwiza<br />
n’ubunyangamugayo.<br />
kwimakaza uburere bwiza<br />
n’ubunyangamugayo.<br />
Urwego rw’Umuvunyi<br />
rukaba rukomeje<br />
gukangurira abanyarwanda<br />
b’ingeri zitandukanye<br />
kugira uruhare mu<br />
kurwanya, gukumira<br />
akarengane ruswa n’ibindi<br />
byaha bifitanye isano na yo.<br />
Abanyamadini n’urubyiruko<br />
bakaba bazahugurwa mu<br />
mezi abiri ari imbere, cyane<br />
cyane ko abanyamadini<br />
bafite uruhare rukomeye<br />
mu gufasha ishyirwa mu<br />
bikorwa rya za gahunda za<br />
Guverinoma kuko bafitiwe icyizere n’abo bayobora mu<br />
madini atandukanye ndetse n’urubyiruko rufashe iya<br />
mbere mu gukumira no kurwanya akarengane, ruswa<br />
n’ibyaha bifitanye isano na yo, u Rwanda rwaba rufite<br />
icyizere cy’ejo hazaza heza.<br />
<br />
Telefoni itishyuzwa199<br />
Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />
9
Urwego rw’Umuvunyi<br />
TURWANYE AKARENGANE<br />
Kwegera abaturage bibafasha<br />
gukemurirwa ibibazo byabo<br />
mu buryo bworoshye<br />
Mu kwezi kwa Nyakanga <strong>2010</strong>, Urwego<br />
rw’Umuvunyi rwahinduye uburyo<br />
rwakiragamo ibibazo by’abaturage; aho<br />
kuzana ibibazo byabo i Kigali ku biro by’Urwego,<br />
abakozi b’Urwego rw’Umuvunyi babasanga mu<br />
Turere batuyemo.<br />
Byagaragaye ko kugera ku cyicaro cy’Urwego<br />
rw’Umuvunyi bigora abaturage mu buryo<br />
KAJANGWE Joseph, Umukozi w’Urwego rw’Umuvunyi yakira<br />
ibibazo by’abaturage bo mu Karere ka Ngoma<br />
butandukanye: amafaranga menshi atangwa mu<br />
ngendo, imvune z’ingendo, impanuka za hato na<br />
hato. Byabaye ngombwa ko Urwego rw’Umuvunyi<br />
ruhindura uburyo bwo kwakira ibibazo<br />
by’akarengane. Aho kugira ngo baze i Kigali,<br />
abakozi b’Urwego rw’Umuvunyi babasanga mu<br />
Turere aho batuye. Iyi gahunda iba buri kwezi.<br />
HABIMANA Jean Pierre<br />
ya buri munsi. Igihe cyo gukora kiziyongera<br />
n’amafaranga y’ingendo agabanuke, ibi bizatuma<br />
imibereho yabo irushaho kuba myiza.<br />
Kuva muri Nyakanga 2009 kugera muri Kamena<br />
<strong>2010</strong>, hakiriwe ibibazo 5386. Icyagaragaye aho<br />
gahunda yo kwegera abaturage iwabo mu Turere<br />
itangiriye ni uko ibibazo byakiriwe byiyongereye.<br />
Mu gihe cy’amezi atatu ( Nyakanga, Kanama na<br />
Nzeli <strong>2010</strong>) hakiriwe ibibazo<br />
2152 byashyikirijwe Urwego<br />
rw’Umuvunyi mu nyandiko<br />
cyangwa muri gahunda yo<br />
kwegera abaturage.<br />
Impamvu ibibazo<br />
byiyongereye ni uko<br />
abaturage begerewe,<br />
bakabasha kuvugira ibibazo<br />
byabo hafi. Hari ababaga<br />
bifuza kugeza ibibazo byabo<br />
ku Rwego rw’Umuvunyi<br />
bakabuzwa n’uko<br />
bitaborohera (batabashije<br />
gukora ingendo ndende, nta<br />
mafaranga y’ingendo) kugera<br />
aho bakiriraga ibibazo ku<br />
biro i Kigali.<br />
Indi mpamvu ni uko abaturage<br />
bamenye kandi bakumva<br />
neza inshingano n’imikorere<br />
y’Urwego rw’Umuvunyi.<br />
Ikindi ni uko uburyo bwo<br />
kugeza ubutumwa/amakuru<br />
ku baturage bwagiye bworoshywa hagakoreshwa<br />
uburyo bwinshi butandukanye harimo guhamagara<br />
telefoni itishyuzwa, kohereza ubutumwa bugufi<br />
kuri telefoni, gukoresha ikoranabuhanga rya<br />
‘emails’ ndetse no kwandika amabaruwa byari<br />
bisanzwe.<br />
10<br />
Iyi gahunda ni nziza kubera ko abaturage bazajya<br />
bakemurirwa ibibazo bijyanye n’akarengane hafi<br />
yabo. Igihe bakoreshaga baza ku biro by’Urwego<br />
rw’Umuvunyi bazagikoresha mu mirimo yabo<br />
Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />
Mu bibazo byavuzwe hejuru, ibabazo 1072<br />
byakiriwe mu nyandiko ku biro by’Urwego<br />
rw’Umuvunyi, ku buryo bukurikira hakurikijwe<br />
Intara:<br />
Telefoni itishyuzwa199
TURWANYE AKARENGANE<br />
Urwego rw’Umuvunyi<br />
Intara y’Iburasirazuba : 146<br />
Intara y’Iburengerazuba : 139<br />
Intara y’Amajyaruguru : 126<br />
Intara y’Amajyepfo : 171<br />
Umujyi wa Kigali : 490<br />
Ibi bibazo byakiriwe mu nyandiko<br />
byarakurikiranywe ariko imibare igaragaza<br />
ibyakemutse n’ibigikurikiranwa ubwo twateguraga<br />
iyi nyandiko yari ikegeranywa.<br />
Ibibazo 1080 ni ibyakiriwe n’abakozi b’Urwego<br />
Imbonerahamwe ikurikira iragaragaza mu buryo<br />
burambuye ibibazo byakiriwe muri buri Ntara<br />
n’abakozi b’Urwego rw’Umuvunyi:<br />
Tubabwire ko mu bibazo byakiriwe, hari<br />
higanjemo ibibazo bijyanye n’ibibanza mu mijyi,<br />
ibijyanye n’isaranganya ry’ubutaka, ibijyanye<br />
n’amakimbirane mu miryango ashingiye ku<br />
izungura, iby’inkiko gacaca, ibijyanye n’ibyo<br />
Leta,Uturere tugomba kwishyura abaturage n’<br />
ibijyanye no kurangirizwa imanza.<br />
Twibutse ko iyi gahunda yo kwegera abaturage ku<br />
Turere iwabo, kwakira no gukemura ibibazo ibaho<br />
buri kwezi. Aho igiriyeho, bigaragara ko itanga<br />
Nº INTARA/UMUJYI WA<br />
KIGALI<br />
Umubare<br />
w’ibibazo<br />
byakiriwe<br />
U m u b a r e<br />
w ’ b i b a z o<br />
byakemutse<br />
U m u b a r e<br />
w ’ i b i b a z o<br />
byohererejwe<br />
izindi nzego<br />
1 Amajyaruguru 161 63 72 26<br />
2 Amajyepfo 366 217 63 86<br />
3 Iburasirazuba 201 64 110 27<br />
4 Iburengerazuba 135 66 41 28<br />
5 Umujyi wa Kigali 217 94 64 59<br />
IGITERANYO 1080 504 350 226<br />
Ibigikurikiranwa<br />
rw’Umuvunyi mu Turere twose tw’Igihugu. Muri<br />
ibi bibazo ,504 byarakemutse, 250 ntabwo byari<br />
mu bubasha bw’Urwego rw’Umuvunyi bikaba<br />
byaroherejwe ibigo bireba kugira ngo bibikemure<br />
naho 226 biracyakurikiranwa.<br />
umusaruro kuko abantu bakemurirwa ibibazo<br />
byabo hafi bityo bakabona umwanya uhagije wo<br />
gukora imirimo ibateza imbere.<br />
<br />
Menya, soma kandi somesha ikinyamakuru “UMUVUNYI<br />
MAGAZINE”.Gisohoka rimwe mu gihembwe,<br />
kigatangirwa ubuntu. Kigamije gushishikariza<br />
abaturarwanda gukumira no kurwanya akarengane na<br />
ruswa .<br />
Wagisanga ku muyoboro wa interinet w’Urwego<br />
rw’Umuvunyi:<br />
www.ombudsman.gov.rw<br />
Telefoni itishyuzwa199<br />
Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />
11
Urwego rw’Umuvunyi<br />
TURWANYE RUSWA<br />
Problématique de la répression de<br />
la corruption<br />
La corruption constitue une infraction punie par<br />
la loi. Dans le langage courant ainsi que dans<br />
la terminologie juridique, la corruption est<br />
l’agissement par lequel une personne investie<br />
d’une fonction déterminée, publique ou privée,<br />
sollicite ou accepte un don, une <strong>of</strong>fre ou une promesse en<br />
vue d’accomplir, retarder ou omettre d’accomplir un acte<br />
entrant, d’une manière directe ou indirecte, dans le cadre<br />
de ses fonctions. Il s’agit d’une violation, commise par le<br />
coupable, des devoirs de sa charge ; en d’autres termes, une<br />
sorte d’abus de confiance.<br />
Est ainsi constitutif de corruption publique passive le fait<br />
pour un fonctionnaire de demander ou d’accepter ou de<br />
recevoir, directement ou par interposition de personnes, une<br />
<strong>of</strong>fre, une promesse ou un avantage de toute nature, pour<br />
elle-même ou pour un tiers, pour adopter un acte ou s’en<br />
abstenir.<br />
On parle de corruption publique active lorsqu’une personne<br />
propose, directement ou par interposition de personnes, à un<br />
fonctionnaire, une <strong>of</strong>fre, une promesse ou un avantage de<br />
toute nature, pour elle-même ou pour un tiers, pour qu’elle<br />
adopte un acte ou s’en abstienne.<br />
Peu importe que l’acte sollicité (ou l’abstention d’un acte)<br />
soit légitime ou non au regard des fonctions de l’agent. Peu<br />
importe que l’acte soit ou non réalisé. Ce qui détermine<br />
l’infraction de corruption, c’est le lien qui existe entre ce<br />
qui est promis ou donné et l’objectif poursuivi, c’est-àdire<br />
faire adopter par la personne qui exerce une fonction<br />
publique un comportement déterminé.<br />
L’infraction existe quelque soit la nature ou la valeur de<br />
l’avantage. Les avantages matériels (il n’y a pas de seuil<br />
minimal de valeur) comme immatériels sont visés, ce qui<br />
inclut par exemple les avantages tenant à un traitement<br />
préférentiel (obtention ou soutien à l’obtention d’un<br />
poste ou autre avantage), les avantages symboliques ou<br />
honorifiques (titres, distinctions, accès à un cercle de<br />
relations privilégiées…). L’existence de l’infraction de<br />
corruption n’est donc pas subordonnée à un enrichissement<br />
matériel.<br />
L’acte unilatéral d’<strong>of</strong>frir un avantage, de le donner, de le<br />
demander ou de le recevoir suffit donc pour engager des<br />
poursuites. Le pacte entre les deux parties constitue une<br />
circonstance aggravante de l’infraction.<br />
va agir ou s’abstenir. Cette<br />
contrepartie peut prendre<br />
différentes formes en pratique<br />
et peut pr<strong>of</strong>iter aussi bien au<br />
corrompu qu’à ses proches<br />
: logement gratuit, prêt sans<br />
intérêt, réduction d’un prix<br />
d’achat, bénéfice d’un travail<br />
sans contre-partie financière,<br />
...<br />
L’entente entre le corrupteur<br />
et le corrompu peut se solder<br />
par l’attribution des sommes<br />
d’argent ou des biens en<br />
nature. Le corrompu entre<br />
en possession de ces biens.<br />
En effet, aucune pièce n’est<br />
contresignée pour attester ce<br />
don.<br />
Toute infraction pénale peut<br />
donner lieu à une action<br />
publique qui tend à faire<br />
prononcer contre son auteur<br />
une sanction prévue par la<br />
loi. La corruption, étant<br />
une infraction pénale dont<br />
il est difficile d’en désigner<br />
une victime ou partie civile,<br />
il revient exclusivement au<br />
représentant de l’Etat d’agir<br />
pour réduire ou endiguer ce<br />
comportement antisocial.<br />
L’action à engager dans ce<br />
cadre est essentiellement une<br />
action publique qui est mise<br />
en mouvement et exercée<br />
par le Ministère public ou<br />
par une administration. Ils<br />
doivent être informés de la<br />
commission ou des velléités<br />
de commission de l’infraction<br />
car, en effet, la commission<br />
d’infraction doit être portée à<br />
la connaissance de l’autorité<br />
chargée de sa poursuite.<br />
GATERA Athanase<br />
12<br />
La corruption se traduit par un accord (le « pacte de<br />
corruption ») entre le corrompu et le corrupteur. L’existence<br />
même de cet accord est constitutive de l’infraction sans qu’il<br />
soit nécessaire de s’attacher à ses effets. Il doit néanmoins<br />
exister un lien de causalité entre l’action ou l’abstention<br />
attendue et la contrepartie dont va bénéficier le corrompu<br />
: c’est parce qu’il va obtenir quelque chose que celui-ci<br />
Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />
Les dénonciations des soupçons de corruption sont le plus<br />
souvent faites par des tierces personnes. Celles-ci peuvent<br />
posséder des éléments de preuve. Toutefois, les acteurs<br />
impliqués cherchent à dissimuler ces éléments de façon à<br />
compliquer les investigations. Ils s’évertuent à prouver leur<br />
innocence en cas de poursuites judiciaires. Le Ministère<br />
public peine à prouver la culpabilité des suspects faute de<br />
Telefoni itishyuzwa199
TURWANYE RUSWA<br />
Urwego rw’Umuvunyi<br />
preuves admissibles. Selon l’article 2 de la loi n°15/2004 du<br />
12/06/2004 portant modes et administration de la preuve, « la<br />
preuve en matière judiciaire est un moyen de démonstration<br />
de la véracité d’un fait ». L’absence de preuve plaide en<br />
faveur du suspect alors qu’il a acquis des dons indus.<br />
L’intérêt général étant menacé ou troublé, le Ministère<br />
« kwibwiriza », « umuti w’ikaramu »… Autant dire que<br />
les Rwandais ont connaissance des pratiques de corruption<br />
qu’ils en ont développé un langage approprié. Les services<br />
où sévissent la corruption et même les présumés auteurs<br />
sont indexés. Au sein d’une même entité, très peu de<br />
dénonciations sont faites. Toutefois, très rares sont des cas<br />
où des gens osent témoigner devant une juridiction de la<br />
culpabilité d’un suspect. Il existe une certaine inertie de<br />
la population dans la recherche de la vérité sur des actes<br />
allégués de corruption.<br />
Public est saisi soit par une dénonciation écrite ou orale ;<br />
soit par une plainte ; soit par un procès-verbal établi par une<br />
autorité compétente. Le rôle du corrupteur et du corrompu<br />
dans les dénonciations est insignifiant du fait des intérêts<br />
personnels qu’ils doivent sauvegarder.<br />
Il existe dans le jargon populaire les termes qui dénotent<br />
la corruption : « akantu », « icyacumi », « arazwi »<br />
Telefoni itishyuzwa199<br />
La répression de la corruption appelle un accompagnement<br />
de tous. Pourtant, du fait que la corruption soit pr<strong>of</strong>ondément<br />
enracinée dans les esprits, personne n’est prête à la<br />
dénonciation. Une fois de plus, si la crainte peut être fondée<br />
pour les acteurs de la corruption, elle s’expliquerait mal pour<br />
ceux qui la vivent en qualité de simples témoins. Il importe<br />
donc que soient renforcées les actions de vulgarisation et<br />
de prévention afin que chacun se sente concerné par la lutte<br />
contre ce fléau qui, à la longue, est préjudiciable à tous.<br />
La corruption trouve dans le droit un terrain propice pour son<br />
épanouissement. Il en est ainsi de l’absence de réglementation<br />
instituant la transparence dans les marchés publics. Elle<br />
se nourrit du formalisme excessif dans les procédures,<br />
de la complexité du droit, des qualifications imprécises<br />
de certaines infractions, de l’opportunité des poursuites<br />
accordées aux magistrats, du pouvoir discrétionnaire dans<br />
la fonction publique, du secret bancaire, des avancements<br />
à titre exceptionnel. Ainsi, la corruption a besoin du droit<br />
tout en contournant ses contraintes, d’où la difficulté pour<br />
le droit de combattre la corruption.<br />
La preuve étant au procès ce qu’est l’argent aux affaires,<br />
la répression ne peut intervenir que lorsque des preuves<br />
irréfutables sont relevées contre le prévenu. A ce titre, il<br />
est symptomatique que les difficultés de preuve enlisent<br />
généralement la poursuite d’autant plus que, en cas<br />
d’établissement de la culpabilité, les sanctions sont d’une<br />
timide dissuasion pour les futurs aventuriers de la corruption.<br />
Les preuves en matière de corruption ne sont pas facilement<br />
démontrées, ce qui rend complexes les enquêtes y relatives<br />
et les poursuites judiciaires.<br />
La manière dont les preuves sont produites dépend<br />
essentiellement des règles de procédure. Leur choix appartient<br />
en général aux parties, le juge se bornant d’ordinaire à<br />
décider de leur admissibilité et à apprécier leur valeur<br />
probante. Le fardeau de la preuve incombe en principe au<br />
demandeur, c’est-à-dire à l’accusateur, le Ministère Public,<br />
Pour pouvoir rendre la justice et trancher des conflits, les<br />
juges doivent se baser sur des preuves apportées par les<br />
parties au procès. Est-il facile de prouver la culpabilité<br />
d’un présumé corrompu alors que le corrupteur ne peut plus<br />
avouer ses actes devant une juridiction ? Comment infliger<br />
des peines prévues par la loi en cas d’absence de preuves<br />
fiables ? Est-il logique de laisser libres les présumés auteurs<br />
de corruption alors que les effets néfastes de leurs actes<br />
influent sur le développement de notre société ?<br />
<br />
Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />
13
Urwego rw’Umuvunyi<br />
TURWANYE RUSWA<br />
Urutonde rw’abahamwe n’icyaha cya ruswa mu<br />
gihembwe cya mbere n’icya kabiri mu mwaka wa <strong>2010</strong><br />
Dushingiye ku Itegeko n° 17/2005 rihindura kandi ryuzuza itegeko nº 25/2003 ryo ku wa 15/08/2003<br />
rigena imiterere n’imikorere y’Urwego rw’Umuvunyi mu ngingo yayo ya 3 (9°), Urwego rw’Umuvunyi<br />
rufite inshingano yo gukora no gutangaza urutonde rw’abahamwe burundu na ruswa n’ibyaha bifitanye<br />
isano na yo n’ibihano bahawe. Urutonde rukurikira ruragaragaza abantu bahamwe n’icyaha cya ruswa<br />
mu gihembwe cya mbere n’icya kabiri cy’umwaka wa <strong>2010</strong>.<br />
Urutonde rw’abahamwe n’icyaha cya ruswa mu gihembwe cya mbere <strong>2010</strong><br />
N° UMWIRONDORO<br />
UMURIMO<br />
YAKORAGA<br />
URUKIKO<br />
RWAMUKATIYE<br />
AGACIRO KA RUSWA<br />
YATANZE CYANGWA<br />
YAKIRIYE<br />
IGIHANO<br />
1.<br />
NTAKIRUTIMANA Augustin mwene<br />
KANIMBA Athanase na MUSHUMBA<br />
Immaculée wavutse mu 1973, ubarizwa I<br />
Remera-Kacyiru-Umujyi wa Kigali<br />
Umufundi<br />
HC Siège<br />
9.000 Frw<br />
igifungo cy’imyaka<br />
2 n’igice<br />
2.<br />
RWAYITARE David mwene Rubabaza<br />
na Nyiramahoro-Gisovu-Twumba-<br />
Karongi<br />
Umuhinzi HC RUSIZI 30.000 Frw<br />
Imyaka 5 n’Ihazabu<br />
y’amafaranga<br />
60.000<br />
3.<br />
4.<br />
5<br />
6.<br />
7.<br />
NZEYIMANA Cyprien mwene<br />
BAJYAGAHE na KANYANGE,<br />
RUTARE-MUYIRA-MANIHIRA<br />
DUSHIMIYIMANA Théophile mwene<br />
Mutabazi Cyprien na Mukandekezi Lucie<br />
-Marimba -Kabarore-Gatsibo;<br />
BIZAGWIRA Alphonse mwene Bahena<br />
Faustin na Mukundufite Marie-Marimba<br />
-Kabarore-Gatsibo<br />
BURYOGEYE Anastase mwene<br />
N.Barisesa na Ntihabukubyara –Kabaya-<br />
Kabaya-Ngororero<br />
ZIREMAKWINSHI Donath mwene<br />
Nzabirinda na Bamazeyo-Kibanda-<br />
Ndaro-Ngororero<br />
Umuhinzi HC RUSIZI 15.000 Frw Imyaka 10<br />
Umubaruramari<br />
(Comptable)<br />
HC Rwamagana 80.0000 Frw Imyaka 5<br />
Umuhinzi HC Rwamagana 80.000 Frw Imyaka 5<br />
Atwara ipiki^piki HC MUSANZE 20.000 Frw<br />
Inyangamugayo ya<br />
Gacaca<br />
HC MUSANZE<br />
13.000 Frw<br />
Umwaka 1<br />
n’ihazabu ya 60.000<br />
Frw<br />
Imyaka 5 n’ihazabu<br />
ya 40.000 Frw<br />
8.<br />
GOPAL Reddy mwene Ramana Reddy<br />
na Yasodomna-Rugenge-Nyarugenge-<br />
Umujyi wa Kigali<br />
Responsable<br />
de Transport /<br />
PETROCOM<br />
HC MUSANZE<br />
50.000 fRW<br />
Imyaka 2 isubitse<br />
n’ihazabu ya 50.000<br />
Frw<br />
9.<br />
GATARAYIHA Aloys<br />
mwene SEBUDANDI na<br />
UZAMUKUNDA,wavutse 1969 utuye<br />
Rubimba-Vumwe-Remera-Ngoma EST<br />
Umucuruzi TGI NGOMA 30.000 Frw<br />
Imyaka 5 n’Ihazabu<br />
y’amafaranga<br />
60.000<br />
10.<br />
11.<br />
KALISA Hassan Mwene KAREKEZI<br />
Ibrahim MUKANGOGA Selaphine<br />
–MBUGANGARI- GISENYI- RUBAVU<br />
MUSEKURA Alphonse mwene<br />
BAGIRISHYA na NYIRARUVUGO<br />
Utuye Nyamyumba,Akarere RUBAVU-<br />
Umush<strong>of</strong>eri<br />
Umwanditsi<br />
wa kabiri<br />
w’urukiko gacaca<br />
rw’umurenge<br />
TGI RUBAVU<br />
TGI RUBAVU<br />
17.000 Frw<br />
Kwakira no gutanga ruswa<br />
y’amafaranga 50.000 Frw<br />
Imyaka 15+ihazabu<br />
ya 60.000fr<br />
Imyaka 3 + ihazabu<br />
ya 100.000 Frw<br />
12.<br />
NDERERIMANA Alexandre Mwene<br />
KARIBUSHI na BURUHIJE utuye<br />
umurenge wa NYAMYUMBA ,akarere<br />
ka Rubavu,<br />
Umuhinzi<br />
TGI RUBAVU<br />
Kwakira no gutanga ruswa<br />
y’amafaranga 50.000 Frw<br />
Imyaka 3 + ihazabu<br />
ya 100.000 Frw<br />
14<br />
Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />
Telefoni itishyuzwa199
TURWANYE RUSWA<br />
Urwego rw’Umuvunyi<br />
13.<br />
RWANYANGE Bernard mwene<br />
MUNYARUGURU na NYIRABIGORI<br />
utuye umurenge wa JENDA,Akarere ka<br />
Nyabihu,<br />
Umuhinzi<br />
TGI RUBAVU 30.000 Frw Imyaka 2<br />
14.<br />
MUKANDEKEZI Bernadette mwene<br />
buhimbare na ntahombyariye utuye<br />
Akagali Gasizi,umurenge wa Jenda-<br />
Nyabihu,<br />
Umuhinzi<br />
TGI RUBAVU 30.000 Frw Imyaka 2<br />
15.<br />
MUKAFURIKA Alodias mwene<br />
GATWARANGABO na Bavuriki-<br />
NGORORERO-NGORORERO<br />
Umuhinzi TGI RUBAVU 150.000 Frw<br />
Imyaka 5 n’ihazabu<br />
y’amafaranga<br />
150.000Frw<br />
16.<br />
KAMPIRE Gaudence<br />
mwene BAZIRAMWABO NA<br />
NYIRANTABIRE- Guriro-Karago-<br />
Nyabihu<br />
Umuhinzi<br />
TGI RUBAVU<br />
100.000 Frw<br />
Imyaka 3 n’ihazabu<br />
y’amafaranga<br />
100.000<br />
17.<br />
AKIMANIZANYE Vénantie<br />
mwene NTAWUSIGUMURUHO na<br />
MABANZA –Kimisebeya-Birembo-<br />
Rambura- Nyabihu<br />
Umuhinzi<br />
TGI RUBAVU<br />
100.000Frw<br />
Imyaka 3 n’ihazabu<br />
y’amafaranga<br />
100.000<br />
18.<br />
MUJAWASE Clémentine<br />
mwene NKURIKIYINKA Jean na<br />
NYIRAMAHIRWE Dative, Nyagacaca-<br />
Ruyenzi-Runda-Kamonyi<br />
Umuhinzi<br />
TGI MUHANGA<br />
17.000 Frw<br />
Imyaka 8 n’ihazabu<br />
y’amafaranga<br />
200.000<br />
19.<br />
KURADUSENGE Jean d’Amour<br />
mwene Kuradusenge Damien na<br />
Nyiranzabirinda Athanasie, Nyagacaca-<br />
Ruyenzi-Runda-Kamonyi;<br />
Ashinzwe<br />
umutekano mu<br />
Kagari<br />
TGI MUHANGA<br />
17.000 Frw<br />
Imyaka 8 n’ihazabu<br />
y’amafaranga<br />
200.000<br />
20.<br />
NTAHONKIRIYE Pascal mwene<br />
Habiyakare Emmanuel na Mukamurigo<br />
Bernadette,Gahondo-Gasiza-Runda-<br />
Kamonyi<br />
Ashinzwe amakuru<br />
mu Mudugudu TGI MUHANGA 17.000 Frw<br />
Imyaka 8 n’ihazabu<br />
y’amafaranga<br />
200.000<br />
21.<br />
NYANDWI Pascal mwene Senyakirama<br />
na Mushimampuyo,Nyagacaca-Ruyenzi-<br />
Runda-Kamonyi<br />
Nyumbakumi TGI MUHANGA 17.000 Frw<br />
Imyaka 8 n’ihazabu<br />
y’amafaranga<br />
200.000<br />
22.<br />
HAKIZIMFURA Gaspard mwene<br />
Munyengango Paul na Nyiramisago<br />
-Gaseke-Kayumbu-Kamonyi<br />
Inyangamugayo mu<br />
rukiko Gacaca TGI MUHANGA 15.000 Frw<br />
imyaka 15<br />
n’ihazabu<br />
y’amafaranga<br />
300.000<br />
23.<br />
KIMONYO Thacien mwene Iraguha<br />
Fabien na Nyirangaruye Petronille<br />
-Bibungo-Nyamiyaga-Kamonyi<br />
Umuhinzi TGI MUHANGA 15.000 Frw<br />
imyaka 5 n’ihazabu<br />
y’amafaranga<br />
150000 Frw<br />
24.<br />
NTIBIRINGIRWA Elias mwene<br />
BIRAHAGA na NYIRABURERA,<br />
-Nemba-Mugunga-Gakenke<br />
Umuhuzabikorwa<br />
w’Akagali ka<br />
Nemba<br />
TGI MUSANZE<br />
60.000frw<br />
Ihazabu<br />
y’amafaranga<br />
100.000frw.<br />
25.<br />
BAZIRUWISHAKIYE Boniface<br />
mwene Kajibwami Thomas na Ntamwezi<br />
Rosalie, Kabaya-Gahinga-Nemba<br />
Umuhinzi TGI Musanze 5.000 Frw Imyaka 2<br />
26.<br />
BALINDA HABIMANA Godefroid<br />
mwene HABIMANA Michel na<br />
NYIRANDABARUTA -Mbugangari-<br />
Gisenyi<br />
Umush<strong>of</strong>eri TGI MUSANZE 50 Dollars<br />
Imyaka 5 n’ihazabu<br />
y’amadolari 50<br />
27.<br />
USABABERA Emmanuel mwene<br />
Bigirimana na Nyirabuseruka-Umujyi wa<br />
Ruhengeri;<br />
Umupolisi TGI MUSANZE 50 Dollars<br />
Imyaka 5 n’ihazabu<br />
y’amadolari 50<br />
28.<br />
MUKAKABERA Drocelle mwene<br />
Bakundukize na NYIRARUBIBI<br />
-Busasamana -Nyanza;<br />
Umupolisi<br />
TGI HUYE 10.000 Frw Imyaka 2<br />
29.<br />
NYIRAMINANI Mariam mwene<br />
Habyarimana na Mukamugema-<br />
Busasamana-Nyanza;<br />
Umuhinzi TGI HUYE 10.000 Frw Imyaka 2<br />
30.<br />
GATETE Jean de Dieu mwene<br />
Gashirabake na Mukandayisenga,<br />
Remera-Kicukiro<br />
Umupolisi<br />
TGI Nyarugenge<br />
120.000 Frw<br />
Imyaka 5 kuri buri<br />
wese n’ ihazabu ya<br />
240.000 Frw<br />
15<br />
Telefoni itishyuzwa199<br />
Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong>
Urwego rw’Umuvunyi<br />
TURWANYE RUSWA<br />
31.<br />
32.<br />
KAMANZI Dominique mwene<br />
Kamanzi Augustin na Mutumwinka<br />
RUGEMA Jean Claude mwene<br />
Rugema Théonestin na Uwamaliya-<br />
Rusororo<br />
Umupolisi TGI Nyarugenge 120.000 Frw<br />
Umupolisi TGI Nyarugenge 120.000 Frw<br />
Imyaka 5 kuri buri<br />
wese n’ ihazabu ya<br />
240.000 Frw<br />
Imyaka 5 kuri buri<br />
wese n’ ihazabu ya<br />
240.000 Frw<br />
33.<br />
MURAMUTSA Jean Pierre mwene<br />
Muramutsa Jean na Mukasharangabo-<br />
Remera -Kacyiru<br />
Umupolisi TGI Nyarugenge 120.000 Frw<br />
Imyaka 5 kuri buri<br />
wese n’ ihazabu ya<br />
240.000 Frw<br />
34.<br />
35.<br />
36.<br />
NDAYAMBAJE Eric mwene<br />
Munyakarambi na Mukarugina-<br />
Amahoro-Muhima-Nyarugenge;<br />
NDARUHUTSE Jean Claude mwene<br />
Gatera na Kaligirwa-Nyabagaza-<br />
Nyabagaza-Bicumbi-<br />
NTAHONDEREYE André mwene<br />
Birindiro na Kamuzima, Muko-<br />
Ruharamba-Bukunzi<br />
Umupolisi TGI Nyarugenge 2.500 Frw<br />
Umucuruzi TGI Nyarugenge 2.500 Frw<br />
Umush<strong>of</strong>eri TGI NYAMAGABE 10.000 Frw Amezi 5<br />
Imyaka 5 n’ihazabu<br />
y’amafaranga<br />
50.000<br />
Imyaka 5 n’ihazabu<br />
y’amafaranga<br />
50.000<br />
37.<br />
NZABIHIMANA Anatole mwene<br />
Nyirishema na Karugama, Kirwa-<br />
Bugarura-Kibirizi-Nyamagabe<br />
Umuhinzi TGI NYAMAGABE 30.000 Frw<br />
Imyaka 3 n’ihazabu<br />
ya 60.000 Frw<br />
38.<br />
RURANGWA Wellars mwene<br />
Hishamunda na Mukamusoni, Birambo-<br />
Karama-Cyanika-Nyamagabe<br />
Umuhinzi TGI NYAMAGABE 50.000 Frw<br />
Imyaka 2 n’igice<br />
n’ihazabu ya<br />
200000 Frw<br />
39.<br />
NDAGIJIMANA Joseph mwene<br />
Gahinyuza na Nyiramasabo, Ruramba-<br />
Ruramba-Nyaruguru<br />
Umuhinzi TGI NYAMAGABE 30.000 Frw<br />
umwaka 2<br />
n’ihazabu ya 20.000<br />
Frw<br />
40.<br />
MUJAWASE Clémentine<br />
mwene NKURIKIYINKA Jean na<br />
NYIRAMAHIRWE Dative, Nyagacaca-<br />
Ruyenzi-Runda-Kamonyi;<br />
Umuhinzi TGI MUHANGA 17.000 Frw<br />
Imyaka 8 n’ihazabu<br />
y’amafaranga<br />
200.000<br />
41.<br />
NSANZABAGANWA Cyprien mwene<br />
Munyarushako Aminadabu na Nyirahuku<br />
Elediyana -Bugirintego-Rutabo-Kinazi-<br />
Ruhango<br />
Umuhinzi TGI MUHANGA 170.000 Frw<br />
imyaka 5 n’ihazabu<br />
y’amafaranga<br />
340.000 Frw<br />
42.<br />
MUHOZA Donatien mwene Fundi na<br />
Nzamugurisuka, Shyogwe-Muhanga<br />
Umupoilsi<br />
TGI Muhanga<br />
35.000 Frw<br />
Imyaka 7 n’ihazabu<br />
ya 150.000 Frw,<br />
43.<br />
UTANGAMAHORO Emmanuel<br />
mwene Ntawugashira na Mukakirima,<br />
Nyakagonga-Nyakagonga-Masaka-<br />
Kicukiro-Umujyi wa Kigali<br />
Ushinzwe<br />
Ibidukikije<br />
TGI Muhanga<br />
35.000 Frw<br />
Imyaka 5 n’ Ihazabu<br />
ya 150.000 Frw<br />
44.<br />
DUSABEMUNGU Gervais mwene<br />
Munyangaju na Mukaruzima Madeleine<br />
-Munanira-Munanira I-Nyakabanda-<br />
Nyarugenge;<br />
Umuhesha<br />
w’Inkiko<br />
TGI GASABO<br />
1.500.000 Frw<br />
Umwaka 1<br />
n’ihazabu<br />
y’amafaranga<br />
100.000 Frw<br />
45.<br />
SEBARWANYI Alexis mwene<br />
MIKENYERO Aloys na Ukwitegetse<br />
Gaudence-Nyandarama-Kagara-<br />
Gihundwe-Rusizi;<br />
Umuhinzi<br />
TGI RUSIZI<br />
100.000 Frw<br />
Imyaka 2 n’ihazabu<br />
ya 150000 Frw<br />
46.<br />
KALIMUNDA Joseph mwene<br />
Gafureka na Nyiranturo-Kivoga-Kagara-<br />
Gihundwe-Rusizi;<br />
Umuhinzi<br />
TGI RUSIZI<br />
100.000 Frw<br />
imyaka 3 n’ihazabu<br />
y’amafaranga<br />
200.000 Frw<br />
47.<br />
UMUTESI Julienne mwene Semavenge<br />
na Vumiliya Ange -Kadasomwa-<br />
Kamashangi-Kamembe-Rusizi<br />
Umuhinzi<br />
TGI RUSIZI<br />
100.000 Frw<br />
imyaka 3 n’ihazabu<br />
y’amafaranga<br />
200.000 Frw<br />
16<br />
48.<br />
KABANGO Bruno mwene GASARI<br />
Aloys na MUKANKUSI -Burunga-<br />
Burunga-Kamembe-Rusizi;<br />
Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />
Umucuruzi TGI RUSIZI 1.500.000 Frw<br />
Imyaka 5 kuri buri<br />
wese n’ihazabu ya<br />
600.000 Frw<br />
Telefoni itishyuzwa199
TURWANYE RUSWA<br />
Urwego rw’Umuvunyi<br />
49.<br />
MUGAMBA Etienne mwene Mukiza<br />
Yosiya na Kampororo-Gikondo-<br />
Gikondo-Kicukiro;<br />
Umukozi wa Leta TGI RUSIZI 1.500.000 Frw<br />
Imyaka 5 kuri buri<br />
wese n’ihazabu ya<br />
600.000 Frw<br />
50.<br />
MFIZI KONGO mwene Mfizi Mathias<br />
na Gacandage Thérèse -Kamembe-<br />
Rusizi;<br />
Umupolisi TGI RUSIZI 1.500.000 Frw<br />
Imyaka 5 kuri buri<br />
wese n’ihazabu ya<br />
600.000 Frw<br />
51.<br />
MURAKAZA J.Claude mwene Sehene<br />
Mathias na Nyirarekeraho-Nyarugenge;<br />
Umukozi wa Leta TGI RUSIZI 1.500.000 Frw<br />
Imyaka 5 kuri buri<br />
wese n’ihazabu ya<br />
600.000 Frw<br />
52.<br />
GATERA Laurent mwene Gatera<br />
Eliézer na Nyirahabimana -Nyarugenge<br />
Umukozi wa Leta TGI RUSIZI 1.500.000 Frw<br />
Imyaka 5 kuri buri<br />
wese n’ihazabu ya<br />
600.000 Frw<br />
53.<br />
RIZAMERA Emmanuel mwene<br />
Gasumizi na Nyiramihigo-Gitarama-<br />
Gitesi-Karongi<br />
Inyangamugayo ya<br />
gacaca<br />
TGI KARONGI<br />
100.000 Frw<br />
Imyaka 2 n’ihazabu<br />
ya 300.000 Frw<br />
54.<br />
HARELIMANA Innocent mwene<br />
Kabonero na Nyiracuma-Sure-<br />
Mushubati-Rutsiro<br />
Umuhinzi TGI KARONGI 10.000 Frw<br />
Imyaka 2 isubitswe<br />
mu gihe cy’imyaka<br />
4<br />
55.<br />
MBONIGABA Richard Benoit mwene<br />
Ntindamanyire na Bakinyenza<br />
- Gicumbi.<br />
Umuhinzi<br />
TGI GICUMBI<br />
30.000 Frw<br />
Imyaka 6 n’ihazabu<br />
ya 60.000Frw<br />
56.<br />
KABAGAMBE Michel mwene Bukoba<br />
na Ntiyamarwaki- Gicumbi.<br />
Umuhinzi<br />
TGI GICUMBI<br />
30.000 Frw<br />
Imyaka 6 n’ihazabu<br />
ya 60.000Frw<br />
57.<br />
MWERINDE Jackson Gad mwene<br />
Betoma na Cyafute- Gicumbi.<br />
Umuhinzi<br />
TGI GICUMBI<br />
30.000 Frw<br />
Imyaka 6 n’ihazabu<br />
ya 60.000Frw<br />
58.<br />
MUHANGI Albert mwene Gahigima na<br />
Tumwine- Gicumbi.<br />
Umuhinzi<br />
TGI GICUMBI<br />
30.000 Frw<br />
Imyaka 6 n’ihazabu<br />
ya 60.000Frw<br />
59.<br />
NDAYAMBAJE Médard mwene<br />
Rwayeru na Nyakaregwa- Gicumbi,<br />
Umuhinzi TGI GICUMBI 30.000 Frw<br />
Imyaka 6 n’ihazabu<br />
ya 60.000Frw<br />
60.<br />
KWEHANGANA Josué mwene<br />
Kagwentore na Kanyambo- Gicumbi.<br />
Umuhinzi<br />
TGI GICUMBI<br />
30.000 Frw<br />
Imyaka 6 n’ihazabu<br />
ya 60.000Frw<br />
61<br />
HABIYAREMYE Laurent mwene<br />
Nyamihana Aphrodis na Mukarutambuka<br />
Anathalie-Kinanira-Gitwa-Gihombo-<br />
Nyamasheke<br />
TB KAGANO 10.000 Frw Imyaka 3<br />
62.<br />
NTEGEKURORA Charles mwene<br />
Nemeyabahizi na Nikobambera-Haniro-<br />
Manihiro-Rutsiro<br />
Umuhinzi TB GIHANGO 15.000 Frw<br />
Imyaka 5 n’ihazabu<br />
y’amafaranga<br />
45.000<br />
63.<br />
MUDAHISHURUKUNDO<br />
Viateur mwene TURIKUNKIKO na<br />
NYIRABAHASHYI-Bambiro-Ngororero<br />
Inyangamugayo ya<br />
gacaca<br />
TB GATUMBA<br />
kwakira ruswa ya 40.000<br />
Frw<br />
Imyaka 4 n’ihazabu<br />
y’amafaranga<br />
10.000<br />
IBISOBANURO:<br />
HC: Urukiko Rukuru<br />
TGI: Urukiko Rwisumbuye<br />
TB: Urukiko rw’Ibanze<br />
Telefoni itishyuzwa199<br />
Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />
17
Urwego rw’Umuvunyi<br />
TURWANYE RUSWA<br />
Abaciriwe imanza ku cyaha cya ruswa, igihembwe cya kabiri<br />
<strong>2010</strong><br />
I.ABAHAMWE N’’ICYAHA BATAJURIYE<br />
N° UMWIRONDORO<br />
1<br />
2<br />
3<br />
RPA0010/10/HC/RSZ,<br />
NKEJABERA Gaspard mwene<br />
Serufigi na Nyirahuku<br />
Rwankuba-Karongi<br />
RPA 0016/09/HC/RWG<br />
GATETE Aloys<br />
mwene Bizimana Callixt na<br />
Kabagwira Cécile<br />
Sibagire-Kigabiro-Rwamagana<br />
RPA 0016/09/HC/RWG MUGABO<br />
Hussein Alias Kanyoni<br />
mwene Rugwabiza Issa na<br />
Mujawurugo Amina<br />
Miyange-Sibagire-Kigabiro-<br />
Rwamagana<br />
UMULIMO<br />
YAKORAGA<br />
URUKIKO<br />
RWAMUKATIYE<br />
AGACIRO<br />
KA RUSWA<br />
YATANZWE<br />
CYANGWA<br />
YAKIRIWE<br />
Umuhinzi HC RUSIZI 100.000 Frw<br />
Inyangamugayo ya<br />
Gacaca<br />
Inyangamugayo ya<br />
Gacaca<br />
IGIHANO<br />
Imyaka 6<br />
n’ihazabu ya<br />
200.000 Frw<br />
UBUJURIRE<br />
Ntiyajuriye<br />
HC RWAMAGANA 80.000 Frw Imyaka 7 Ntiyajuriye<br />
HC RWAMAGANA 80.000 Frw Imyaka 7 Ntiyajuriye<br />
4<br />
RPA0304/09/TGI/KGI,<br />
RIZAMERA Emmanuel mwene<br />
Gasumizi na Nyiramihigo<br />
Nyagisozi-Kanunga-Gitesi-Karongi<br />
Umuhinzi TGI KARONGI 100.000 Frw<br />
Imyaka 2<br />
n’ihazabu<br />
y’amafaranga<br />
300.000 Frw<br />
Ntiyajuriye<br />
5<br />
6<br />
7<br />
8<br />
9<br />
10<br />
11<br />
12<br />
13<br />
14<br />
RP0305/09/TGI/KGI<br />
MUTWARE Anatole mwene<br />
Nyirinkwaya na Mukahigiro<br />
Musasa-Gishyita-Karongi<br />
RP0305/09/TGI/KGI<br />
HASANGWINEZA Edouard<br />
mwene Munyandekwe na<br />
Mukarugwiza<br />
Gisiza-Cyanya-Gishyita-Karongi<br />
RP00024/010/TGI/RBV,<br />
SEBURIGA Jonas mwene<br />
Bushimbiri na Mugirwanake<br />
Giramata<br />
Bigogwe-<br />
Kanzenze-Rubavu.<br />
RP00067/010/TGI/RBV,<br />
NSHIMIYIMANA Sylver mwene<br />
Niyonzima na Mukankwiro<br />
Kabali-Rutagara-Muhanda-<br />
Ngororero.<br />
RP00067/010/TGI/RBV,<br />
HABAKURAMA Jean mwene<br />
Kabarirana Urimubenshi<br />
Gahonjo-Rubavu-Gisenyi-Rubavu.<br />
RP0431/09/TGI/RBV, GATAHANO<br />
Elie mwene Sebatware na<br />
Nyirabanditsi Bunjuri-Bugeshi-<br />
Rubavu.<br />
RP0431/09/TGI/RBV,<br />
HAKIZIMANA Jonathan. mwene<br />
Kabumba Bugeshi<br />
Rubavu.<br />
RP0167/010/TGI/MHG<br />
MAGELLAN William mwene<br />
Rwangoga na Kayisinga<br />
Kabare-Uganda.<br />
RP0204/010/TGI/MHG<br />
KARAMUKA Félix mwene Gasasira<br />
Léonard na Izabiliza Marie Mukinga<br />
Nyamiyaga-Kamonyi.<br />
RP049/010/TGI/MHG<br />
CPL HAKUZIMANA André<br />
mwene Rugwizangoga na<br />
Ayinkamiye Kabihogo-Kabihogo-<br />
Boneza-Karongi<br />
Umuhinzi TGI KARONGI 120.000 Frw<br />
Umuhinzi TGI KARONGI 120.000 Frw<br />
Umwaka 1<br />
n’ihazabu ya<br />
270.000 Frw<br />
Umwaka 1<br />
n’ihazabu ya<br />
150.000 Frw<br />
Ntiyajuriye<br />
Ntiyajuriye<br />
Umuhinzi TGI RUBAVU 50.000 Frw Imyaka 5 Ntiyajuriye<br />
Umuhinzi TGI RUBAVU 50.000 Frw<br />
Umukuru<br />
w’Umudugudu<br />
TGI RUBAVU<br />
7.000 Frw<br />
Umuhinzi TGI RUBAVU 200.000 fRW<br />
Umuhinzi TGI RUBAVU 200.000 fRW<br />
Umucuruzi TGI MUHANGA 30.000 Frw<br />
Umucuruzi TGI MUHANGA 20.000 Frw<br />
Imyaka 2<br />
n’ihazabu ya<br />
21.000 Frw<br />
Umwaka 1<br />
n’ihazabu ya<br />
50.000 Frw<br />
Imyaka 3<br />
n’ihazabu ya<br />
200.000 Frw<br />
Imyaka 3<br />
n’ihazabu ya<br />
200.000 Frw<br />
Imyaka 5<br />
n’ihazabu<br />
y’amafaranga<br />
60.000 Frw<br />
Imyaka 6<br />
n’ihazabu<br />
y’amafaranga<br />
50.000 Frw<br />
Ntiyajuriye<br />
Ntiyajuriye<br />
Ntiyajuriye<br />
Ntiyajuriye<br />
Ntiyajuriye<br />
Ntiyajuriye<br />
Umupolisi TGI MUHANGA 5.000 Frw Imyaka 5 Ntiyajuriye<br />
18<br />
Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />
Telefoni itishyuzwa199
TURWANYE RUSWA<br />
Urwego rw’Umuvunyi<br />
15<br />
16<br />
17<br />
18<br />
19<br />
20<br />
RP049/010/TGI/MHG<br />
BYENDA Théogène mwene<br />
Munyampundu Théodomir na<br />
Hategekimana Majyambere<br />
Gisozi-Gisozi-Gasabo<br />
RP0054/010/TGI/MHG<br />
IYAKAREMYE Marc mwene<br />
Semagegera na Ukongoboka<br />
Mata-Rwamiko-Nyaruguru<br />
RP0360/09/TGI/MHG<br />
SEFU Are mwene Are Omar na<br />
Mayidiya Sitikitu<br />
Ngoma-Ngoma-Huye<br />
RP0025/010/TGI/HYE, GATETE<br />
Patrick mwene Musambi Innocent na<br />
Mukagatare Anathalie<br />
Sazange-Kinazi-Huye.<br />
RP0025/010/TGI/HYE<br />
MUKAKABERA Francine mwene<br />
Bapfakurera Callixte na Mutumyinka<br />
Vénantie<br />
Kokobe-Munanira<br />
-Nyakabanda-Nyarugenge.<br />
RP0099/08/TGI/HYE,<br />
UWIMANA Bernard mwene<br />
Rudahunga Aphrodis na<br />
Mukamugemana Agnès<br />
-Mugombwa-Gisagara-Huye.<br />
Umush<strong>of</strong>eri TGI MUHANGA 5.000 Frw Imyaka 5 Ntiyajuriye<br />
Umush<strong>of</strong>eri TGI MUHANGA 2.000 FRw<br />
Imyaka 5 n’amezi<br />
3 n’ihazabu ya<br />
10.000 Frw<br />
Ntiyajuriye<br />
Convoyeur wa taxi TGI MUHANGA 3.000 Frw Imyaka 5 Ntiyajuriye<br />
Umuhinzi TGI HUYE 20.000 Frw<br />
Umuhinzi TGI HUYE 20.000 Frw<br />
Umupolisi<br />
i Mugombwa<br />
Imyaka 2<br />
n’ihazabu<br />
y’amafaranga<br />
200.000 Frw<br />
Imyaka 2<br />
n’ihazabu<br />
y’amafaranga<br />
200.000 Frw<br />
Ntiyajuriye<br />
Ntiyajuriye<br />
TGI HUYE 30.000 Frw Imyaka 10 Ntiyajuriye<br />
21<br />
RP0099/08/TGI/HYE,<br />
NKURUNZIZA Vincent mwene<br />
Murengerantwari Théoneste na<br />
Nyiramana Françoise<br />
Duwane-Kibirizi-Gisagara<br />
Umupolisi TGI HUYE 30.000 Frw<br />
Habaye ubuzime<br />
bw’ikurikirana<br />
cyaha kuko<br />
yapfuye<br />
22<br />
RP0141/09/TGI/NYGE<br />
NSHIMIYIMANA Emmanuel<br />
mwene Rwabayundo na<br />
Nyiramugwera Christia<br />
Nyanza-Gatenga-Kicukiro<br />
Umuhinzi TGI NYARUGENGE 60.000 Frw<br />
Imyaka 5<br />
n’ihazabu ya<br />
120.000 Frw<br />
Ntiyajuriye<br />
23<br />
RP0141/09/TGI/NYGE<br />
MUNYEMANA Oreste mwene<br />
DUSHIMIMANA Evariste na<br />
Mukankurikiyinka Agnès<br />
Karugira-Kigarama-Kicukiro<br />
Local Defence Force TGI NYARUGENGE 80.000 Frw<br />
Imyaka 5<br />
n’ihazabu ya<br />
160.000 Frw<br />
Ntiyajuriye<br />
24<br />
RP0141/09/TGI/NYGE<br />
MUGABYI Ildephonse<br />
mwene Ndayazi Ildephonse na<br />
Mukanyamibwa Félicité<br />
Amahoro-Karambo-Gatenga-<br />
Kicukiro<br />
Local Defence Force TGI NYARUGENGE 59.000 Frw<br />
Imyaka 5<br />
n’ihazabu ya<br />
118.000 Frw<br />
Ntiyajuriye<br />
25<br />
RP0141/09/TGI/NYGE<br />
HABIYAREMYE Fidèle mwene<br />
Nkikabahizi André na Mukarurayi<br />
Cécile<br />
Nyanza-Gatenga-Kicukiro<br />
Local Defence Force TGI NYARUGENGE 58.000 Frw<br />
Imyaka 5<br />
n’ihazabu ya<br />
116.000 Frw<br />
Ntiyajuriye<br />
26<br />
RP0141/09/TGI/NYGE<br />
C/SGT ZIRUGURU Emmanuel<br />
mwene Nyaruguru Eliphaz na<br />
Nyirangirumwami Es<strong>the</strong>r<br />
Kiberinka-Rugarama-Nyamirambo-<br />
Nyarugenge<br />
Umupolisi TGI NYARUGENGE 60.000 Frw<br />
Imyaka 5<br />
n’ihazabu ya<br />
120.000 Frw<br />
Ntiyajuriye<br />
27<br />
RP0141/09/TGI/NYGE<br />
NTAKIRUTIMANA Etienne<br />
mwene Ndirisi Samuel na<br />
Uzamukunda Marie<br />
Nyanza-Gatenga-Kicukiro<br />
Technician TGI NYARUGENGE 120.000 Frw<br />
Imyaka 2<br />
n’ihazabu ya<br />
240.000 Frw<br />
Ntiyajuriye<br />
28<br />
RP0141/09/TGI/NYGE<br />
MUHAYIMANA Boniface mwene<br />
Bugingo François na Gakunzi<br />
Thacienne<br />
Gatenga-Kicukiro<br />
Umunyeshuri TGI NYARUGENGE 280.000 Frw<br />
Imyaka 5<br />
n’ihazabu ya<br />
560.000 Frw<br />
Ntiyajuriye<br />
29<br />
RP0141/09/TGI/NYGE<br />
UZABARURU J Baptiste mwene<br />
Sebishihe Théobald na Ayinkamiye<br />
Madeleine<br />
Nyanza-Gatenga-Kicukiro<br />
Umucuruzi TGI NYARUGENGE 50.000 Frw<br />
Imyaka 2 n’amezi<br />
6 n’ihazabu ya<br />
100.000 Frw<br />
Ntiyajuriye<br />
Telefoni itishyuzwa199<br />
Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />
19
Urwego rw’Umuvunyi<br />
TURWANYE RUSWA<br />
30<br />
RP0141/09/TGI/NYGE<br />
HAVUGIMANA Félix mwene<br />
Muhizi Vincent na Nyirakanani<br />
Spéciose<br />
Nyanza-Gatenga-Kicukiro<br />
Umuhinzi TGI NYARUGENGE 85.000 Frw<br />
Imyaka 2 n’amezi<br />
6 n’ihazabu ya<br />
170.000 Frw<br />
Ntiyajuriye<br />
31<br />
RP0141/09/TGI/NYGE<br />
HATEGEKIMANA Marchal<br />
mwene Rutwaza Charles na<br />
Nyirafurera Dancille<br />
Nyanza-Gatenga-Kicukiro<br />
Umwubatsi TGI NYARUGENGE 130.500 Frw<br />
Imyaka 2 n’amezi<br />
6 n’ihazabu ya<br />
261.000 Frw<br />
Ntiyajuriye<br />
32<br />
RP0141/09/TGI/NYGE<br />
NSHIZIRUNGU Emmanuel<br />
mwene Rucira Gérard na Nyiracekeri<br />
Stéphanie<br />
Nyanza-Gatenga-Kicukiro<br />
Umufundi TGI NYARUGENGE 20.000 Frw<br />
Imyaka 2 n’amezi<br />
6 n’ihazabu ya<br />
40.000 Frw<br />
Ntiyajuriye<br />
33<br />
RP0141/09/TGI/NYGE<br />
NTIRENGANYA Emmanuel<br />
mwene Hamisi Emmanuel na<br />
Mukankusi Helena-Murambi-<br />
Gatenga-Kicukiro<br />
Umufundi TGI NYARUGENGE 19.000 Frw<br />
Imyaka<br />
5n’ihazabu ya<br />
38.000 Frw<br />
Ntiyajuriye<br />
20<br />
34<br />
35<br />
36<br />
37<br />
38<br />
39<br />
40<br />
41<br />
42<br />
43<br />
44<br />
45<br />
46<br />
RP0141/09/TGI/NYGE<br />
HABANABAKIZE Ferdinand<br />
mwene Iyamuremye na Bampire<br />
Patricie<br />
Gatenga-Gatenga-Kicukiro<br />
RP0141/09/TGI/NYGE<br />
Niyonsenga Fidèle mwene<br />
Nsengiyumva Ephrem na<br />
Mukakarangwa Solange<br />
Gahanga-Kicukiro<br />
RP0926/09/TGI/NYGE<br />
RUSAKARA Landouard mwene<br />
Ngabo na Mukambuguje<br />
Kigali-Nyarugenge<br />
RP0926/09/TGI/NYGE<br />
NIYOYITA Jérémie mwene Karera<br />
na Ayinkamiye<br />
Rukiri-Gasabo<br />
RP0244/09/TGI/GSBO<br />
MBONYUMUGENZI Jean Pierre<br />
Didier mwene Sendarasi Vincent na<br />
Uwimana<br />
Kanombe-Kicukiro.<br />
RP0575/09/TGI/GSBO, OKELO<br />
Maurice mwene Sylvestre Derick na<br />
Marguerite Aoko<br />
Kiyovu-Nyarugenge-Nyarugenge.<br />
RP0027/10/TGI/RSZ<br />
HABIMANA Saint Paul<br />
mwene Ntamuhanga Innocent na<br />
Mukamusenga Xavérine<br />
Gaturo-Bugarura-Nkombo-Rusizi<br />
RP004/10/TGI/RSZ<br />
BIZIMANA Casimir mwene<br />
Ahorukomeye na Nyirashyirambere<br />
Nyamugali-Kabagina-Nyakarenzo-<br />
Rusizi<br />
RP0106/010/TGI/NYBE<br />
TWAGIRAMUNGU Déo mwene<br />
Shabwi na Kabagema<br />
Kabacuzi-Nyamugali-Gasaka-<br />
Nyamagabe<br />
RP091/010/TGI/NYGT HABIMANA<br />
Célestin mwene Nshunguyinka na<br />
Gikaka<br />
Nyagatoma-Tabagwe-Nyagatare<br />
RP0260/010/TGI/NYGT<br />
GUMIRIZA Jean Pierre alias<br />
Kazungu mwene Havugimana<br />
Vianney na Nyirabagenzi Joséphine<br />
Musha-Matimba-Nyagatare<br />
RP0008/10/TB/BY<br />
KARENGERA Alphonse mwene<br />
Rutagarama na Mukandahiro<br />
Nyantarure-Ryaruyumba-<br />
Manyangiro-Gicumbi<br />
RP&RONPJ 0102/09/TB/<br />
KAG0470538/S 1<br />
/09/JN/IF<br />
MUKASEWABO Immaculée mwene<br />
Biligi Jean na Nyirasanzira<br />
Murambi-Shara-Kagano-Nyamasheke<br />
Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />
Chauffeur TGI NYARUGENGE 398.000 Frw<br />
- TGI NYARUGENGE 340.000 Frw<br />
Umupolisi TGI NYARUGENGE 10.000 Frw<br />
Chauffeur TGI NYARUGENGE 10.000 Frw<br />
Umukozi mu Rukiko<br />
rw’Ikirenga<br />
TGI GASABO<br />
Yatse Ruswa<br />
Sosiyete yari<br />
yatsindiye<br />
isoko<br />
Imyaka 5<br />
n’ihazabu ya<br />
796.000 Frw<br />
Imyaka<br />
5n’ihazabu ya<br />
680.000 Frw<br />
Imyaka 5<br />
n’ihazabu ya<br />
20.000 Frw<br />
Imyaka 5<br />
n’ihazabu ya<br />
20.000 Frw<br />
Imyaka 5<br />
Technicien TGI GASABO 50.000 Frw Imyaka 2<br />
Umunyamabanga<br />
Nshingwabikorwa<br />
w’Akagali<br />
TGI RUSIZI<br />
15.000 Frw<br />
Umurezi TGI RUSIZI 5.000 Frw<br />
Ushinzwe imisoro<br />
muri Rwanda Revenue<br />
Authority<br />
TGI NYAMAGABE<br />
500.000 Frw<br />
Umuhinzi TGI NYAGATARE 30.000 Frw<br />
Umuhinzi TGI NYAGATARE 5.000 Frw<br />
Imyaka 5<br />
n’ihazabu ya<br />
90.000 Frw<br />
Imyaka 2<br />
n’ihazabu ya<br />
30.000 Frw<br />
Imyaka 7<br />
n’ihazabu ya<br />
1.000.000 Frw<br />
Imyaka 5<br />
n’ihazabu ya<br />
150.000 Frw<br />
Imyaka 5<br />
n’ihazabu ya<br />
150.000 Frw<br />
Ntiyajuriye<br />
Ntiyajuriye<br />
Ntiyajuriye<br />
Ntiyajuriye<br />
Ntiyajuriye<br />
Ntiyajuriye<br />
Ntiyajuriye<br />
Ntiyajuriye<br />
Umuhinzi TB BYUMBA 5.000 Frw Imyaka 2 Ntiyajuriye<br />
Umwalimu uri mu<br />
kiruhuko cy’izabukuru<br />
TB KAGANO<br />
5.000 Frw<br />
Umwaka 1<br />
usubitswe mu<br />
gihe cy’umwaka<br />
umwe n’ihazabu<br />
ya 20.000 Frw<br />
Ntiyajuriye<br />
Telefoni itishyuzwa199
TURWANYE RUSWA<br />
Urwego rw’Umuvunyi<br />
II.<br />
ABAHAMWE N’ICYAHA ARIKO BAJURIYE<br />
N° UMWIRONDORO<br />
1<br />
2<br />
RPA0328/09/HC/RSZ,<br />
RENZAHO Ildéphonse<br />
mwene Birikunzira Nicolas na<br />
Nyirabayavuge<br />
Ruvuruga-Gitambi-Rusizi<br />
RPA0080/10/TGI/RSW,<br />
TWAGIRAYEZU Cyriaque<br />
3 RP0141/09/TGI/NYGE<br />
4<br />
MPARABANYI J.Claude mwene<br />
Kayonga Félicien na Musabwa<br />
Anastasie<br />
Nyanza-Gatenga-Kicukiro<br />
UMULIMO<br />
YAKORAGA<br />
URUKIKO<br />
RWAMUKATIYE<br />
AGACIRO<br />
KA RUSWA<br />
YATANZE<br />
CYANGWA<br />
YAKIRIWE<br />
IGIHANO<br />
UBUJURIRE<br />
Umuhinzi HC RUSIZI 60.000 Frw Imyaka 5 Yarajuriye<br />
Umuhinzi TGI RUSIZI<br />
Umuhinzi TGI NYARUGENGE 80.000 Frw<br />
Imyaka 4 n’ihazabu<br />
y’amafaranga<br />
100.000 Frw<br />
Imyaka 5 n’ihazabu<br />
y’amafaranga<br />
160.000 Frw<br />
Yarajuriye<br />
Yarajuriye<br />
5 RP 0381/06/TGI/NYGE TGI NYARUGENGE Yarajuriye<br />
6<br />
DOUMBUYA Djeni mwene Brahimu<br />
Doumbuya na Fanta Bamba<br />
Biryogo-Nyamirambo-Nyarugenge<br />
- TGI NYARUGENGE 50.000 Frw<br />
Imyaka 2 n’ihazabu<br />
y’amafaranga<br />
100.000 Frw<br />
7<br />
RP 0381/06/TGI/NYGE<br />
KAPORALI Terry Faustin mwene<br />
Kayibanda na Musanabera<br />
Nyarugunga-Kicukiro<br />
Umupolisi TGI NYARUGENGE 50.000 Frw<br />
Imyaka 10 n’ihazabu<br />
y’amafaranga<br />
100.000 Frw<br />
Yarajuriye<br />
8<br />
9<br />
10<br />
11<br />
12<br />
RP 0107/10/TGI/GIC<br />
Dusingizumukiza Alfred mwene<br />
Mbarushimana na Mukazimurinda<br />
Byumba-Gicumbi<br />
RP 0107/10/TGI/GIC<br />
Rugengamanzi Janvier alias<br />
Rudomoro mwene Iyakaremye na<br />
Mukamana<br />
Byumba -Gicumbi<br />
RP0546/09/TGI/MHG<br />
KAYITESI Claudine mwene<br />
Gakwaya na Mukakalisa<br />
Nyagacaca-Ruyenzi-Runda-Kamonyi<br />
RP0546/09/TGI/MHG<br />
HABIMANA Jean Claude mwene<br />
Rwaramba Saveri na Karwera Savera<br />
Rugazi-Ruyenzi-Runda-Kamonyi<br />
RP009/010/TGI/MHG<br />
SIBOMANA Viateur mwene<br />
Bagiramenshi Vianney na<br />
Nyirabahinzi Césarie<br />
Kiyoro-Munazi-Mushishiro-Muhanga<br />
Umucamanza<br />
ugengwa<br />
n’amasezerano<br />
TGI GICUMBI<br />
200.000 Frw<br />
Imyaka 15 n’ihazabu<br />
ya 100.000frws<br />
Yarajuriye<br />
Umush<strong>of</strong>eri TGI GICUMBI 200.000 Frw Imyaka 5 Yarajuriye<br />
Inyangamugayo<br />
y’Urukiko<br />
Gacaca<br />
TGI MUHANGA<br />
300.000 Frw<br />
Umuhinzi TGI MUHANGA 150.000 Frw<br />
Umucuruzi TGI MUHANGA 100.000 Frw<br />
Imyaka 7 n’ihazabu<br />
ya 600.000 Frw<br />
Imyaka 5 n’ihazabu<br />
ya 300.000 Frw<br />
Imyaka 5 n’ihazabu<br />
ya 500.000 Frw<br />
Yarajuriye<br />
Yarajuriye<br />
Yasubirishijemo<br />
urubanza<br />
III.<br />
ABABAYE ABERE<br />
N° UMWIRONDORO<br />
1<br />
2<br />
RPA0612/09/HC/NYA<br />
NTABAJYANA Zéphilin mwene Rucogoza<br />
na Nyirambeba<br />
Ngaru-Nyarusange-Muhanga<br />
RPA 0384/09/HC/NYA<br />
UWUMUTIMA Mathilde mwene<br />
Mujyambere Gabriel na Kankindi Agnès<br />
Kibilizi-Gisagara<br />
Telefoni itishyuzwa199<br />
UMULIMO<br />
YAKORAGA<br />
URUKIKO<br />
RWAMUKATIYE<br />
AGACIRO<br />
KA RUSWA<br />
YATANZWE<br />
CYANGWA<br />
YAKIRIWE<br />
IGIHANO<br />
Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />
UBUJURIRE<br />
Umuhinzi HC NYANZA 10.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />
Inyangamugayo<br />
muri Gacaca<br />
HC NYANZA 10.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />
21
Urwego rw’Umuvunyi<br />
TURWANYE RUSWA<br />
3<br />
4<br />
5<br />
6<br />
7<br />
8<br />
RPA 0384/09/HC/NYA<br />
KANAMUGIRE Archange mwene<br />
Uwizeye Michael na Musasangohe Daphrose<br />
Kibilizi-Gisagara<br />
RP0037/010/TGI/RBV,<br />
MAHENERO Claver mwene Gasozi na<br />
Ubarijoro<br />
Gitwa-Kavumu-Ngororero<br />
RP0037/010/TGI/RBV,<br />
MUNYAZIKWIYE Berchmans mwene<br />
Rwayego na Nyirabahutu<br />
Gitwa-Kavumu-Ngororero<br />
RP0037/010/TGI/RBV<br />
MBYARIYEHE J.Damascène mwene<br />
Rwabukamba na Icyitegetse Gitwa-Kavumu-<br />
Ngororero<br />
RP0037/010/TGI/RBV<br />
NTAWIHEBA Déo mwene Mahungeti na<br />
Kagwera<br />
Gitwa-Kavumu-Ngororero<br />
RP0662/010/TGI/RBV, NZIKOBANKUDA<br />
Tharcisse mwene Akorakazi na Namabwire<br />
Rubona-Nyamyumba-Rubavu.<br />
Inyangamugayo<br />
muri Gacaca<br />
Perezida w’Inteko<br />
y’Abunzi<br />
Umwanditsi mu<br />
Nteko y’Abunzi<br />
HC NYANZA 10.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />
TGI RUBAVU 5.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />
TGI RUBAVU 5.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />
Umwunzi TGI RUBAVU 5.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />
Umwunzi TGI RUBAVU 5.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />
Umuhinzi TGI RUBAVU 30.000 FRW Umwere Ntawajuriye<br />
9<br />
10<br />
11<br />
12<br />
13<br />
14<br />
15<br />
16<br />
17<br />
18<br />
RP0664/09/TGI/RBV, MUHAMED Salum<br />
mwene Salum Seleman na Kartoum<br />
Dar-ES-Salam-Tanzania.<br />
RP0431/09/TGI/RBV, NTINESHWA<br />
François Al Ntagisa mwene Nibamwe na<br />
Nzabanita<br />
Mutura-Nyundo-Mundende<br />
-Rubavu.<br />
RP0258/010/TGI/MHG<br />
BANGAYUMUREMYI Védaste mwene<br />
Hitimana na<br />
Kampire Pascasie<br />
Gisenyi-Remera-Nyamabuye-Muhanga.<br />
RP0258/010/TGI/MHG HAVUGIMANA<br />
Patrice mwene Byamutera As<strong>the</strong>r na<br />
Mukangarambe Domitille<br />
Gitarama-Nyamabuye-Muhanga.<br />
RP0035/010/TGI/MUS, MBONIGABA<br />
J.Baptiste mwene Karumiya na Mukasine<br />
Gahama-Kabeza-Nyange-Musanze.<br />
RP0141/09/TGI/NYGE<br />
KAYITARE Raphaël mwene Mutayoba<br />
Antoine na Nzatungwanimana Bernadette<br />
Nyanza-Gatenga-Kicukiro<br />
RP0141/09/TGI/NYGE<br />
UWUMUREMYI Félix mwene Kabonano<br />
Patrice na Nshimiyimana Léontine<br />
Nyanza-Gatenga-Kicukiro<br />
RP 0381/06/TGI/NYGE<br />
RUTEBUKA John mwene Majoro<br />
Nikodemu na Nyirakanyana<br />
Kicukiro<br />
RP 0381/06/TGI/NYGE<br />
MUGABO Bosco mwene Ntabuba Aphrodis<br />
na Mukantagara<br />
Nyarugenge<br />
RP0084/08/TGI/GSBO, MINANI Jean<br />
mwene Kazimwoto na Mukankaka<br />
Musezero-Gisozi-Gasabo.<br />
Umush<strong>of</strong>eri TGI RUBAVU 10 Dollars FRW Umwere Ntawajuriye<br />
Umuhinzi TGI RUBAVU 200.000 fRW Umwere Ntawajuriye<br />
Agronome mu<br />
Murenge wa<br />
Nyamabuye<br />
Ushinzwe<br />
amashyamba<br />
mu murenge wa<br />
Nyamabuye<br />
Umush<strong>of</strong>eri<br />
Soudeur<br />
TGI MUHANGA 20.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />
TGI MUHANGA 20.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />
- TGI MUSANZE 10.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />
-<br />
-<br />
TGI<br />
NYARUGENGE<br />
TGI<br />
NYARUGENGE<br />
TGI<br />
NYARUGENGE<br />
TGI<br />
NYARUGENGE<br />
30.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />
20.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />
50.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />
50.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />
Umunyeshuri TGI GASABO 80.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />
22<br />
Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />
Telefoni itishyuzwa199
TURWANYE RUSWA<br />
Urwego rw’Umuvunyi<br />
19<br />
20<br />
21<br />
22<br />
23<br />
24<br />
25<br />
26<br />
27<br />
28<br />
29<br />
RP0697/09/TGI/GSBO, NDAGIJIMANA<br />
Festo mwene Bizimana na Nyiramatabaro<br />
Umurava -Kimihurura-Gasabo.<br />
RP069/0010/TGI/GIC,HABAGUHIRWA<br />
Jean Claude mwene Karibwende Innocent<br />
na Nakabonye<br />
Akarere ka Nyarugenge.<br />
RP0260/010/TGI/NYGT Havugimana<br />
Vianney mwene Nsabimana Tharcisse na<br />
Mukangwije Spéciose<br />
Kagitumba-Kayonza-Nyagatare<br />
RP0260/010/TGI/NYGT<br />
NZABARANKIZE Jean Pierre mwene<br />
Munyandora André na Nyiramatabaro<br />
Kibungo-Kirehe-Kigarama<br />
RP0342/09/TGI/NGOMA UWIMANA<br />
Winifrid mwene Gahigi na<br />
Mukaruberandinda<br />
Kanyinya-Nyagatugunda-Zaza-Ngoma<br />
RP0342/09/TGI/NGOMA<br />
MUDAHERANWA François mwene<br />
Nzeyimana na Nyirangendahimana<br />
Kanyinya-Nyagatugunda-Zaza-Ngoma<br />
RPO483/09/TGI/NGOMA NDATIMANA<br />
Théogène mwene Nkezabera na Kanakuze<br />
Nyabikokora-Musaza-Musaza-Kirehe<br />
RP0037/010/TB/KCY,<br />
SINDUHUNGA Vincent mwene Ziragora<br />
na Nyirandahiriwe<br />
Bibare-Kimironko-Gasabo.<br />
RP 0035/05/TB/MUH,<br />
MBONIGABA J.Baptiste alias Celibataire<br />
mwene Karumiye na Mukasine<br />
Gahama-Kabeza-Nyange-Musanze<br />
RP0024/010/TB/JMBA<br />
NTAWUSHIRAGAHINDA mwene<br />
Kayobera na Ryabonyende<br />
Bugonde-Kibisabo-Rambura-Nyabihu<br />
RP0008/10/TB/BY<br />
RUTAGENGWA Servilien mwene<br />
Bulimbwa na Mukabwiseri<br />
Kigarama-Kabuga-Manyangiro-Gicumbi<br />
Umufundi TGI GASABO 30.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />
Umunyeshuri TGI GICUMBI 4.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />
Umuhinzi TGI NYAGATARE 5.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />
Umuhinzi TGI NYAGATARE 5.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />
Umuhinzi TGI NGOMA 10.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />
Responsable<br />
w’Akagari<br />
Responsable<br />
w’Akagari<br />
Umukozi wa<br />
Projet PASNV<br />
TGI NGOMA 10.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />
TGI NGOMA 20.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />
TB Kacyiru 1.110.000 Umwere Ntawajuriye<br />
- TB MUHOZA Umwere Ntawajuriye<br />
TB JOMBA 2.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />
Umuhinzi TB BYUMBA 5.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />
II.<br />
INCAMAKE<br />
UMWANZURO<br />
W’URUKIKO<br />
abahinzi/<br />
umufundi/soudeur/<br />
umush<strong>of</strong>eri<br />
umunyeshuri<br />
abakozi<br />
b’inzego<br />
z’ibanze<br />
abakozi<br />
ba<br />
projet<br />
Inyangamugayo<br />
gacaca<br />
Komite<br />
y’abunzi<br />
umucuruzi/<br />
technician<br />
umupolisi<br />
Local<br />
defense<br />
Abakozi<br />
ba Leta<br />
Abacamanza<br />
Bose<br />
hamwe<br />
ABAHAMWE<br />
N’ICYAHA<br />
26 2 0 2 0 4 5 3 3 0 45<br />
ABAJURIYE 5 0 0 0 4 1 1 0 0 1 12<br />
ABERE 11 2 1 2 0 0 0 0 2 0 18<br />
IGITERANYO 42 4 1 4 4 5 6 3 5 1 75 1<br />
1 Abakurikiranwe bose si aba 75 gusa kuko hari batatu tutashoboye kumenya icyo bakoraga. Ubwo abakurikiranwe bose ni<br />
78 ; ababaye abere ni 29 (37%) ; abahamwe n’icyaha bakajurira ni 12 (15%) ; abahamwe nicyaha ntibajurire ni 46(59%)<br />
Telefoni itishyuzwa199<br />
Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />
23
Urwego rw’Umuvunyi<br />
TURWANYE RUSWA<br />
24<br />
Tumenye ishami ridasanzwe<br />
rishinzwe kurwanya ruswa<br />
Mu nama y’Umushyikirano yateranye mu<br />
Kuboza 2008 ndetse no mu mwiherero<br />
w’Abayobozi bakuru b’Igihugu wabaye kuva<br />
ku wa 16 kugeza ku wa 20 Gashyantare 2009<br />
hemejwe ko hashyirwaho ingamba zikaze zo kurwanya<br />
ruswa. Izo ngamba zikaze zashimangiwe kandi na<br />
Gahunda ya Guverinoma y’imyaka irindwi kuva <strong>2010</strong>-<br />
2017, mu bukangurambaga, aho yiyemeje “Gukangurira<br />
Abanyarwanda n’Inzego za Leta kurwanya ruswa,<br />
akarengane, kumenya no guharanira uburenganzira bwa<br />
buri wese, u RWANDA rukaza mu bihugu 10 bya mbere<br />
mu kurwanya ruswa no kugira ubuyobozi butarangwa na<br />
ruswa ku Isi” (Gahunda ya Guverinoma <strong>2010</strong>-2017, p. 9).<br />
Urwego rw’Umuvunyi rukaba rwarahawe inshingano<br />
yo gukumira no kurwanya akarengane, ruswa n’ibyaha<br />
bifitanye isano nayo. Mu kuzuza iyo nshingano, Urwego<br />
rusura inzego z’ubuyobozi, izishinzwe kugenzura<br />
izindi nzego ndetse n’izijyanye n’ubuzima bw’Igihugu<br />
n’ubw’abaturage kugira ngo harebwe ibyuho bya ruswa.<br />
Urwego rukurikirana kandi ibirego byarushyikirijwe<br />
byerekeye ruswa n’ibyaha bifitanye isano na yo,<br />
rukanakangurira Abanyarwanda kwanga no guhashya<br />
ruswa.<br />
Mu gukurikirana ibyo birego bijyanye na ruswa n’ibyaha<br />
bifitanye isano na yo, abakozi b’Urwego rw’Umuvunyi<br />
bahawe ububasha bw’ubugenzacyaha n’Iteka rya<br />
Minisitiri N° 67 ryo kuwa 05/5/2009 riha ububasha<br />
bw’Ubugenzacyaha abakozi b’Urwego rw’Umuvunyi<br />
(Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda n o 39 yo ku wa 28<br />
Nzeri 2009) hatangijwe ibikorwa by’ Inama Ngishwanama<br />
yo kurwanya ruswa ndetse habaye Ivugurura ry’imirimo<br />
y’Urwego nk’uko bigaragara mu Iteka rya Minisitiri<br />
w’Intebe Nº 18/03 ryo kuwa 08/4/<strong>2010</strong> rishyiraho imiterere<br />
n’incamake y’imyanya y’imirimo y’Urwego rw’Umuvunyi<br />
(Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda n o 15 yo ku wa<br />
12 Mata <strong>2010</strong>). Iryo vugurura rigaragaza ko hashyizweho<br />
Ishami rishya ridasanzwe Rishinzwe Kurwanya Ruswa<br />
(Fighting Corruption Special Unit). Ni yo mpamvu<br />
umuntu yakwibaza icyo iryo shami ryashyiriweho ndetse<br />
n’inshingano rifite.<br />
Impamvu y’ishyirwaho ry’Ishami ridasanzwe<br />
Rishinzwe Kurwanya Ruswa<br />
Nyuma y’uko Ubuyobozi bukuru bw’Igihugu bwifuje ko<br />
hashyirwaho ingamba zihamye kandi zikaze zo kurwanya<br />
ruswa, Urwego rw’Umuvunyi rwasabye ko hashyirwaho<br />
itsinda ryihariye rishinzwe kurwanya ruswa (Fighting<br />
Corruption Special Unit). Iryo shami ubu rikaba rigizwe<br />
n’abakozi b’impuguke batandatu.<br />
Iryo shami ridasanzwe rikaba ryarashyizweho mu kunganira<br />
andi mashami asanzwe, rikora iperereza ricukumbuye ku<br />
bibazo by’ingutu Urwego rw’Umuvunyi rwashyikirijwe<br />
cyangwa rwamenye.<br />
Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />
BIRASA J.Fiscal<br />
Inshingano z’iryo shami ridasanzwe<br />
Ishami ridasanzwe Rishinzwe Kurwanya Ruswa rishinzwe<br />
cyane cyane ibi bikurikira:<br />
- Gukora iperereza ku bibazo cyangwa ibirego<br />
byashyikirijwe Urwego rw’Umuvunyi n’inzego Nkuru<br />
z’Igihugu cyangwa bisabwe n’Umuvunyi Mukuru ubwe;<br />
- Kurwanya ibyaha bimunga ubukungu nk’iyoherezwa<br />
ry’amafaranga rinyuranyije n’amategeko (illegal money<br />
transfer), ubucuruzi n’amahanga butemewe (smuggling),<br />
konti z’impimbano, inyereza ry’umutungo wa Leta,<br />
kunyuranya n’amasoko ya Leta na ruswa, iyezandonke<br />
(money laundering/ blanchiment d’argent) n’ibindi byaha<br />
bimunga ubukungu cyane cyane bikozwe n’udutsiko;<br />
- Kwakira no gusuzuma amakuru ajyanye n’ibyaha bya<br />
ruswa yagejejwe ku Rwego rw’Umuvunyi n’abantu ku giti<br />
cyabo cyangwa inzego.<br />
Twakwibutsa kandi ko hari Itegeko n°47/2008 ryo kuwa<br />
09/09/2008 rikumira kandi rihana iyezandonke no gutera<br />
inkunga iterabwoba (Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u<br />
Rwanda n o 12 bis yo ku wa 23 Werurwe 2009) ndetse<br />
n’Itegeko n o 23/2003 ryo ku wa 07/08/2003 rikumira,<br />
rihana kandi rirwanya ruswa n’ibyaha bifitanye isana na yo.<br />
Bityo ibirego bigejejwe ku Rwego bijyanye n’iyezandonke<br />
bikurikiranwa n’Ishami ridasanzwe rishinzwe kurwanya<br />
ruswa.<br />
Ese inshingano z’iryo shami ridasanzwe ntizihuye<br />
n’iz’andi mashami?<br />
Mu Rwego rw’Umuvunyi hari hasanzwemo amashami ane<br />
(4): Ishami rishinzwe gukumira no kurwanya akarengane,<br />
Ishami rishinzwe gukumira no kurwanya ruswa n’ibyaha<br />
bifitanye isano na yo, Ishami rishinzwe kwakira no<br />
kugenzura inyandiko zigaragaza inyandiko z’imitungo<br />
y’abayobozi n’abandi bagenwa n’Itegeko ndetse n’Ishami<br />
rishinzwe Ubutegetsi n’Imicungire y’abakozi. Muri<br />
iyi minsi, hashyizweho Ishami rishinzwe Imyitwarire<br />
y’abayobozi ndetse n’Ishami ridasanzwe rishinzwe<br />
kurwanya ruswa.<br />
Itandukaniro ry’iri shami ridasanzwe n’andi mashami<br />
yavuzwe haruguru ni uko rifite inshingano nyamukuru yo<br />
gukora iperereza. Iryo perereza rikaba ku bibazo by’ingutu<br />
byashyikirijwe Urwego rw’Umuvunyi n’abayobozi bakuru<br />
b’Igihugu cyangwa bisabwe n’Umuvunyi Mukuru.<br />
Ishami ridasanzwe ryo kurwanya ruswa ni ishami rishya<br />
rikaba rigomba kwihatira kuzuza inshingano zahawe<br />
Urwego rw’Umuvunyi, bityo akarengane na ruswa bigacika<br />
burundu maze u Rwanda rukagira ubuyobozi butarangwa<br />
na ruswa.<br />
<br />
Telefoni itishyuzwa199
IMIYOBORERE MYIZA<br />
Urwego rw’Umuvunyi<br />
Imenyekanishamutungo rizajya rikorwa<br />
mu buryo bw’ikoranabuhanga rigezweho<br />
(Online Declaration <strong>of</strong> Assets)<br />
Rurangayire Guy<br />
Urwego rw’Umuvunyi rufite inshingano<br />
yo kwakira buri mwaka bitarenze<br />
taliki ya 30 Kamena inyandiko<br />
z’imenyekanishamutungo z’abayobozi<br />
mu nzego za Leta n’abandi bakozi ba Leta<br />
bateganywa naryo.<br />
Kuva mu mwaka wa 2004 kugeza mu wa <strong>2010</strong>,<br />
Urwego rw’Umuvunyi rwagiye rurangiza<br />
inshingano yo kwakira imenyekanishamutungo<br />
rugeza udutabo twuzuzwamo umutungo ku<br />
barebwa n’itegeko aho bari hose. Mu rwego<br />
rwo kujyana na gahunza za Leta z’Icyerekezo<br />
2020 mu ikoranabuhanga rigezweho no gutanga<br />
declaration <strong>of</strong> assets”<br />
Gahunda y’imenyekanishamutungo rikozwe mu<br />
ikoranabuhanga rigezweho ifite intego zikurikira:<br />
• guhuza<br />
ibikorwa<br />
by’imenyekanishamutungo n’intego<br />
n’imigambi y’Icyerekezo 2020;<br />
• kwihutisha<br />
igikorwa<br />
cy’imenyekanishamutungo no guha<br />
agaciro ikoranabuhanga rigezweho,<br />
korohereza abamenyekanisha umutungo<br />
•<br />
•<br />
aho bari hose;<br />
kugabanya uburyo (amafaranga,<br />
ibikoresho n’ibindi…) byakoreshwaga<br />
mu gikorwa cyo<br />
k u m e n y e k a n i s h a<br />
umutungo;<br />
• g u s h i m a n g i r a<br />
ibanga ry’imitungo<br />
yamenyekanishijwe.<br />
Online Declaration ijyanye n’icyerekezo c’igihugu cyacu mu<br />
ikoranabuhanga<br />
serivisi nziza kandi yihuse, Urwego rw’Umuvunyi<br />
rwiyemeje ko kuva mu mwaka wa 2011, igikorwa<br />
cy’imenyekanishamutungo kizajya gikorwa<br />
mu buryo bw’ikoranabuhanga bwihuse “online<br />
Telefoni itishyuzwa199<br />
Nk’uko biteganyijwe<br />
mu Cyerekezo 2020<br />
Igihugu cyacu cyihaye,<br />
ikoranabuhanga (ICT) ni<br />
imwe mu mbariro zifasha<br />
kwihutisha kugera ku ntego<br />
z’icyo Cyerekezo. Urwego<br />
rw’Umuvunyi nk’imwe muri<br />
serivisi za Leta rugomba<br />
kujyana no gushyigikira<br />
gahunda zayo ndetse no<br />
gukoresha ikoranabuhanga<br />
mu kazi karwo ka buri munsi<br />
kugira ngo hihutishwe serivisi<br />
rutanga.<br />
Ku Rwego rw’Umuvunyi by’umwihariko, gahunda<br />
yo kumenyekanisha umutungo hakoreshejwe<br />
ikoranabuhanga rigezweho (online declaration<br />
<strong>of</strong> Assets) ni uburyo bwo korohereza abarebwa<br />
Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />
25
Urwego rw’Umuvunyi<br />
IMIYOBORERE MYIZA<br />
26<br />
n’igikorwa cy’imenyekanishamutungo bo<br />
mu Gihugu cyangwa bo hanze yacyo kuko<br />
bazagabanyirizwa ingendo bajyaga bakora mu<br />
kugeza inyandiko zabo aho Urwego rw’Umuvunyi<br />
rukorera, bizagabanya kandi umwanya icyo<br />
gikorwa cyabatwaraga.<br />
Urwego rw’Umuvunyi ruzagabanya ibyagendaga<br />
kuri icyo gikorwa cy’imenyekanishamutungo<br />
nk’amafaranga y’ubutumwa yajyaga akoreshwa<br />
mu kugeza inyandiko z’imenyekanishamutungo<br />
ku barebwa naryo, umwanya wajyaga ukoreshwa<br />
mu ngendo zakorwaga n’abakozi barwo hirya no<br />
hino. Ubwo buryo buzagabanya kandi imirimo<br />
yo kwakira abantu benshi ku munota wa nyuma<br />
igihe italiki ya 30 Kamena buri mwaka yabaga<br />
yegereje.<br />
Ishyirwa mu bikorwa ry’ubu buryo bushya (online<br />
declaration <strong>of</strong> assets) buzatuma abamenyekanisha<br />
umutungo babikorera igihe kandi bitabatwaye<br />
umwanya munini aho bazaba baherereye hose mu<br />
Gihugu no hanze yacyo, bikazashimangira kandi<br />
icyizere mu bamenyekanisha imitungo kuko ari<br />
uburyo bwizewe kandi bwihuse.<br />
Iyi gahunda nshya y’imenyekanishamutungo<br />
rikozwe mu ikoranabuhanga “online declaration<br />
<strong>of</strong> assets” rizabanzirizwa n’amahugurwa Urwego<br />
rw’Umuvunyi ruzagenera abayobozi n’abandi<br />
bacungamutungo ba Leta aho baherereye hirya no<br />
hino mu Gihugu. Buri muntu wese urebwa niryo<br />
tegeko agasabwa kuzitabira ayo mahugurwa kugira<br />
ngo azabisobanukirwe neza. Ayo mahugurwa<br />
azakorwa kuva mu ntangiriro z’umwaka<br />
wa 2011; intumwa z’Urwego rw’Umuvunyi<br />
zikazasanga abantu bose barebwa n’igikorwa<br />
cy’imenyekanishamutungo aho bakorera.<br />
Uburyo imenyekanishamutungo rizakorwa mu<br />
ikoranabuhanga<br />
Imenyekanishamutungo rikoreshejwe ikoranabuhanga<br />
rizashoboka gusa ahantu hazaba haboneka<br />
umuyoboro wa interineti honyine (internet connection);<br />
ibyo bikaba bisaba ko abarebwa n’icyo<br />
gikorwa bagomba kugikorera aho babona uwo<br />
muyoboro.<br />
Umuntu azajya yinjira ku muyoboro wa<br />
interineti w’Urwego rw’Umuvunyi ari wo<br />
www.ombudsman.gov.rw hanyuma akande<br />
Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />
ahanditse “Declaration <strong>of</strong> Assets” usome<br />
amabwiriza yose ajyanye n’uko bagaragaza<br />
umutungo muri ubwo buryo. Muri ayo mabwiriza<br />
harimo aya akurikira:<br />
• umuyoboro ukwereka aho ufungurira<br />
aderesi yawe;<br />
• gufungura muri aderesi email yawe<br />
usanganywe maze ugasoma amabwiriza ya<br />
konti (Account) wahawe ari nayo uzajya<br />
ukoresha igihe umenyekanisha umutungo;<br />
• umuyoboro uguha aho wuzuza<br />
umwirondoro wawe;<br />
• umuyoboro uguha aho wuzuza imitungo<br />
yawe yo mu Rwanda ndetse niyo hanze;<br />
• umuyoboro ukwemerera gusa kwohereza<br />
inyandiko yawe imenyekanishamutungo<br />
iyo iherekejwe n’umukono wawe ushyirwa<br />
ahabugenewe;<br />
• urangije kuzuza inyandiko ye, asabwa<br />
gukanda ahabugenewe, bityo akaba<br />
ayoherereje Urwego rw’Umuvunyi. Ahita<br />
abona igisubizo kimwemeza ko inyandiko<br />
y’imenyekanishamutungo ye yageze ku<br />
Rwego rw’Umuvunyi;<br />
• iyo umaze kwohereza inyandiko<br />
y’imenyekanishamutungo<br />
ku<br />
Rwego rw’Umuvunyi hakoreshejwe<br />
ikoranabuhanga, nta kintu na kimwe<br />
ushobora kongeraho cyangwa ngo ukureho.<br />
Icyo wemerewe ni ugusohora kopi (copy)<br />
y’ibyo wohereje.<br />
inyandiko y’imenyakanishamutungo iyo<br />
•<br />
igeze ku Rwego rw’Umuvunyi ibikwa<br />
mu buryo nta muntu n’umwe wagira icyo<br />
ayihinduraho.<br />
Gahunda yo kumenyekanisha umutungo<br />
hakoreshejwe ikoranabuhanga rigezweho ni<br />
imwe mu ngamba Urwego rw’Umuvunyi<br />
rwafashe hagamijwe gutanga serivisi nziza<br />
yihuse no korohereza abarebwa n’icyo gikorwa.<br />
Abayobozi n’abandi bakozi ba Leta barebwa<br />
n’igikorwa cy’imenyekanishamutungo bakaba<br />
bararitswe kuzitabira amahugurwa yo gukoresha<br />
“online declaration <strong>of</strong> assets” kugira ngo<br />
imenyekanishamutungo rya 2011 rizagende neza.<br />
<br />
Telefoni itishyuzwa199
IMIYOBORERE MYIZA<br />
Urwego rw’Umuvunyi<br />
Political will and Solidarity in<br />
Fighting Corruption<br />
BAMWINE K. Loyce<br />
The phenomenon <strong>of</strong> corruption has always<br />
existed, none<strong>the</strong>less it is only in <strong>the</strong> last<br />
decade that awareness <strong>of</strong> it has grown at<br />
both national and international level. This means<br />
that corruption has only recently become recognized<br />
as a significant phenomenon and that a negative<br />
judgment <strong>of</strong> it is spreading at <strong>the</strong> worldwide level,<br />
while at <strong>the</strong> same time <strong>the</strong>re is a growing awareness<br />
<strong>of</strong> <strong>the</strong> need to fight it. In recognition <strong>of</strong> corruption<br />
as a major obstacle to <strong>the</strong> development processes <strong>of</strong><br />
most countries, <strong>the</strong> search for effective strategies<br />
in combating <strong>the</strong> phenomenon has been become<br />
<strong>the</strong>ir major preoccupation, particularly since <strong>the</strong><br />
early 1990s.<br />
To effectively counteract corruption, countries have<br />
undertaken anti-corruption reform initiatives which<br />
are participatory and inclusive <strong>of</strong> all stakeholderspublic,<br />
private sectors and <strong>the</strong> civil society. In some<br />
countries, much focus is put on providing adequate<br />
budgets and staff for <strong>special</strong>ized anti-corruption<br />
agencies and granting <strong>the</strong>m independence in <strong>the</strong><br />
execution <strong>of</strong> <strong>the</strong>ir mandates. O<strong>the</strong>rs concentrate on<br />
establishing effective mechanisms for providing<br />
positive incentives for those who comply with<br />
anti-corruption laws and exposing and sanctioning<br />
corrupt individuals and institutions. However, a<br />
combination <strong>of</strong> both mechanisms is desirable for a<br />
quite large number <strong>of</strong> countries.<br />
With regard to <strong>the</strong> Civil Society, <strong>the</strong> majority<br />
<strong>of</strong> civil society organizations which include;<br />
Community organizations, religious groups, local<br />
and international radio stations and television,<br />
and newspapers, medical associations, women<br />
groups, <strong>of</strong>ten choose to take a proactive approach<br />
in combating corruption, such as through<br />
Telefoni itishyuzwa199<br />
civic education, monitoring, and information<br />
dissemination. Only some <strong>of</strong> <strong>the</strong>m e<strong>special</strong>ly <strong>the</strong><br />
media (newspapers, radio and television), take<br />
aggressive roles as corruption watchdogs, revealing<br />
incidents, and pushing state institutions to take<br />
action against corruption. Most non-governmental<br />
organizations report and denounce corruption. Civil<br />
society organizations in most corrupt countries are<br />
<strong>of</strong>ten seen as anti-state power players.<br />
As corruption watchdogs, civil society organizations<br />
can perfectly do <strong>the</strong>ir job when corruption is visible<br />
and governmental instruments are effective; as <strong>the</strong>y<br />
can bark loud enough that someone in charge can<br />
hear and take action in response. They however<br />
encounter barriers where <strong>the</strong>y may make corruption<br />
scandals known to <strong>the</strong> public through <strong>the</strong> media,<br />
but with a little chance that state institutions will<br />
investigate. This is mostly caused by influence <strong>of</strong><br />
implicated government <strong>of</strong>ficials to investigators<br />
or lack <strong>of</strong> cooperation <strong>of</strong> investigating institutions<br />
e.t.c. At times both state agents and criminals<br />
threaten <strong>the</strong>m.<br />
In Rwanda, civil society organisations’ daily<br />
contribution to <strong>the</strong> fight against corruption remains<br />
weak. Some organisations or even religious leaders<br />
are reportedly involved in corruption scandals or<br />
mismanage <strong>the</strong>ir organisations funds. The media<br />
lacks skills to fully investigate corruption and<br />
are sometimes <strong>the</strong>mselves corrupted to conceal<br />
scandals that have come to <strong>the</strong>ir knowledge.<br />
Thus, <strong>the</strong> civil society should take extraordinary<br />
efforts to report corrupt. The media particularly<br />
investigative journalists should be trained to<br />
improve <strong>the</strong>ir investigation skills and increase<br />
corruption reporting.<br />
Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />
27
Urwego rw’Umuvunyi<br />
IMIYOBORERE MYIZA<br />
28<br />
In most countries, corruption involves members<br />
<strong>of</strong> both <strong>the</strong> public and private sectors, who are<br />
engaged in illegal, illegitimate and unethical<br />
behaviour. In Rwanda, <strong>the</strong> private sector has for<br />
long been inactive in combating corruption and<br />
it is reportedly involved in corrupt practices. This<br />
is mostly observed in public tenders. Combating<br />
<strong>the</strong> vice highly requires a strong public-private<br />
partnership.<br />
OFFICE OF THE OMBUDSMAN<br />
PROMOTE GOOD GOVERNANCE<br />
Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />
Whatever efforts that may be employed by<br />
different stakeholders in combating corruption,<br />
controlling it in a sustained manner requires a<br />
consistent demonstration <strong>of</strong> genuine commitment<br />
mostly on <strong>the</strong> part <strong>of</strong> <strong>the</strong> top political leaders<br />
towards <strong>the</strong> eradication <strong>of</strong> <strong>the</strong> menace. Where <strong>the</strong><br />
commitment <strong>of</strong> <strong>the</strong> top political leadership to <strong>the</strong><br />
goal <strong>of</strong> eradicating corruption in a country is weak,<br />
governments are only likely to engage in “zero<br />
tolerance for corruption” talk but continue to<br />
play a “tolerant corruption” game. Any anticorruption<br />
reforms initiated are automatically<br />
bound to fail.<br />
In Rwanda, <strong>the</strong> political will is mostly realised<br />
from <strong>the</strong> top leadership and this is witnessed<br />
through speeches, interviews and actions taken<br />
against <strong>of</strong>fenders, which is not <strong>the</strong> case with o<strong>the</strong>r<br />
levels <strong>of</strong> administration. Some central government<br />
and local leaders poorly implicated in <strong>the</strong> fight<br />
against corruption, while o<strong>the</strong>rs are key players<br />
in corruption scandals. Negative solidarity is also<br />
a challenge that has been faced by <strong>the</strong> <strong>Office</strong> <strong>of</strong><br />
<strong>the</strong> <strong>Ombudsman</strong> <strong>of</strong> late and it impedes corruption<br />
investigations. Lack <strong>of</strong> political will has been<br />
observed as <strong>the</strong> main cause <strong>of</strong> negative solidarity.<br />
We can’t build a corruption free society, if some<br />
leaders continue to practice negative solidarity.<br />
The broad agenda <strong>of</strong> fighting against corruption<br />
and promotion <strong>of</strong> good governance that has been<br />
adopted by <strong>the</strong> government should be backed by a<br />
common understanding <strong>of</strong> <strong>the</strong> vice and concerted<br />
efforts towards a common goal (having a corruption<br />
free Rwanda). Without <strong>the</strong> political will <strong>of</strong> all<br />
Rwandans and mostly on <strong>the</strong> part <strong>of</strong> leaders, all<br />
anti-corruption reforms and measures which have<br />
been undertaken are most likely to lose focus and<br />
remain fruitless. It is thus critical that political will<br />
flows vertically and horizontally in <strong>the</strong> leadership<br />
arena. Collaboration among all stakeholderspublic,<br />
private sectors and <strong>the</strong> civil society is also<br />
vital.<br />
<br />
Telefoni itishyuzwa199
Urwego rw’Umuvunyi<br />
2011<br />
Umwaka mwiza uzira akarengane na ruswa<br />
UBUTUMWA<br />
Umuvunyi Mukuru, Abavunyi Bungirije<br />
n’abakozi boze b’Urwego rw’Umuvunyi<br />
twifurije Nyakubahwa Perezida wa Repubulika<br />
KAGAME PAUL n’umuryango we, Abagize<br />
Guverinoma ,<br />
Abagize Inteko Ishinga Amategeko umutwe wa<br />
Sena n’uw’ Abadepite, Abandi Bayobozi<br />
Bakuru<br />
B’Igihugu, Ingabo z’Igihugu, Polisi y’Igihugu,<br />
Inzego zose zishinzwe<br />
Umutekano n’Ubusugire<br />
bw’’Igihugu hamwe n’Abanyarwanda bose.<br />
Umwaka Mushya Muhire wa 2011<br />
Telefoni itishyuzwa199<br />
Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />
29
Urwego rw’Umuvunyi<br />
INKURU ISHUSHANYIJE<br />
Nyuma y’ifatwa rya Kalisa N’uwo bafataNyije icyaha cyo gutaNga No KwaKira<br />
ruswa meya wa rwaKiNamba aKomeje KugiraNa iNama N’abaturage<br />
... ruswa Ni mbi imuNga<br />
imiyoborere myiza NimuyamagaNe<br />
rero Niba uje waKa serivisi mu<br />
Karere Ni KuKi wemera Ko baKwaKa<br />
ruswa Ntimugahishire abayobozi<br />
babasaba ruswa KuKo serivisi musaba<br />
Ni izaNyu muzifitiye<br />
ubureNgaNzira.<br />
turwaNye Ko<br />
igihugu cyacu Kiba<br />
iNdiri ya ruswa<br />
N’aKareNgaNe mu<br />
miyoborere myiza<br />
gifite. Ni uruhare<br />
rwacu twese Njye<br />
Nawe Na wawuNdi<br />
utaje aha mujye<br />
mugeNda mwigiha<br />
ububi bwa<br />
ruswa imuNga<br />
imiyoborere<br />
myiza.<br />
Kalisa Ni umuKozi w’aKarere bafataNyije icyaha cya ruswa<br />
bitabye uruKiKo<br />
dushiNgiye ku<br />
bikubiye mu gitabo<br />
cy’amategeko<br />
ahaNa ibyaha,<br />
kalisa n’uwo<br />
bafataNyije<br />
barahamwa<br />
n’icyaha bose<br />
bahaNishijwe<br />
igihaNo<br />
cy’IGIFUNGO<br />
cy’imyaka 5<br />
NireNgagije keNshi<br />
iNama<br />
Nagiriwe NoNe ibyaNjye<br />
biraraNgiye imyaka 5<br />
NoNgeyeho iyo mfite<br />
siNayimara mu buroko<br />
Ngiye gupfiramo koko,<br />
ruswa Ni mbi.<br />
mbuze akazi kaNjye<br />
umuryaNgo waNjye<br />
uzabaho ute ubu koko<br />
Nzize 300.000 yoNyiNe<br />
icyaha cyo kwakira<br />
ruswa kirakaze.<br />
imaNa yoNyiNe Niyo<br />
yamfuNgura.<br />
akareNze<br />
umuNwa<br />
karushya<br />
ihamagara<br />
ubu<br />
siNasaba<br />
imbabazi<br />
Ngo<br />
Ndekurwe<br />
Ni Njye<br />
wikozeho.<br />
iyo mba<br />
iNyaNgamugayo<br />
ubu uyu<br />
umfuNgishije Niwe<br />
uba yarafashwe<br />
weNyiNe<br />
iyo Ntafata<br />
ariya matiNdi<br />
y’amafaranga.<br />
Nyuma yo gusubiza imituNgo jaNvier we yakomeje kuyishakira<br />
ibyangombwa no mu rwego rw’umurenge.<br />
Nitwa jaNvier maze igihe<br />
kiNiNi Nza haNo kwaNdikis<br />
ha imituNgo ya data ariko<br />
muhora muNsubizayo Ngo<br />
Nzagaruke kugeza Na Nubu<br />
Ntacyo muraNkorera.<br />
ariko sha wa gasore we<br />
uko abaNdi babigeNza<br />
Ntukuzi? ubu uri umwaNa<br />
ku buryo utazi icyo gukora.<br />
geNda mfite akazi keNshi<br />
uzagaruke.<br />
30<br />
Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />
Telefoni itishyuzwa199
INKURU ISHUSHANYIJE<br />
Urwego rw’Umuvunyi<br />
NoNe<br />
Nakora iki<br />
NyaNkubahwa<br />
executif? ko<br />
ubu Nta……<br />
uboNa ko iNzu<br />
yaNjye izuzuzwa<br />
n’iki? sohoka vuba<br />
NoNaha.<br />
Nsohokera mu biro<br />
vuba wiNtesha igihe<br />
abaNtu Nka mwe<br />
muba mujya he?<br />
Ndavuze Ngo<br />
Nsohokera mu biro.<br />
abayobozi nk’aba<br />
Nibo basubiza<br />
igihugu iNyuma<br />
uriya Nawe buriya<br />
araNyaka ruswa<br />
Ntayo Nzamuha<br />
tuu.<br />
Janvier byamwanze mu nda yongera kwegera urwego rw’<strong>umuvunyi</strong><br />
Nitwa jaNvier<br />
mfitaNye ikibazo Na<br />
executif w’umurenge<br />
hashize igihe kiNiNi<br />
mugezaho ikibazo<br />
cyaNjye akambwira<br />
Nabi , aNaNyaka<br />
ruswa.<br />
huu abo Ni babaNdi bavaNgira<br />
Leta muri gahuNda zo<br />
gutaNga serivisi Nziza .ok.<br />
urakoze kubitumeNyesha<br />
utegure amafaraNga<br />
uzamutege umutego afatirwe<br />
mu cyuho Nibwo Natwe<br />
tuzitabaza poLisi izakore<br />
akazi kayo.<br />
koko NtibyatiNze executif yafatiwe mu cyuho yakira<br />
ruswa, yaJyanywe nk’umuJura<br />
hee subiraNa<br />
amafaraNga<br />
yawe sha<br />
meya muri iyo miNsi<br />
yahise asura uwo murenge abonana n’abaturage<br />
...mwese mwameNye ibya<br />
executif w’umurenge wanyu<br />
wafatiwe mu cyuho yakira ruswa.<br />
imiyoborere ye mibi yatumaga muhora<br />
iNyuma mu mihigo , Nta jambo mugira<br />
muhezwa n’ibindi .<br />
mumeNye ko rero kugira abayoyobozi<br />
babi Nkaba aribyo bituma dusigara<br />
iNyuma mu iterambere kubera ruswa ,<br />
akareNgaNe , gutaNga serivisi mbi<br />
byose bimuNga<br />
imiyoborere myiza.<br />
© Augustin HABIMANA<br />
Telefoni itishyuzwa199<br />
© Augustin HABIMANA © Augustin HABIMANA<br />
Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />
31
Urwego rw’Umuvunyi<br />
32<br />
Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />
Telefoni itishyuzwa199