17.04.2014 Views

umuvunyi magazine special 2010 - Office of the Ombudsman

umuvunyi magazine special 2010 - Office of the Ombudsman

umuvunyi magazine special 2010 - Office of the Ombudsman

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

Urwego rw’Umuvunyi<br />

Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />

Muri iyi manda y’imyaka 7 Leta<br />

izakomeza kurwanya akarengane,<br />

ruswa n’itonesha<br />

Ifoto y’urwibutso ya Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Kagame Paul n’abagize<br />

Guverinoma nyuma y’irahira ryabo ryo ku wa 07/10/<strong>2010</strong><br />

URWEGO RW’UMUVUNYI<br />

Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />

Telefoni itishyuzwa199 B.P.: 6269 KIGALI * TEL: 252 587308, 252 587309 , 199 * Fax: 252 5871 82<br />

Website:www.ombudsman.gov.rw * E-mail:ombudsinfo@ombudsman.gov.rw<br />

1


Urwego rw’Umuvunyi<br />

UBWANDITSI<br />

Nyir’ikinyamakuru<br />

URWEGO RW’UMUVUNYI<br />

Umuyobozi Mukuru<br />

MBARUBUKEYE Xavier,<br />

Umunyamabanga Uhoraho<br />

Umwanditsi Mukuru<br />

MUGISHA Jules Déo<br />

Umwanditsi Mukuru Wungirije<br />

NGILINSHUTI Védaste<br />

Umunyamabanga<br />

w’Ubwanditsi<br />

GATERA Athanase<br />

Inteko y’ Ubwanditsi<br />

BIRASA Fiscal Jacques<br />

KANYENGABO Athanase<br />

MWISENEZA Jeanne d’Arc<br />

NDIZIHIWE Léon Fidèle<br />

NSENGIYUMVA Yussuf<br />

RUMAZIMINSI N. Séraphin<br />

RWIHIMBAUWASE Hélène<br />

TUYIZERE Gédeon<br />

IBIRIMO<br />

IJAMBO RY’IBANZE.........................................3<br />

IBIKORWA BY’URWEGO RW’UMUVUNYI<br />

- Itangwa n’iyakira ry’impano cyangwa<br />

amaturo .............................................................4<br />

- Amashusho ya bimwe mu bikorwa by’Urwego<br />

rw’Umuvunyi mu gihembwe gishize.................6<br />

TURWANYE AKARENGANE<br />

- Inzego zitandukanye zikomeje gukangurirwa<br />

kugira uruhare mu rugamba rwo kurwanya<br />

akarengane na ruswa ;......................................8<br />

- Kwegera abaturage bibafasha gukemurirwa<br />

ibibazo byabo mu buryo bworoshye ...............10<br />

TURWANYE RUSWA<br />

- Problématique de la répression<br />

de la corruption................................................12<br />

- Urutonde rw’abahamwe n’icyaha cya ruswa mu<br />

gihembwe cya mbere n’icya kabiri mu mwaka<br />

wa <strong>2010</strong>............................................................14<br />

- Tumenye ishami ridasanzwe rishinzwe<br />

kurwanya ruswa .............................................24<br />

IMIYOBORERE MYIZA<br />

- Imenyekanishamutuno rizakorwa mu buryo<br />

bw’ikoranabuhanga .........................................25<br />

- Political will and solidarity in fighting against<br />

corruption.........................................................27<br />

INKURU ISHUSHANYIJE<br />

Ahatunganyirijwe Ikinyamakuru<br />

Imprimerie I.P.N<br />

2<br />

Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />

Telefoni itishyuzwa199


Ijambo ry’Ibanze<br />

Urwego rw’Umuvunyi<br />

IJAMBO RY’IBANZE<br />

Basomyi ba « Umuvunyi Magazine »,<br />

NGIRINSHUTI Védaste<br />

Twishimiye kubagezaho nimero idasanzwe y’ikinyamakuru cyanyu « Umuvunyi Magazine ».<br />

Mu byo Urwego rw’Umuvunyi rushinzwe harimo no kwimakaza ubuyobozi bwiza mu<br />

nzego za Leta n’izigenga. Iyo witegereje usanga Igihugu cyacu kimaze gutera intambwe<br />

ishimishije mu miyoborere myiza. Nyamara ntiturabasha kugera aho twese twifuza kugera.<br />

Mu nzitizi zituma intambwe isigaye tutayigeraho mu buryo bwihuse harimo ruswa.<br />

Imiyoborere myiza ni uburyo bwo kuyobora buganisha buri wese ku byiza bimubereye,<br />

bukagena uburyo bwo guhuza abayobora n’abayoborwa, buri wese akagira ubwisanzure,<br />

akamenya uburenganzira bwe n’inshingano ze kandi akagira uruhare mu bimukorerwa.<br />

Imiyoborere myiza igamije guteza imbere abenegihugu haba mu mibereho myiza, muri<br />

politiki, mu bukungu ndetse n’umuco. Amahame y’ingenzi y’imiyoborere myiza ni ugukorera<br />

mu mucyo, kugaragaza ibyo ukora, kugera ku ntego hakoreshejwe ingufu za ngombwa,<br />

kwegereza abaturage ubuyobozi, kubahiriza uburenganzira bwa muntu no kugendera ku<br />

mategeko.<br />

Ruswa ibangamira cyane imiyoborere myiza mu nkingi zayo zose. Reka turebe ingero<br />

nkeya. Aho ruswa iri nta gukorera mu mucyo cyangwa kugaragaza ibyo ukora bishobora<br />

kuharangwa. Umuyobozi cyangwa umukozi uwo ari we wese wimakaza itonesha, ikimenyane<br />

cyangwa icyenewabo mu byo akora, agakorera vuba abo azi abandi akabasiragiza ntashobora<br />

kugaragariza abandi ibyo akora n’uburyo abikora. Uwakiriye ruswa ngo yihutishe dosiye<br />

ya kanaka se azatinyuka gusobanura binyuze mu kuri uburyo dosiye zakirwa n’uburyo<br />

zikurikiranwa ? Abantu bakunze gushakira ruswa mu mirimo ihambaye no mu bintu bifatika,<br />

nyamara wa muganga utambutsa inshuti ye cyangwa undi uje yambaye kositimu aciye ku<br />

ngobyi irimo indembe imaze isaha imutegereje aba abangamiye uburenganzira bwa wa<br />

murwayi. Kenshi abantu bakirwa mbere kubera ikimenyane si na bo baba bafite ibibazo<br />

biremereye kuruta iby’abandi, ndetse ugasanga ari na bo batwara umwanya munini kuko<br />

baniganirira utuntu n’utundi turimo ibyo bazashyigikiranamo (bitari na byiza buri gihe-<br />

Solidarité négative-cyangwa ubushyigikirane mu kibi).<br />

Ruswa ni imungu ikomeye y’imiyoborere myiza. Kwakira no guha serivisi umuntu<br />

bitewe n’uwo ari we cyangwa n’icyo aguhaye bitera akarengane mu baturage bigakurura<br />

n’umwuka mubi muri bo. Abaturage batangira kwinubira ubuyobozi bikanatuma batitabira<br />

ibikorwa bya Leta. Twibuke ko imwe mu ngaruka zikomeye za ruswa harimo no gutesha<br />

icyizere ubuyobozi kuko imirimo ya Leta iba yakozwe nabi, uburenganzira bw’abaturage<br />

bugahungabana tutaretse n’imibereho myiza yabo, kandi n’Igihugu muri rusange ntikigere<br />

ku iterambere rihamye kandi rirambye.<br />

Nta Munyarwanda n’umwe utifuza kubaho neza no gutera imbere. Ni yo mpamvu buri<br />

wese akwiye kumva ko ruswa iri mu bituma atagera ku buzima bwiza yifuza bityo akagira<br />

n’uruhare rugaragara mu kuyirwanya.<br />

Dufatanye, intego yacu twese ibe iyo “kurwanya ruswa kuko imunga imiyoborere myiza”<br />

Tubifurije Umwaka Mushya Muhire wa 2011.<br />

Telefoni itishyuzwa199<br />

Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />

3


Urwego rw’Umuvunyi<br />

IBIKORWA BY’URWEGO RW’UMUVUNYI<br />

Itangwa n’iyakira ry’impano<br />

cyangwa amaturo<br />

Kajangana Aimé<br />

Tumaze igihe tubagezaho ibikubiye mu<br />

itegeko ngenga numero 61/2008 ryo ku wa<br />

10/09/2008 rigena imyitwarire y’abayobozi.<br />

Ibi twabikoze kuva muri nomero ya 16 y’Umuvunyi<br />

Magazine. Uretse ibyo tugiye kubagezaho muri iyi<br />

numero uwaba ashishikajwe no kurisobanukirwa<br />

neza yashaka izo nomero zabanjirije iyi kugirango<br />

amenye neza ibikubiye muri iri tegeko.<br />

Nkuko biteganyijwe mu ngingo ya 10 y’ Itegeko<br />

ngenga nimero 61/2008 ryo ku wa 10/09/2008 rigena<br />

imyitwarire y’abayobozi, Umuyobozi abujijwe<br />

kwakira cyangwa gutanga impano cyangwa<br />

amaturo by’ubwoko bwose ahawe nk’umuyobozi.<br />

Icyakora, Umuyobozi ashobora kwakira cyangwa<br />

gutanga impano mu buryo buteganywa n’Iteka<br />

rya Perezida. Ku buryo burambuye reka turebe<br />

ibikubiye muri iri teka.<br />

Ikigamijwe n’iri teka:<br />

Iri teka rigamije gushyiraho<br />

uburyo n’igihe<br />

umuyobozi ashobora<br />

k w a k i r a<br />

c y a n g w a<br />

g u t a n g a<br />

impano n’amaturo n’imikoreshereze yabyo.<br />

Abarebwa n’iri teka<br />

Iri teka rireba abayobozi bavugwa mu Itegeko<br />

Ngenga N° 61/2008 ryo ku wa 10/09/2008 rigena<br />

imyitwarire y’abayobozi mu nzego za Leta<br />

zikurikira:<br />

Abayobozi b’ikirenga ari bo Perezida wa<br />

Repubulika, Perezida wa Sena, Perezida w’Umutwe<br />

w’Abadepite, Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga na<br />

Minisitiri w’Intebe;<br />

Abayobozi bakuru ari bo abagize Guverinoma,<br />

abagize Inteko Ishinga Amategeko, Abacamanza mu<br />

Rukiko rw’Ikirenga n’abandi bashyirwaho n’Iteka<br />

rya Perezida hamwe n’abashyirwaho n’Iteka rya<br />

Minisitiri w’Intebe kugeza ku Muyobozi Mukuru<br />

n’abandi bari ku rwego rumwe na we;<br />

Abayobozi b’inzego za Leta, aba serivisi za Leta<br />

n’ab’ibigo bya Leta, bagengwa mu mirimo yabo na<br />

sitati cyangwa bakora imirimo yo mu rwego rwa<br />

politiki;<br />

Abahagarariye abayobozi mu minsi<br />

mikuru, mu nama cyangwa mu biganiro<br />

batumiwemo.<br />

Ibisobanuro by’ impano cyangwa<br />

amaturo<br />

Muri iri teka, impano cyangwa amaturo<br />

bisobanuwe ku buryo bukurikira :<br />

a) umutungo wimukanwa cyangwa<br />

utimukanwa cyangwa undi mutungo wose<br />

ushobora guhabwa agaciro mu mafaranga<br />

uhawe umuyobozi cyangwa umuyobozi<br />

aha undi muntu burundu ku buntu.<br />

b) serivisi iyo ari yo yose ubusanzwe<br />

yishyurwa, umuyobozi ashobora gukorerwa<br />

cyangwa akayikorera undi ku buntu<br />

cyangwa ku giciro gito ku giteganyijwe;<br />

c) kwakira cyangwa kuzimana bikozwe<br />

cyangwa bikorewe umuyobozi.<br />

4<br />

Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />

Telefoni itishyuzwa199


IBIKORWA BY’URWEGO RW’UMUVUNYI<br />

Urwego rw’Umuvunyi<br />

Ibihe Umuyobozi yemerewe gutanga cyangwa<br />

kwakira impano n’amaturo<br />

n’imikoreshereze y’iyo mpano cyangwa amaturo<br />

bigakoreshwa mu nyungu rusange.<br />

Umuyobozi yemerewe kwakira cyangwa gutanga<br />

impano cyangwa amaturo mu bihe bikurikira:<br />

a) Kurinda isura nziza y’Igihugu;<br />

b) Kubahiriza umuco w’igihugu<br />

cy’amahanga;<br />

c) Kwitura impano cyangwa ituro;<br />

d) Gukumira icyatesha agaciro urwego<br />

ruhagarariwe.<br />

Agaciro k’impano cyangwa amaturo umuyobozi<br />

ashobora kwakira cyangwa gutanga.<br />

Perezida wa Repubulika yemerewe gutanga<br />

impano cyangwa amaturo hakurikijwe ibiteganywa<br />

n’itegeko rigena ingengo y’imari ya Leta.<br />

Ku byerekeye kwakira impano cyangwa amaturo,<br />

n’imikoreshereze yabyo, Perezida wa Repubulika<br />

yubahiriza ibiteganywa n’iri teka.<br />

Abandi bayobozi ntibemerewe kwakira cyangwa<br />

gutanga impano cyangwa amaturo bifite agaciro<br />

karenze ibihumbi ijana by’amafaranga y’u Rwanda<br />

(100.000 Frw).<br />

Icyakora, mu bihe byavuze mu ngingo ya kane<br />

y’iri teka, umuyobozi ashobora kwakira impano<br />

cyangwa amaturo bifite agaciro byavuzwe mu gika<br />

kibanziriza iki.<br />

Iyo umuyobozi wakira cyangwa utanga impano<br />

ari uwo mu Rwego rw’Umuvunyi kandi agaciro<br />

kakaba karenze akavugwa mu gika cya kabiri<br />

cy’iyi ngingo, agomba kubimenyesha Biro ya Sena<br />

mu nyandiko.<br />

Umuyobozi ni we ugereranya mu bushishozi bwe<br />

agaciro k’impano cyangwa amaturo ahawe.<br />

Ahashyirwa impano<br />

cyangwa amaturo<br />

byakiriwe<br />

Umuyobozi wakiriye<br />

impano cyangwa amaturo<br />

abishyikiriza, biherekejwe<br />

n’inyandiko, Urwego,<br />

Ikigo cyangwa Serivisi<br />

ahagarariye.<br />

Icyakora, mu gihe iyo<br />

mpano cyangwa amaturo<br />

byavuzwe mu gika<br />

kibanziriza iki bidashobora<br />

gukoreshwa n’urwego,<br />

ikigo cyangwa serivise<br />

byahawe, bishyikirizwa<br />

Minisiteri cyangwa urwego<br />

rufite mu nshingano<br />

zarwo ibyerekeranye<br />

Urugero:Tuvuge ko Umuvunyi Mukuru agiye<br />

ahantu bakamuha zahabu cyangwa irindi buye<br />

ry’agaciro akabyakira kubera za mpamvu zimwemerera<br />

kwakira impano mu gihe cyasobanuwe.<br />

Ku byerekeye kwakira<br />

impano cyangwa amaturo,<br />

n’imikoreshereze yabyo, Perezida<br />

wa Repubulika yubahiriza<br />

ibiteganywa n’iri teka.<br />

Abandi bayobozi ntibemerewe<br />

kwakira cyangwa gutanga<br />

impano cyangwa amaturo bifite<br />

agaciro karenze ibihumbi ijana<br />

by’amafaranga y’u Rwanda<br />

(100.000 Frw)<br />

Kubera ko yagombaga kubishyikiriza Urwego<br />

rw’Umuvunyi ayobora kandi tukaba tuzi ko mu<br />

mikorere n’inshingano by’Urwego rw’Umuvunyi<br />

ntaho bihuriye n’amabuye y’agaciro; icyo gihe<br />

Urwego rw’Umuvunyi ruzashyikiriza aya mabuye<br />

y’agaciro Minisiteri ifite iby’amabuye y’agaciro<br />

mu nshingano zayo cyangwa ikigo ikuriye bigene<br />

uko aya mabuye azakoreshwa.<br />

Mu gihe iyo mpano cyangwa amaturo nta Minisiteri<br />

cyangwa urwego bifitanye isano itaziguye,<br />

bishyikirizwa Minisiteri ifite abatishoboye mu<br />

nshingano zayo. Imikoreshereze y’impano<br />

cyangwa amaturo avugwa muri iki gika agenwa<br />

n’amabwiriza ya Minisitiri ufite abatishoboye mu<br />

nshingano ze.<br />

Urugero: Tuvuge ko Umuvunyi Mukuru agiye<br />

ahantu bakamuha kositimu ebyiri zihenze.Kubera<br />

ko nta Minisiteri izwi ishobora gushyikirizwa<br />

ibijyanye n’imyenda,bizahabwa Minisiteri<br />

ishinzwe gufasha abatishoboye izabe ari yo igena<br />

icyo bizakoreshwa.<br />

Urwego rw’Umuvunyi rumenyeshwa mu nyandiko<br />

urwego rwashyikirijwe impano cyangwa amaturo<br />

afite agaciro karenze ibihumbi ijana by’amafaranga<br />

y’u Rwanda (100.000 RwF).<br />

Iyo impano cyangwa<br />

amaturo ari ibikoreshwa<br />

n’umuntu ku giti cye<br />

kandi agaciro kabyo<br />

katarenze ibihumbi<br />

ijana by’amafaranga y’u<br />

Rwanda (Frw 100.000)<br />

bigumanwa n’umuyobozi<br />

wabihawe.<br />

Urugero: Tuvuge ko<br />

Umuvunyi Mukuru agiye<br />

ahantu bakamuha impano<br />

ya karuvati cyangwa<br />

isaha bitarengeje<br />

ibihumbi ijana. Icyo gihe<br />

yemerewe kubikoresha ku<br />

giti cye.<br />

<br />

Telefoni itishyuzwa199<br />

Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />

5


Urwego rw’Umuvunyi<br />

IBIKORWA BY’URWEGO RW’UMUVUNYI<br />

Amashusho ya bimwe mu bikorwa by’Urwego<br />

rw’Umuvunyi mu gihembwe gishize<br />

Abakozi b’Urwego rw’Umuvunyi barahiriye imbere<br />

y’Umuvunyi Mukuru n’abavunyi bungirije<br />

kuzuza neza inshingano bashinzwe<br />

Urwego rw’Umuvunyi rwahuguye abanyamakuru<br />

ku ruhare rwabo mu gukumira no kurwanya<br />

akarengane na ruswa<br />

Urwego rw’Umuvunyi rwakoze igenzura<br />

ry’imenyekanishamutungo mu banyamabanga<br />

nshingwabikorwa b’Imirenge<br />

Urwego rw’Umuvunyi rwitabiriye igikorwa cyo<br />

gutera igiti mu Karere ka Kamonyi<br />

6<br />

Urwego rw’Umuvunyi rwateguye amarushanwa<br />

y’indirimbo n’imivugo ashishikariza abaturarwanda<br />

kugira uruhare mu gukumira no kurwanya<br />

akarengane na ruswa<br />

Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />

Bamwe mu bagize umutwe w’abadepite bo muri<br />

Djibouti basuye Urwego rw’Umuvunyi<br />

Telefoni itishyuzwa199


Urwego rw’Umuvunyi<br />

Umunsi Mpuzamahanga<br />

wahariwe kurwanya ruswa<br />

09/12/<strong>2010</strong><br />

Mu rwego rwo kuzirikana Umunsi Mpuzamahanga ngarukamwaka wahariwe kurwanya ruswa wizihizwa<br />

tariki ya 09 Ukuboza, Urwego rw’Umuvunyi rufite mu nshingano zarwo kurwanya ruswa rutegura buri mwaka<br />

icyumweru cyahariwe kurwanya ruswa. Uyu mwaka icyo cyumweru cyatangiye tariki ya 05 kikaba cyarashojwe<br />

ku tariki ya 09 Ukuboza <strong>2010</strong> ku Munsi Mpuzamahanga wo kurwanya ruswa. Insanganyamatsiko y’uwo<br />

munsi ku rwego rw’Igihugu ikaba yaragiraga iti « Ruswa imunga imiyoborere myiza, TUYAMAGANE,<br />

TUYITUNGE AGATOKI.»<br />

Muri icyo cyumweru, Urwego rw’Umuvunyi rukaba rwarateguye ibikorwa bitandukanye bigamije gukangurira<br />

abaturarwanda muri rusange, abakozi n’abayobozi bo mu nzego zinyuranye ku bubi bwa ruswa n’ibyaha<br />

bifitanye isano na yo, no kubashishikariza by’umwihariko kugira uruhare mu kuyirwanya, kuyanga no<br />

kuyamagana.<br />

Ibikorwa by’ingenzi byakozwe muri icyo cyumweru cyahariwe kurwanya<br />

ruswa ni ibi bikurikira :<br />

- 05/12/<strong>2010</strong> : Ibiganiro ku ma radiyo atandukanye akorera mu Rwanda<br />

ndetse no kuri Televiziyo y’u Rwanda, bikaba byari bikubiyemo<br />

ubutumwa bukangurira abaturarwanda kurwanya, kwanga no<br />

kwamagana ruswa;<br />

- 06/12/<strong>2010</strong> : Gutangiza ku mugaragaro icyumweru cyahariwe<br />

kurwanya ruswa mu ntara y’Amajyepfo, mu karere ka Gisagara,<br />

hakaba haratanzwe ubutumwa bukangurira abaturarwanda ku bubi<br />

bwa ruswa, uko yigaragaza n’ingaruka zayo ku miyoborere myiza,<br />

ubukungu n’iterambere ry’Igihugu ;<br />

- 07/12/<strong>2010</strong> : Gusoza amarushanwa yateguwe n’Urwego rw’Umuvunyi<br />

y’abahanzi b’indirimbo n’imivugo ku miyoborere myiza ndetse no<br />

gutanga ibihembo ku bayatsinze ku rwego rw’Igihugu ;<br />

- 08/12/<strong>2010</strong> : Gushinga ibyapa bikangurira abaturarwanda kurwanya<br />

ruswa mu Karere ka Kicukiro, Gasabo na Nyarugenge;<br />

- 09/12/<strong>2010</strong> : Gusoza icyumweru cyahariwe kurwanya ruswa hizihizwa<br />

Umunsi Mpuzamahanga wo kurwanya ruswa. Hakaba haratanzwe<br />

ibihembo ku Turere dutatu (3) twagize uruhare mu kwimakaza<br />

imiyoborere myiza kurusha utundi.<br />

Umunsi Mpuzamahanga wo kurwanya ruswa ukaba waremejwe<br />

n’icyemezo n°58/4 cy’Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye<br />

ONU yateranye tariki ya 31 Ukwakira 2003 i Merida mu Gihugu cya<br />

Mexique.<br />

Stop corruption<br />

Telefoni itishyuzwa199<br />

Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />

7


Urwego rw’Umuvunyi<br />

TURWANYE AKARENGANE<br />

Inzego zitandukanye zikomeje<br />

gukangurirwa kugira uruhare mu rugamba<br />

rwo kurwanya akarengane na ruswa<br />

Nk’uko biteganywa n’ingingo ya 3,8° y’Itegeko<br />

n° 17/2005 ryo ku wa 18/08/2005 rihindura<br />

kandi ryuzuza itegeko Nº 25/2003 ryo ku<br />

wa 15/08/2003 rigena imiterere n’imikorere<br />

y’Urwego rw’Umuvunyi, imwe mu nshingano y’Urwego<br />

rw’Umuvunyi ni ugukangurira abaturage kwirinda ruswa<br />

n’ibyaha bifitanye isano na yo no guhugura abakozi<br />

b’inzego z’imirimo, ari mu bigo bya Leta no mu bigo<br />

n’imiryango bitagengwa na Leta. Ni muri urwo rwego<br />

mu kwezi kwa Nzeli Urwego rw’Umuvunyi rwahuguye<br />

abanyamakuru kuva ku itariki ya 20 kugeza ku itariki<br />

ya 22 ndetse n’ Inama Nkuru y’igihugu y’abagore kuva<br />

ku itariki ya 29 kugeza tariki ya 30 ku ruhare rwabo<br />

mu gukumira, no kurwanya akarengane, ruswa n’ibyaha<br />

bifitanye isano na yo.<br />

Mu gufungura amahugurwa y’abanyamakuru , Umuvunyi<br />

Mukuru Tito Rutaremara yasabye abanyamakuru<br />

ubufatanye n’Urwego akuriye dore ko bafite inshingano<br />

zijya gusa, ni ukuvuga gukangurira abanyarwanda<br />

NZEYIMANA Nadège<br />

uburenganzira bwabo ndetse abanyamakuru bakaba<br />

bafite inshingano yo gutungira agatoki Urwego<br />

rw’Umuvunyi aho ruswa n’akarengane biri. Yasabye<br />

abanyamakuru gushyira ahagaragara akarengane mu<br />

bitangazamakuru bakorera, yakomeje abwira abitabiriye<br />

amahugurwa ko ibyo byose bizagerwaho ari uko<br />

abanyamakuru nabo bagaragaje ubunyangamugayo<br />

ndetse bakamenya ko umuturage ari we shingiro rya<br />

byose, ibikorwa byose bikaba bigomba kuba mu nyungu<br />

ze no kumuha agaciro.<br />

Abanyamakuru bitabiriye ayo mahugurwa bahuguwe<br />

kuri byinshi harimo inshingano z’Urwego rw’Umuvunyi<br />

,uruhare rw’itangazamakuru mu gukumira, kurwanya<br />

akarengane, ruswa n’ibyaha bifitanye isano na yo,<br />

ubufatanye Urwego rw’Umuvunyi rukwiye kugirana<br />

n’Itangazamakuru, uruhare rw’imenyekanishamutungo<br />

mu majyambere y’igihugu,n’ibindi. Mu kiganiro Bwana<br />

Yussuf Nsengiyumva ,umuyobozi w’ishami ryo gukumira<br />

no kurwanya akarengane yagejeje ku banyamakuru<br />

bitabiriye amahugurwa yababwiye<br />

ko bakwiye gukorana n’Urwego<br />

rw’Umuvunyi mu buryo bwo<br />

guhererekanya amakuru ; Urwego<br />

rw’Umuvunyi rukabagezaho<br />

amakuru yavuye mu iperereza riba<br />

ryakozwe ndetse no muri raporo,<br />

abanyamakuru nabo bakereka<br />

Urwego rw’Umuvunyi ahakekwa<br />

ruswa kugira ngo hakorerwe<br />

iperereza ryimbitse. Yakomeje<br />

ababwira ko abanyamakuru<br />

bakwiye kwirinda kwandika inkuru<br />

zishingiye ku bihuha.<br />

8<br />

Umuvunyi Mukuru asubiza ibibazo by’abanyamukuru nyuma<br />

y’amahugurwa<br />

Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />

Abitabiriye aya mahugurwa<br />

biyemeje kuba ijisho ry’Urwego<br />

rw’Umuvunyi baharanira<br />

kurwanya no gukumira<br />

akarengane kose hakoreshejwe<br />

ibitangazamakuru bakorera, kuba<br />

intangarugero mu myitwarire<br />

bamaganira kure akarengane na<br />

ruswa ngo kuko ntawe utanga icyo<br />

adafite. Biyemeje guhanahana<br />

amakuru n’Urwego rw’Umuvunyi.<br />

Abanyamakuru basabye Urwego<br />

Telefoni itishyuzwa199


TURWANYE AKARENGANE<br />

Urwego rw’Umuvunyi<br />

rw’<strong>umuvunyi</strong> kujya<br />

rubamenyesha gahunda<br />

yarwo, mu bibazo<br />

bagiyemo birebana<br />

n’akarengane na ruswa<br />

kugira ngo babitangarize<br />

abaturarwanda.<br />

Nk’uko byatangajwe<br />

n’Umuvunyi Mukuru<br />

afungura ku mugaragaro<br />

amahugurwa y’<br />

Inama y’Igihugu<br />

y’Abagore « Abagore<br />

bafite ubushobozi,<br />

bafite n’icyizere<br />

bahawe n’ubuyobozi<br />

bw’Igihugu, nibo barera,<br />

bari mu nzego zifata<br />

ibyemezo, bafite byinshi<br />

bahindura mu gihugu.»<br />

Aya mahugurwa akaba Bamwe mubari mu Nama Nkuru y’Abagore bakurikirana amahugurwa.<br />

yarateguwe n’Urwego<br />

r w ’ U m u v u n y i<br />

h a g a m i j w e<br />

Nyuma y’aya mahugurwa , abagize Inama y’Igihugu<br />

gushishikariza abari n’abategarugori kugira uruhare y’Abagore biyemeje kuba intumwa mu Turere,<br />

mu gukumira no kurwanya akarengane, ruswa n’ibyaha bakangurira abanyarwanda bose muri rusange n’abagore<br />

bifitanye isano na yo.<br />

by’umwihariko uruhare rwabo mu kurwanya ruswa<br />

n’akarengane ndetse bakaba bariyemeje kwiha mu<br />

miryango yabo umwanya wo kuganira n’abana ku muco<br />

mwiza n’indangagaciro z’umuco nyarwanda, hagamijwe<br />

Abari n’abategarugori bari<br />

bitabiriye amahugurwa<br />

bagejejweho ibiganiro<br />

bitandukanye harimo inshingano<br />

z’Urwego rw’Umuvunyi,<br />

amateka y’akarengane mu<br />

Rwanda n’impamvu Urwego<br />

rw’Umuvunyi rwashyizweho.<br />

Bagaragarijwe kandi<br />

uruhare rwabo mu kurwanya<br />

akarengane, ruswa n’ibyaha<br />

bifitanye isano na yo ndetse<br />

bakaba barasobanuriwe<br />

uruhare rw’ umugore mu guteza<br />

imbere ubunyangamugayo mu<br />

banyarwanda.<br />

Minisitiri w’ Iterambere<br />

ry’Abagore, Madame<br />

Mujawamariya Jeanne d’Arc mu gusoza aya<br />

mahugurwa, yabwiye abitabiriye amahugurwa ko<br />

bafite ubushobozi bwo kurwanya akarengane na<br />

ruswa. Yakomeje ababwira ko abafitiye icyizere nk’uko<br />

Urwego rw’Umuvunyi rwakibagiriye rujya kubahugura<br />

nk’abantu bazarufasha kugera ku nshingano rufite.<br />

Abahuguwe biyemeje<br />

kwiha mu miryango yabo<br />

umwanya wo kuganira<br />

n’abana ku muco mwiza<br />

n’indangagaciro z’umuco<br />

nyarwanda, hagamijwe<br />

kwimakaza uburere bwiza<br />

n’ubunyangamugayo.<br />

kwimakaza uburere bwiza<br />

n’ubunyangamugayo.<br />

Urwego rw’Umuvunyi<br />

rukaba rukomeje<br />

gukangurira abanyarwanda<br />

b’ingeri zitandukanye<br />

kugira uruhare mu<br />

kurwanya, gukumira<br />

akarengane ruswa n’ibindi<br />

byaha bifitanye isano na yo.<br />

Abanyamadini n’urubyiruko<br />

bakaba bazahugurwa mu<br />

mezi abiri ari imbere, cyane<br />

cyane ko abanyamadini<br />

bafite uruhare rukomeye<br />

mu gufasha ishyirwa mu<br />

bikorwa rya za gahunda za<br />

Guverinoma kuko bafitiwe icyizere n’abo bayobora mu<br />

madini atandukanye ndetse n’urubyiruko rufashe iya<br />

mbere mu gukumira no kurwanya akarengane, ruswa<br />

n’ibyaha bifitanye isano na yo, u Rwanda rwaba rufite<br />

icyizere cy’ejo hazaza heza.<br />

<br />

Telefoni itishyuzwa199<br />

Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />

9


Urwego rw’Umuvunyi<br />

TURWANYE AKARENGANE<br />

Kwegera abaturage bibafasha<br />

gukemurirwa ibibazo byabo<br />

mu buryo bworoshye<br />

Mu kwezi kwa Nyakanga <strong>2010</strong>, Urwego<br />

rw’Umuvunyi rwahinduye uburyo<br />

rwakiragamo ibibazo by’abaturage; aho<br />

kuzana ibibazo byabo i Kigali ku biro by’Urwego,<br />

abakozi b’Urwego rw’Umuvunyi babasanga mu<br />

Turere batuyemo.<br />

Byagaragaye ko kugera ku cyicaro cy’Urwego<br />

rw’Umuvunyi bigora abaturage mu buryo<br />

KAJANGWE Joseph, Umukozi w’Urwego rw’Umuvunyi yakira<br />

ibibazo by’abaturage bo mu Karere ka Ngoma<br />

butandukanye: amafaranga menshi atangwa mu<br />

ngendo, imvune z’ingendo, impanuka za hato na<br />

hato. Byabaye ngombwa ko Urwego rw’Umuvunyi<br />

ruhindura uburyo bwo kwakira ibibazo<br />

by’akarengane. Aho kugira ngo baze i Kigali,<br />

abakozi b’Urwego rw’Umuvunyi babasanga mu<br />

Turere aho batuye. Iyi gahunda iba buri kwezi.<br />

HABIMANA Jean Pierre<br />

ya buri munsi. Igihe cyo gukora kiziyongera<br />

n’amafaranga y’ingendo agabanuke, ibi bizatuma<br />

imibereho yabo irushaho kuba myiza.<br />

Kuva muri Nyakanga 2009 kugera muri Kamena<br />

<strong>2010</strong>, hakiriwe ibibazo 5386. Icyagaragaye aho<br />

gahunda yo kwegera abaturage iwabo mu Turere<br />

itangiriye ni uko ibibazo byakiriwe byiyongereye.<br />

Mu gihe cy’amezi atatu ( Nyakanga, Kanama na<br />

Nzeli <strong>2010</strong>) hakiriwe ibibazo<br />

2152 byashyikirijwe Urwego<br />

rw’Umuvunyi mu nyandiko<br />

cyangwa muri gahunda yo<br />

kwegera abaturage.<br />

Impamvu ibibazo<br />

byiyongereye ni uko<br />

abaturage begerewe,<br />

bakabasha kuvugira ibibazo<br />

byabo hafi. Hari ababaga<br />

bifuza kugeza ibibazo byabo<br />

ku Rwego rw’Umuvunyi<br />

bakabuzwa n’uko<br />

bitaborohera (batabashije<br />

gukora ingendo ndende, nta<br />

mafaranga y’ingendo) kugera<br />

aho bakiriraga ibibazo ku<br />

biro i Kigali.<br />

Indi mpamvu ni uko abaturage<br />

bamenye kandi bakumva<br />

neza inshingano n’imikorere<br />

y’Urwego rw’Umuvunyi.<br />

Ikindi ni uko uburyo bwo<br />

kugeza ubutumwa/amakuru<br />

ku baturage bwagiye bworoshywa hagakoreshwa<br />

uburyo bwinshi butandukanye harimo guhamagara<br />

telefoni itishyuzwa, kohereza ubutumwa bugufi<br />

kuri telefoni, gukoresha ikoranabuhanga rya<br />

‘emails’ ndetse no kwandika amabaruwa byari<br />

bisanzwe.<br />

10<br />

Iyi gahunda ni nziza kubera ko abaturage bazajya<br />

bakemurirwa ibibazo bijyanye n’akarengane hafi<br />

yabo. Igihe bakoreshaga baza ku biro by’Urwego<br />

rw’Umuvunyi bazagikoresha mu mirimo yabo<br />

Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />

Mu bibazo byavuzwe hejuru, ibabazo 1072<br />

byakiriwe mu nyandiko ku biro by’Urwego<br />

rw’Umuvunyi, ku buryo bukurikira hakurikijwe<br />

Intara:<br />

Telefoni itishyuzwa199


TURWANYE AKARENGANE<br />

Urwego rw’Umuvunyi<br />

Intara y’Iburasirazuba : 146<br />

Intara y’Iburengerazuba : 139<br />

Intara y’Amajyaruguru : 126<br />

Intara y’Amajyepfo : 171<br />

Umujyi wa Kigali : 490<br />

Ibi bibazo byakiriwe mu nyandiko<br />

byarakurikiranywe ariko imibare igaragaza<br />

ibyakemutse n’ibigikurikiranwa ubwo twateguraga<br />

iyi nyandiko yari ikegeranywa.<br />

Ibibazo 1080 ni ibyakiriwe n’abakozi b’Urwego<br />

Imbonerahamwe ikurikira iragaragaza mu buryo<br />

burambuye ibibazo byakiriwe muri buri Ntara<br />

n’abakozi b’Urwego rw’Umuvunyi:<br />

Tubabwire ko mu bibazo byakiriwe, hari<br />

higanjemo ibibazo bijyanye n’ibibanza mu mijyi,<br />

ibijyanye n’isaranganya ry’ubutaka, ibijyanye<br />

n’amakimbirane mu miryango ashingiye ku<br />

izungura, iby’inkiko gacaca, ibijyanye n’ibyo<br />

Leta,Uturere tugomba kwishyura abaturage n’<br />

ibijyanye no kurangirizwa imanza.<br />

Twibutse ko iyi gahunda yo kwegera abaturage ku<br />

Turere iwabo, kwakira no gukemura ibibazo ibaho<br />

buri kwezi. Aho igiriyeho, bigaragara ko itanga<br />

Nº INTARA/UMUJYI WA<br />

KIGALI<br />

Umubare<br />

w’ibibazo<br />

byakiriwe<br />

U m u b a r e<br />

w ’ b i b a z o<br />

byakemutse<br />

U m u b a r e<br />

w ’ i b i b a z o<br />

byohererejwe<br />

izindi nzego<br />

1 Amajyaruguru 161 63 72 26<br />

2 Amajyepfo 366 217 63 86<br />

3 Iburasirazuba 201 64 110 27<br />

4 Iburengerazuba 135 66 41 28<br />

5 Umujyi wa Kigali 217 94 64 59<br />

IGITERANYO 1080 504 350 226<br />

Ibigikurikiranwa<br />

rw’Umuvunyi mu Turere twose tw’Igihugu. Muri<br />

ibi bibazo ,504 byarakemutse, 250 ntabwo byari<br />

mu bubasha bw’Urwego rw’Umuvunyi bikaba<br />

byaroherejwe ibigo bireba kugira ngo bibikemure<br />

naho 226 biracyakurikiranwa.<br />

umusaruro kuko abantu bakemurirwa ibibazo<br />

byabo hafi bityo bakabona umwanya uhagije wo<br />

gukora imirimo ibateza imbere.<br />

<br />

Menya, soma kandi somesha ikinyamakuru “UMUVUNYI<br />

MAGAZINE”.Gisohoka rimwe mu gihembwe,<br />

kigatangirwa ubuntu. Kigamije gushishikariza<br />

abaturarwanda gukumira no kurwanya akarengane na<br />

ruswa .<br />

Wagisanga ku muyoboro wa interinet w’Urwego<br />

rw’Umuvunyi:<br />

www.ombudsman.gov.rw<br />

Telefoni itishyuzwa199<br />

Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />

11


Urwego rw’Umuvunyi<br />

TURWANYE RUSWA<br />

Problématique de la répression de<br />

la corruption<br />

La corruption constitue une infraction punie par<br />

la loi. Dans le langage courant ainsi que dans<br />

la terminologie juridique, la corruption est<br />

l’agissement par lequel une personne investie<br />

d’une fonction déterminée, publique ou privée,<br />

sollicite ou accepte un don, une <strong>of</strong>fre ou une promesse en<br />

vue d’accomplir, retarder ou omettre d’accomplir un acte<br />

entrant, d’une manière directe ou indirecte, dans le cadre<br />

de ses fonctions. Il s’agit d’une violation, commise par le<br />

coupable, des devoirs de sa charge ; en d’autres termes, une<br />

sorte d’abus de confiance.<br />

Est ainsi constitutif de corruption publique passive le fait<br />

pour un fonctionnaire de demander ou d’accepter ou de<br />

recevoir, directement ou par interposition de personnes, une<br />

<strong>of</strong>fre, une promesse ou un avantage de toute nature, pour<br />

elle-même ou pour un tiers, pour adopter un acte ou s’en<br />

abstenir.<br />

On parle de corruption publique active lorsqu’une personne<br />

propose, directement ou par interposition de personnes, à un<br />

fonctionnaire, une <strong>of</strong>fre, une promesse ou un avantage de<br />

toute nature, pour elle-même ou pour un tiers, pour qu’elle<br />

adopte un acte ou s’en abstienne.<br />

Peu importe que l’acte sollicité (ou l’abstention d’un acte)<br />

soit légitime ou non au regard des fonctions de l’agent. Peu<br />

importe que l’acte soit ou non réalisé. Ce qui détermine<br />

l’infraction de corruption, c’est le lien qui existe entre ce<br />

qui est promis ou donné et l’objectif poursuivi, c’est-àdire<br />

faire adopter par la personne qui exerce une fonction<br />

publique un comportement déterminé.<br />

L’infraction existe quelque soit la nature ou la valeur de<br />

l’avantage. Les avantages matériels (il n’y a pas de seuil<br />

minimal de valeur) comme immatériels sont visés, ce qui<br />

inclut par exemple les avantages tenant à un traitement<br />

préférentiel (obtention ou soutien à l’obtention d’un<br />

poste ou autre avantage), les avantages symboliques ou<br />

honorifiques (titres, distinctions, accès à un cercle de<br />

relations privilégiées…). L’existence de l’infraction de<br />

corruption n’est donc pas subordonnée à un enrichissement<br />

matériel.<br />

L’acte unilatéral d’<strong>of</strong>frir un avantage, de le donner, de le<br />

demander ou de le recevoir suffit donc pour engager des<br />

poursuites. Le pacte entre les deux parties constitue une<br />

circonstance aggravante de l’infraction.<br />

va agir ou s’abstenir. Cette<br />

contrepartie peut prendre<br />

différentes formes en pratique<br />

et peut pr<strong>of</strong>iter aussi bien au<br />

corrompu qu’à ses proches<br />

: logement gratuit, prêt sans<br />

intérêt, réduction d’un prix<br />

d’achat, bénéfice d’un travail<br />

sans contre-partie financière,<br />

...<br />

L’entente entre le corrupteur<br />

et le corrompu peut se solder<br />

par l’attribution des sommes<br />

d’argent ou des biens en<br />

nature. Le corrompu entre<br />

en possession de ces biens.<br />

En effet, aucune pièce n’est<br />

contresignée pour attester ce<br />

don.<br />

Toute infraction pénale peut<br />

donner lieu à une action<br />

publique qui tend à faire<br />

prononcer contre son auteur<br />

une sanction prévue par la<br />

loi. La corruption, étant<br />

une infraction pénale dont<br />

il est difficile d’en désigner<br />

une victime ou partie civile,<br />

il revient exclusivement au<br />

représentant de l’Etat d’agir<br />

pour réduire ou endiguer ce<br />

comportement antisocial.<br />

L’action à engager dans ce<br />

cadre est essentiellement une<br />

action publique qui est mise<br />

en mouvement et exercée<br />

par le Ministère public ou<br />

par une administration. Ils<br />

doivent être informés de la<br />

commission ou des velléités<br />

de commission de l’infraction<br />

car, en effet, la commission<br />

d’infraction doit être portée à<br />

la connaissance de l’autorité<br />

chargée de sa poursuite.<br />

GATERA Athanase<br />

12<br />

La corruption se traduit par un accord (le « pacte de<br />

corruption ») entre le corrompu et le corrupteur. L’existence<br />

même de cet accord est constitutive de l’infraction sans qu’il<br />

soit nécessaire de s’attacher à ses effets. Il doit néanmoins<br />

exister un lien de causalité entre l’action ou l’abstention<br />

attendue et la contrepartie dont va bénéficier le corrompu<br />

: c’est parce qu’il va obtenir quelque chose que celui-ci<br />

Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />

Les dénonciations des soupçons de corruption sont le plus<br />

souvent faites par des tierces personnes. Celles-ci peuvent<br />

posséder des éléments de preuve. Toutefois, les acteurs<br />

impliqués cherchent à dissimuler ces éléments de façon à<br />

compliquer les investigations. Ils s’évertuent à prouver leur<br />

innocence en cas de poursuites judiciaires. Le Ministère<br />

public peine à prouver la culpabilité des suspects faute de<br />

Telefoni itishyuzwa199


TURWANYE RUSWA<br />

Urwego rw’Umuvunyi<br />

preuves admissibles. Selon l’article 2 de la loi n°15/2004 du<br />

12/06/2004 portant modes et administration de la preuve, « la<br />

preuve en matière judiciaire est un moyen de démonstration<br />

de la véracité d’un fait ». L’absence de preuve plaide en<br />

faveur du suspect alors qu’il a acquis des dons indus.<br />

L’intérêt général étant menacé ou troublé, le Ministère<br />

« kwibwiriza », « umuti w’ikaramu »… Autant dire que<br />

les Rwandais ont connaissance des pratiques de corruption<br />

qu’ils en ont développé un langage approprié. Les services<br />

où sévissent la corruption et même les présumés auteurs<br />

sont indexés. Au sein d’une même entité, très peu de<br />

dénonciations sont faites. Toutefois, très rares sont des cas<br />

où des gens osent témoigner devant une juridiction de la<br />

culpabilité d’un suspect. Il existe une certaine inertie de<br />

la population dans la recherche de la vérité sur des actes<br />

allégués de corruption.<br />

Public est saisi soit par une dénonciation écrite ou orale ;<br />

soit par une plainte ; soit par un procès-verbal établi par une<br />

autorité compétente. Le rôle du corrupteur et du corrompu<br />

dans les dénonciations est insignifiant du fait des intérêts<br />

personnels qu’ils doivent sauvegarder.<br />

Il existe dans le jargon populaire les termes qui dénotent<br />

la corruption : « akantu », « icyacumi », « arazwi »<br />

Telefoni itishyuzwa199<br />

La répression de la corruption appelle un accompagnement<br />

de tous. Pourtant, du fait que la corruption soit pr<strong>of</strong>ondément<br />

enracinée dans les esprits, personne n’est prête à la<br />

dénonciation. Une fois de plus, si la crainte peut être fondée<br />

pour les acteurs de la corruption, elle s’expliquerait mal pour<br />

ceux qui la vivent en qualité de simples témoins. Il importe<br />

donc que soient renforcées les actions de vulgarisation et<br />

de prévention afin que chacun se sente concerné par la lutte<br />

contre ce fléau qui, à la longue, est préjudiciable à tous.<br />

La corruption trouve dans le droit un terrain propice pour son<br />

épanouissement. Il en est ainsi de l’absence de réglementation<br />

instituant la transparence dans les marchés publics. Elle<br />

se nourrit du formalisme excessif dans les procédures,<br />

de la complexité du droit, des qualifications imprécises<br />

de certaines infractions, de l’opportunité des poursuites<br />

accordées aux magistrats, du pouvoir discrétionnaire dans<br />

la fonction publique, du secret bancaire, des avancements<br />

à titre exceptionnel. Ainsi, la corruption a besoin du droit<br />

tout en contournant ses contraintes, d’où la difficulté pour<br />

le droit de combattre la corruption.<br />

La preuve étant au procès ce qu’est l’argent aux affaires,<br />

la répression ne peut intervenir que lorsque des preuves<br />

irréfutables sont relevées contre le prévenu. A ce titre, il<br />

est symptomatique que les difficultés de preuve enlisent<br />

généralement la poursuite d’autant plus que, en cas<br />

d’établissement de la culpabilité, les sanctions sont d’une<br />

timide dissuasion pour les futurs aventuriers de la corruption.<br />

Les preuves en matière de corruption ne sont pas facilement<br />

démontrées, ce qui rend complexes les enquêtes y relatives<br />

et les poursuites judiciaires.<br />

La manière dont les preuves sont produites dépend<br />

essentiellement des règles de procédure. Leur choix appartient<br />

en général aux parties, le juge se bornant d’ordinaire à<br />

décider de leur admissibilité et à apprécier leur valeur<br />

probante. Le fardeau de la preuve incombe en principe au<br />

demandeur, c’est-à-dire à l’accusateur, le Ministère Public,<br />

Pour pouvoir rendre la justice et trancher des conflits, les<br />

juges doivent se baser sur des preuves apportées par les<br />

parties au procès. Est-il facile de prouver la culpabilité<br />

d’un présumé corrompu alors que le corrupteur ne peut plus<br />

avouer ses actes devant une juridiction ? Comment infliger<br />

des peines prévues par la loi en cas d’absence de preuves<br />

fiables ? Est-il logique de laisser libres les présumés auteurs<br />

de corruption alors que les effets néfastes de leurs actes<br />

influent sur le développement de notre société ?<br />

<br />

Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />

13


Urwego rw’Umuvunyi<br />

TURWANYE RUSWA<br />

Urutonde rw’abahamwe n’icyaha cya ruswa mu<br />

gihembwe cya mbere n’icya kabiri mu mwaka wa <strong>2010</strong><br />

Dushingiye ku Itegeko n° 17/2005 rihindura kandi ryuzuza itegeko nº 25/2003 ryo ku wa 15/08/2003<br />

rigena imiterere n’imikorere y’Urwego rw’Umuvunyi mu ngingo yayo ya 3 (9°), Urwego rw’Umuvunyi<br />

rufite inshingano yo gukora no gutangaza urutonde rw’abahamwe burundu na ruswa n’ibyaha bifitanye<br />

isano na yo n’ibihano bahawe. Urutonde rukurikira ruragaragaza abantu bahamwe n’icyaha cya ruswa<br />

mu gihembwe cya mbere n’icya kabiri cy’umwaka wa <strong>2010</strong>.<br />

Urutonde rw’abahamwe n’icyaha cya ruswa mu gihembwe cya mbere <strong>2010</strong><br />

N° UMWIRONDORO<br />

UMURIMO<br />

YAKORAGA<br />

URUKIKO<br />

RWAMUKATIYE<br />

AGACIRO KA RUSWA<br />

YATANZE CYANGWA<br />

YAKIRIYE<br />

IGIHANO<br />

1.<br />

NTAKIRUTIMANA Augustin mwene<br />

KANIMBA Athanase na MUSHUMBA<br />

Immaculée wavutse mu 1973, ubarizwa I<br />

Remera-Kacyiru-Umujyi wa Kigali<br />

Umufundi<br />

HC Siège<br />

9.000 Frw<br />

igifungo cy’imyaka<br />

2 n’igice<br />

2.<br />

RWAYITARE David mwene Rubabaza<br />

na Nyiramahoro-Gisovu-Twumba-<br />

Karongi<br />

Umuhinzi HC RUSIZI 30.000 Frw<br />

Imyaka 5 n’Ihazabu<br />

y’amafaranga<br />

60.000<br />

3.<br />

4.<br />

5<br />

6.<br />

7.<br />

NZEYIMANA Cyprien mwene<br />

BAJYAGAHE na KANYANGE,<br />

RUTARE-MUYIRA-MANIHIRA<br />

DUSHIMIYIMANA Théophile mwene<br />

Mutabazi Cyprien na Mukandekezi Lucie<br />

-Marimba -Kabarore-Gatsibo;<br />

BIZAGWIRA Alphonse mwene Bahena<br />

Faustin na Mukundufite Marie-Marimba<br />

-Kabarore-Gatsibo<br />

BURYOGEYE Anastase mwene<br />

N.Barisesa na Ntihabukubyara –Kabaya-<br />

Kabaya-Ngororero<br />

ZIREMAKWINSHI Donath mwene<br />

Nzabirinda na Bamazeyo-Kibanda-<br />

Ndaro-Ngororero<br />

Umuhinzi HC RUSIZI 15.000 Frw Imyaka 10<br />

Umubaruramari<br />

(Comptable)<br />

HC Rwamagana 80.0000 Frw Imyaka 5<br />

Umuhinzi HC Rwamagana 80.000 Frw Imyaka 5<br />

Atwara ipiki^piki HC MUSANZE 20.000 Frw<br />

Inyangamugayo ya<br />

Gacaca<br />

HC MUSANZE<br />

13.000 Frw<br />

Umwaka 1<br />

n’ihazabu ya 60.000<br />

Frw<br />

Imyaka 5 n’ihazabu<br />

ya 40.000 Frw<br />

8.<br />

GOPAL Reddy mwene Ramana Reddy<br />

na Yasodomna-Rugenge-Nyarugenge-<br />

Umujyi wa Kigali<br />

Responsable<br />

de Transport /<br />

PETROCOM<br />

HC MUSANZE<br />

50.000 fRW<br />

Imyaka 2 isubitse<br />

n’ihazabu ya 50.000<br />

Frw<br />

9.<br />

GATARAYIHA Aloys<br />

mwene SEBUDANDI na<br />

UZAMUKUNDA,wavutse 1969 utuye<br />

Rubimba-Vumwe-Remera-Ngoma EST<br />

Umucuruzi TGI NGOMA 30.000 Frw<br />

Imyaka 5 n’Ihazabu<br />

y’amafaranga<br />

60.000<br />

10.<br />

11.<br />

KALISA Hassan Mwene KAREKEZI<br />

Ibrahim MUKANGOGA Selaphine<br />

–MBUGANGARI- GISENYI- RUBAVU<br />

MUSEKURA Alphonse mwene<br />

BAGIRISHYA na NYIRARUVUGO<br />

Utuye Nyamyumba,Akarere RUBAVU-<br />

Umush<strong>of</strong>eri<br />

Umwanditsi<br />

wa kabiri<br />

w’urukiko gacaca<br />

rw’umurenge<br />

TGI RUBAVU<br />

TGI RUBAVU<br />

17.000 Frw<br />

Kwakira no gutanga ruswa<br />

y’amafaranga 50.000 Frw<br />

Imyaka 15+ihazabu<br />

ya 60.000fr<br />

Imyaka 3 + ihazabu<br />

ya 100.000 Frw<br />

12.<br />

NDERERIMANA Alexandre Mwene<br />

KARIBUSHI na BURUHIJE utuye<br />

umurenge wa NYAMYUMBA ,akarere<br />

ka Rubavu,<br />

Umuhinzi<br />

TGI RUBAVU<br />

Kwakira no gutanga ruswa<br />

y’amafaranga 50.000 Frw<br />

Imyaka 3 + ihazabu<br />

ya 100.000 Frw<br />

14<br />

Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />

Telefoni itishyuzwa199


TURWANYE RUSWA<br />

Urwego rw’Umuvunyi<br />

13.<br />

RWANYANGE Bernard mwene<br />

MUNYARUGURU na NYIRABIGORI<br />

utuye umurenge wa JENDA,Akarere ka<br />

Nyabihu,<br />

Umuhinzi<br />

TGI RUBAVU 30.000 Frw Imyaka 2<br />

14.<br />

MUKANDEKEZI Bernadette mwene<br />

buhimbare na ntahombyariye utuye<br />

Akagali Gasizi,umurenge wa Jenda-<br />

Nyabihu,<br />

Umuhinzi<br />

TGI RUBAVU 30.000 Frw Imyaka 2<br />

15.<br />

MUKAFURIKA Alodias mwene<br />

GATWARANGABO na Bavuriki-<br />

NGORORERO-NGORORERO<br />

Umuhinzi TGI RUBAVU 150.000 Frw<br />

Imyaka 5 n’ihazabu<br />

y’amafaranga<br />

150.000Frw<br />

16.<br />

KAMPIRE Gaudence<br />

mwene BAZIRAMWABO NA<br />

NYIRANTABIRE- Guriro-Karago-<br />

Nyabihu<br />

Umuhinzi<br />

TGI RUBAVU<br />

100.000 Frw<br />

Imyaka 3 n’ihazabu<br />

y’amafaranga<br />

100.000<br />

17.<br />

AKIMANIZANYE Vénantie<br />

mwene NTAWUSIGUMURUHO na<br />

MABANZA –Kimisebeya-Birembo-<br />

Rambura- Nyabihu<br />

Umuhinzi<br />

TGI RUBAVU<br />

100.000Frw<br />

Imyaka 3 n’ihazabu<br />

y’amafaranga<br />

100.000<br />

18.<br />

MUJAWASE Clémentine<br />

mwene NKURIKIYINKA Jean na<br />

NYIRAMAHIRWE Dative, Nyagacaca-<br />

Ruyenzi-Runda-Kamonyi<br />

Umuhinzi<br />

TGI MUHANGA<br />

17.000 Frw<br />

Imyaka 8 n’ihazabu<br />

y’amafaranga<br />

200.000<br />

19.<br />

KURADUSENGE Jean d’Amour<br />

mwene Kuradusenge Damien na<br />

Nyiranzabirinda Athanasie, Nyagacaca-<br />

Ruyenzi-Runda-Kamonyi;<br />

Ashinzwe<br />

umutekano mu<br />

Kagari<br />

TGI MUHANGA<br />

17.000 Frw<br />

Imyaka 8 n’ihazabu<br />

y’amafaranga<br />

200.000<br />

20.<br />

NTAHONKIRIYE Pascal mwene<br />

Habiyakare Emmanuel na Mukamurigo<br />

Bernadette,Gahondo-Gasiza-Runda-<br />

Kamonyi<br />

Ashinzwe amakuru<br />

mu Mudugudu TGI MUHANGA 17.000 Frw<br />

Imyaka 8 n’ihazabu<br />

y’amafaranga<br />

200.000<br />

21.<br />

NYANDWI Pascal mwene Senyakirama<br />

na Mushimampuyo,Nyagacaca-Ruyenzi-<br />

Runda-Kamonyi<br />

Nyumbakumi TGI MUHANGA 17.000 Frw<br />

Imyaka 8 n’ihazabu<br />

y’amafaranga<br />

200.000<br />

22.<br />

HAKIZIMFURA Gaspard mwene<br />

Munyengango Paul na Nyiramisago<br />

-Gaseke-Kayumbu-Kamonyi<br />

Inyangamugayo mu<br />

rukiko Gacaca TGI MUHANGA 15.000 Frw<br />

imyaka 15<br />

n’ihazabu<br />

y’amafaranga<br />

300.000<br />

23.<br />

KIMONYO Thacien mwene Iraguha<br />

Fabien na Nyirangaruye Petronille<br />

-Bibungo-Nyamiyaga-Kamonyi<br />

Umuhinzi TGI MUHANGA 15.000 Frw<br />

imyaka 5 n’ihazabu<br />

y’amafaranga<br />

150000 Frw<br />

24.<br />

NTIBIRINGIRWA Elias mwene<br />

BIRAHAGA na NYIRABURERA,<br />

-Nemba-Mugunga-Gakenke<br />

Umuhuzabikorwa<br />

w’Akagali ka<br />

Nemba<br />

TGI MUSANZE<br />

60.000frw<br />

Ihazabu<br />

y’amafaranga<br />

100.000frw.<br />

25.<br />

BAZIRUWISHAKIYE Boniface<br />

mwene Kajibwami Thomas na Ntamwezi<br />

Rosalie, Kabaya-Gahinga-Nemba<br />

Umuhinzi TGI Musanze 5.000 Frw Imyaka 2<br />

26.<br />

BALINDA HABIMANA Godefroid<br />

mwene HABIMANA Michel na<br />

NYIRANDABARUTA -Mbugangari-<br />

Gisenyi<br />

Umush<strong>of</strong>eri TGI MUSANZE 50 Dollars<br />

Imyaka 5 n’ihazabu<br />

y’amadolari 50<br />

27.<br />

USABABERA Emmanuel mwene<br />

Bigirimana na Nyirabuseruka-Umujyi wa<br />

Ruhengeri;<br />

Umupolisi TGI MUSANZE 50 Dollars<br />

Imyaka 5 n’ihazabu<br />

y’amadolari 50<br />

28.<br />

MUKAKABERA Drocelle mwene<br />

Bakundukize na NYIRARUBIBI<br />

-Busasamana -Nyanza;<br />

Umupolisi<br />

TGI HUYE 10.000 Frw Imyaka 2<br />

29.<br />

NYIRAMINANI Mariam mwene<br />

Habyarimana na Mukamugema-<br />

Busasamana-Nyanza;<br />

Umuhinzi TGI HUYE 10.000 Frw Imyaka 2<br />

30.<br />

GATETE Jean de Dieu mwene<br />

Gashirabake na Mukandayisenga,<br />

Remera-Kicukiro<br />

Umupolisi<br />

TGI Nyarugenge<br />

120.000 Frw<br />

Imyaka 5 kuri buri<br />

wese n’ ihazabu ya<br />

240.000 Frw<br />

15<br />

Telefoni itishyuzwa199<br />

Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong>


Urwego rw’Umuvunyi<br />

TURWANYE RUSWA<br />

31.<br />

32.<br />

KAMANZI Dominique mwene<br />

Kamanzi Augustin na Mutumwinka<br />

RUGEMA Jean Claude mwene<br />

Rugema Théonestin na Uwamaliya-<br />

Rusororo<br />

Umupolisi TGI Nyarugenge 120.000 Frw<br />

Umupolisi TGI Nyarugenge 120.000 Frw<br />

Imyaka 5 kuri buri<br />

wese n’ ihazabu ya<br />

240.000 Frw<br />

Imyaka 5 kuri buri<br />

wese n’ ihazabu ya<br />

240.000 Frw<br />

33.<br />

MURAMUTSA Jean Pierre mwene<br />

Muramutsa Jean na Mukasharangabo-<br />

Remera -Kacyiru<br />

Umupolisi TGI Nyarugenge 120.000 Frw<br />

Imyaka 5 kuri buri<br />

wese n’ ihazabu ya<br />

240.000 Frw<br />

34.<br />

35.<br />

36.<br />

NDAYAMBAJE Eric mwene<br />

Munyakarambi na Mukarugina-<br />

Amahoro-Muhima-Nyarugenge;<br />

NDARUHUTSE Jean Claude mwene<br />

Gatera na Kaligirwa-Nyabagaza-<br />

Nyabagaza-Bicumbi-<br />

NTAHONDEREYE André mwene<br />

Birindiro na Kamuzima, Muko-<br />

Ruharamba-Bukunzi<br />

Umupolisi TGI Nyarugenge 2.500 Frw<br />

Umucuruzi TGI Nyarugenge 2.500 Frw<br />

Umush<strong>of</strong>eri TGI NYAMAGABE 10.000 Frw Amezi 5<br />

Imyaka 5 n’ihazabu<br />

y’amafaranga<br />

50.000<br />

Imyaka 5 n’ihazabu<br />

y’amafaranga<br />

50.000<br />

37.<br />

NZABIHIMANA Anatole mwene<br />

Nyirishema na Karugama, Kirwa-<br />

Bugarura-Kibirizi-Nyamagabe<br />

Umuhinzi TGI NYAMAGABE 30.000 Frw<br />

Imyaka 3 n’ihazabu<br />

ya 60.000 Frw<br />

38.<br />

RURANGWA Wellars mwene<br />

Hishamunda na Mukamusoni, Birambo-<br />

Karama-Cyanika-Nyamagabe<br />

Umuhinzi TGI NYAMAGABE 50.000 Frw<br />

Imyaka 2 n’igice<br />

n’ihazabu ya<br />

200000 Frw<br />

39.<br />

NDAGIJIMANA Joseph mwene<br />

Gahinyuza na Nyiramasabo, Ruramba-<br />

Ruramba-Nyaruguru<br />

Umuhinzi TGI NYAMAGABE 30.000 Frw<br />

umwaka 2<br />

n’ihazabu ya 20.000<br />

Frw<br />

40.<br />

MUJAWASE Clémentine<br />

mwene NKURIKIYINKA Jean na<br />

NYIRAMAHIRWE Dative, Nyagacaca-<br />

Ruyenzi-Runda-Kamonyi;<br />

Umuhinzi TGI MUHANGA 17.000 Frw<br />

Imyaka 8 n’ihazabu<br />

y’amafaranga<br />

200.000<br />

41.<br />

NSANZABAGANWA Cyprien mwene<br />

Munyarushako Aminadabu na Nyirahuku<br />

Elediyana -Bugirintego-Rutabo-Kinazi-<br />

Ruhango<br />

Umuhinzi TGI MUHANGA 170.000 Frw<br />

imyaka 5 n’ihazabu<br />

y’amafaranga<br />

340.000 Frw<br />

42.<br />

MUHOZA Donatien mwene Fundi na<br />

Nzamugurisuka, Shyogwe-Muhanga<br />

Umupoilsi<br />

TGI Muhanga<br />

35.000 Frw<br />

Imyaka 7 n’ihazabu<br />

ya 150.000 Frw,<br />

43.<br />

UTANGAMAHORO Emmanuel<br />

mwene Ntawugashira na Mukakirima,<br />

Nyakagonga-Nyakagonga-Masaka-<br />

Kicukiro-Umujyi wa Kigali<br />

Ushinzwe<br />

Ibidukikije<br />

TGI Muhanga<br />

35.000 Frw<br />

Imyaka 5 n’ Ihazabu<br />

ya 150.000 Frw<br />

44.<br />

DUSABEMUNGU Gervais mwene<br />

Munyangaju na Mukaruzima Madeleine<br />

-Munanira-Munanira I-Nyakabanda-<br />

Nyarugenge;<br />

Umuhesha<br />

w’Inkiko<br />

TGI GASABO<br />

1.500.000 Frw<br />

Umwaka 1<br />

n’ihazabu<br />

y’amafaranga<br />

100.000 Frw<br />

45.<br />

SEBARWANYI Alexis mwene<br />

MIKENYERO Aloys na Ukwitegetse<br />

Gaudence-Nyandarama-Kagara-<br />

Gihundwe-Rusizi;<br />

Umuhinzi<br />

TGI RUSIZI<br />

100.000 Frw<br />

Imyaka 2 n’ihazabu<br />

ya 150000 Frw<br />

46.<br />

KALIMUNDA Joseph mwene<br />

Gafureka na Nyiranturo-Kivoga-Kagara-<br />

Gihundwe-Rusizi;<br />

Umuhinzi<br />

TGI RUSIZI<br />

100.000 Frw<br />

imyaka 3 n’ihazabu<br />

y’amafaranga<br />

200.000 Frw<br />

47.<br />

UMUTESI Julienne mwene Semavenge<br />

na Vumiliya Ange -Kadasomwa-<br />

Kamashangi-Kamembe-Rusizi<br />

Umuhinzi<br />

TGI RUSIZI<br />

100.000 Frw<br />

imyaka 3 n’ihazabu<br />

y’amafaranga<br />

200.000 Frw<br />

16<br />

48.<br />

KABANGO Bruno mwene GASARI<br />

Aloys na MUKANKUSI -Burunga-<br />

Burunga-Kamembe-Rusizi;<br />

Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />

Umucuruzi TGI RUSIZI 1.500.000 Frw<br />

Imyaka 5 kuri buri<br />

wese n’ihazabu ya<br />

600.000 Frw<br />

Telefoni itishyuzwa199


TURWANYE RUSWA<br />

Urwego rw’Umuvunyi<br />

49.<br />

MUGAMBA Etienne mwene Mukiza<br />

Yosiya na Kampororo-Gikondo-<br />

Gikondo-Kicukiro;<br />

Umukozi wa Leta TGI RUSIZI 1.500.000 Frw<br />

Imyaka 5 kuri buri<br />

wese n’ihazabu ya<br />

600.000 Frw<br />

50.<br />

MFIZI KONGO mwene Mfizi Mathias<br />

na Gacandage Thérèse -Kamembe-<br />

Rusizi;<br />

Umupolisi TGI RUSIZI 1.500.000 Frw<br />

Imyaka 5 kuri buri<br />

wese n’ihazabu ya<br />

600.000 Frw<br />

51.<br />

MURAKAZA J.Claude mwene Sehene<br />

Mathias na Nyirarekeraho-Nyarugenge;<br />

Umukozi wa Leta TGI RUSIZI 1.500.000 Frw<br />

Imyaka 5 kuri buri<br />

wese n’ihazabu ya<br />

600.000 Frw<br />

52.<br />

GATERA Laurent mwene Gatera<br />

Eliézer na Nyirahabimana -Nyarugenge<br />

Umukozi wa Leta TGI RUSIZI 1.500.000 Frw<br />

Imyaka 5 kuri buri<br />

wese n’ihazabu ya<br />

600.000 Frw<br />

53.<br />

RIZAMERA Emmanuel mwene<br />

Gasumizi na Nyiramihigo-Gitarama-<br />

Gitesi-Karongi<br />

Inyangamugayo ya<br />

gacaca<br />

TGI KARONGI<br />

100.000 Frw<br />

Imyaka 2 n’ihazabu<br />

ya 300.000 Frw<br />

54.<br />

HARELIMANA Innocent mwene<br />

Kabonero na Nyiracuma-Sure-<br />

Mushubati-Rutsiro<br />

Umuhinzi TGI KARONGI 10.000 Frw<br />

Imyaka 2 isubitswe<br />

mu gihe cy’imyaka<br />

4<br />

55.<br />

MBONIGABA Richard Benoit mwene<br />

Ntindamanyire na Bakinyenza<br />

- Gicumbi.<br />

Umuhinzi<br />

TGI GICUMBI<br />

30.000 Frw<br />

Imyaka 6 n’ihazabu<br />

ya 60.000Frw<br />

56.<br />

KABAGAMBE Michel mwene Bukoba<br />

na Ntiyamarwaki- Gicumbi.<br />

Umuhinzi<br />

TGI GICUMBI<br />

30.000 Frw<br />

Imyaka 6 n’ihazabu<br />

ya 60.000Frw<br />

57.<br />

MWERINDE Jackson Gad mwene<br />

Betoma na Cyafute- Gicumbi.<br />

Umuhinzi<br />

TGI GICUMBI<br />

30.000 Frw<br />

Imyaka 6 n’ihazabu<br />

ya 60.000Frw<br />

58.<br />

MUHANGI Albert mwene Gahigima na<br />

Tumwine- Gicumbi.<br />

Umuhinzi<br />

TGI GICUMBI<br />

30.000 Frw<br />

Imyaka 6 n’ihazabu<br />

ya 60.000Frw<br />

59.<br />

NDAYAMBAJE Médard mwene<br />

Rwayeru na Nyakaregwa- Gicumbi,<br />

Umuhinzi TGI GICUMBI 30.000 Frw<br />

Imyaka 6 n’ihazabu<br />

ya 60.000Frw<br />

60.<br />

KWEHANGANA Josué mwene<br />

Kagwentore na Kanyambo- Gicumbi.<br />

Umuhinzi<br />

TGI GICUMBI<br />

30.000 Frw<br />

Imyaka 6 n’ihazabu<br />

ya 60.000Frw<br />

61<br />

HABIYAREMYE Laurent mwene<br />

Nyamihana Aphrodis na Mukarutambuka<br />

Anathalie-Kinanira-Gitwa-Gihombo-<br />

Nyamasheke<br />

TB KAGANO 10.000 Frw Imyaka 3<br />

62.<br />

NTEGEKURORA Charles mwene<br />

Nemeyabahizi na Nikobambera-Haniro-<br />

Manihiro-Rutsiro<br />

Umuhinzi TB GIHANGO 15.000 Frw<br />

Imyaka 5 n’ihazabu<br />

y’amafaranga<br />

45.000<br />

63.<br />

MUDAHISHURUKUNDO<br />

Viateur mwene TURIKUNKIKO na<br />

NYIRABAHASHYI-Bambiro-Ngororero<br />

Inyangamugayo ya<br />

gacaca<br />

TB GATUMBA<br />

kwakira ruswa ya 40.000<br />

Frw<br />

Imyaka 4 n’ihazabu<br />

y’amafaranga<br />

10.000<br />

IBISOBANURO:<br />

HC: Urukiko Rukuru<br />

TGI: Urukiko Rwisumbuye<br />

TB: Urukiko rw’Ibanze<br />

Telefoni itishyuzwa199<br />

Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />

17


Urwego rw’Umuvunyi<br />

TURWANYE RUSWA<br />

Abaciriwe imanza ku cyaha cya ruswa, igihembwe cya kabiri<br />

<strong>2010</strong><br />

I.ABAHAMWE N’’ICYAHA BATAJURIYE<br />

N° UMWIRONDORO<br />

1<br />

2<br />

3<br />

RPA0010/10/HC/RSZ,<br />

NKEJABERA Gaspard mwene<br />

Serufigi na Nyirahuku<br />

Rwankuba-Karongi<br />

RPA 0016/09/HC/RWG<br />

GATETE Aloys<br />

mwene Bizimana Callixt na<br />

Kabagwira Cécile<br />

Sibagire-Kigabiro-Rwamagana<br />

RPA 0016/09/HC/RWG MUGABO<br />

Hussein Alias Kanyoni<br />

mwene Rugwabiza Issa na<br />

Mujawurugo Amina<br />

Miyange-Sibagire-Kigabiro-<br />

Rwamagana<br />

UMULIMO<br />

YAKORAGA<br />

URUKIKO<br />

RWAMUKATIYE<br />

AGACIRO<br />

KA RUSWA<br />

YATANZWE<br />

CYANGWA<br />

YAKIRIWE<br />

Umuhinzi HC RUSIZI 100.000 Frw<br />

Inyangamugayo ya<br />

Gacaca<br />

Inyangamugayo ya<br />

Gacaca<br />

IGIHANO<br />

Imyaka 6<br />

n’ihazabu ya<br />

200.000 Frw<br />

UBUJURIRE<br />

Ntiyajuriye<br />

HC RWAMAGANA 80.000 Frw Imyaka 7 Ntiyajuriye<br />

HC RWAMAGANA 80.000 Frw Imyaka 7 Ntiyajuriye<br />

4<br />

RPA0304/09/TGI/KGI,<br />

RIZAMERA Emmanuel mwene<br />

Gasumizi na Nyiramihigo<br />

Nyagisozi-Kanunga-Gitesi-Karongi<br />

Umuhinzi TGI KARONGI 100.000 Frw<br />

Imyaka 2<br />

n’ihazabu<br />

y’amafaranga<br />

300.000 Frw<br />

Ntiyajuriye<br />

5<br />

6<br />

7<br />

8<br />

9<br />

10<br />

11<br />

12<br />

13<br />

14<br />

RP0305/09/TGI/KGI<br />

MUTWARE Anatole mwene<br />

Nyirinkwaya na Mukahigiro<br />

Musasa-Gishyita-Karongi<br />

RP0305/09/TGI/KGI<br />

HASANGWINEZA Edouard<br />

mwene Munyandekwe na<br />

Mukarugwiza<br />

Gisiza-Cyanya-Gishyita-Karongi<br />

RP00024/010/TGI/RBV,<br />

SEBURIGA Jonas mwene<br />

Bushimbiri na Mugirwanake<br />

Giramata<br />

Bigogwe-<br />

Kanzenze-Rubavu.<br />

RP00067/010/TGI/RBV,<br />

NSHIMIYIMANA Sylver mwene<br />

Niyonzima na Mukankwiro<br />

Kabali-Rutagara-Muhanda-<br />

Ngororero.<br />

RP00067/010/TGI/RBV,<br />

HABAKURAMA Jean mwene<br />

Kabarirana Urimubenshi<br />

Gahonjo-Rubavu-Gisenyi-Rubavu.<br />

RP0431/09/TGI/RBV, GATAHANO<br />

Elie mwene Sebatware na<br />

Nyirabanditsi Bunjuri-Bugeshi-<br />

Rubavu.<br />

RP0431/09/TGI/RBV,<br />

HAKIZIMANA Jonathan. mwene<br />

Kabumba Bugeshi<br />

Rubavu.<br />

RP0167/010/TGI/MHG<br />

MAGELLAN William mwene<br />

Rwangoga na Kayisinga<br />

Kabare-Uganda.<br />

RP0204/010/TGI/MHG<br />

KARAMUKA Félix mwene Gasasira<br />

Léonard na Izabiliza Marie Mukinga<br />

Nyamiyaga-Kamonyi.<br />

RP049/010/TGI/MHG<br />

CPL HAKUZIMANA André<br />

mwene Rugwizangoga na<br />

Ayinkamiye Kabihogo-Kabihogo-<br />

Boneza-Karongi<br />

Umuhinzi TGI KARONGI 120.000 Frw<br />

Umuhinzi TGI KARONGI 120.000 Frw<br />

Umwaka 1<br />

n’ihazabu ya<br />

270.000 Frw<br />

Umwaka 1<br />

n’ihazabu ya<br />

150.000 Frw<br />

Ntiyajuriye<br />

Ntiyajuriye<br />

Umuhinzi TGI RUBAVU 50.000 Frw Imyaka 5 Ntiyajuriye<br />

Umuhinzi TGI RUBAVU 50.000 Frw<br />

Umukuru<br />

w’Umudugudu<br />

TGI RUBAVU<br />

7.000 Frw<br />

Umuhinzi TGI RUBAVU 200.000 fRW<br />

Umuhinzi TGI RUBAVU 200.000 fRW<br />

Umucuruzi TGI MUHANGA 30.000 Frw<br />

Umucuruzi TGI MUHANGA 20.000 Frw<br />

Imyaka 2<br />

n’ihazabu ya<br />

21.000 Frw<br />

Umwaka 1<br />

n’ihazabu ya<br />

50.000 Frw<br />

Imyaka 3<br />

n’ihazabu ya<br />

200.000 Frw<br />

Imyaka 3<br />

n’ihazabu ya<br />

200.000 Frw<br />

Imyaka 5<br />

n’ihazabu<br />

y’amafaranga<br />

60.000 Frw<br />

Imyaka 6<br />

n’ihazabu<br />

y’amafaranga<br />

50.000 Frw<br />

Ntiyajuriye<br />

Ntiyajuriye<br />

Ntiyajuriye<br />

Ntiyajuriye<br />

Ntiyajuriye<br />

Ntiyajuriye<br />

Umupolisi TGI MUHANGA 5.000 Frw Imyaka 5 Ntiyajuriye<br />

18<br />

Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />

Telefoni itishyuzwa199


TURWANYE RUSWA<br />

Urwego rw’Umuvunyi<br />

15<br />

16<br />

17<br />

18<br />

19<br />

20<br />

RP049/010/TGI/MHG<br />

BYENDA Théogène mwene<br />

Munyampundu Théodomir na<br />

Hategekimana Majyambere<br />

Gisozi-Gisozi-Gasabo<br />

RP0054/010/TGI/MHG<br />

IYAKAREMYE Marc mwene<br />

Semagegera na Ukongoboka<br />

Mata-Rwamiko-Nyaruguru<br />

RP0360/09/TGI/MHG<br />

SEFU Are mwene Are Omar na<br />

Mayidiya Sitikitu<br />

Ngoma-Ngoma-Huye<br />

RP0025/010/TGI/HYE, GATETE<br />

Patrick mwene Musambi Innocent na<br />

Mukagatare Anathalie<br />

Sazange-Kinazi-Huye.<br />

RP0025/010/TGI/HYE<br />

MUKAKABERA Francine mwene<br />

Bapfakurera Callixte na Mutumyinka<br />

Vénantie<br />

Kokobe-Munanira<br />

-Nyakabanda-Nyarugenge.<br />

RP0099/08/TGI/HYE,<br />

UWIMANA Bernard mwene<br />

Rudahunga Aphrodis na<br />

Mukamugemana Agnès<br />

-Mugombwa-Gisagara-Huye.<br />

Umush<strong>of</strong>eri TGI MUHANGA 5.000 Frw Imyaka 5 Ntiyajuriye<br />

Umush<strong>of</strong>eri TGI MUHANGA 2.000 FRw<br />

Imyaka 5 n’amezi<br />

3 n’ihazabu ya<br />

10.000 Frw<br />

Ntiyajuriye<br />

Convoyeur wa taxi TGI MUHANGA 3.000 Frw Imyaka 5 Ntiyajuriye<br />

Umuhinzi TGI HUYE 20.000 Frw<br />

Umuhinzi TGI HUYE 20.000 Frw<br />

Umupolisi<br />

i Mugombwa<br />

Imyaka 2<br />

n’ihazabu<br />

y’amafaranga<br />

200.000 Frw<br />

Imyaka 2<br />

n’ihazabu<br />

y’amafaranga<br />

200.000 Frw<br />

Ntiyajuriye<br />

Ntiyajuriye<br />

TGI HUYE 30.000 Frw Imyaka 10 Ntiyajuriye<br />

21<br />

RP0099/08/TGI/HYE,<br />

NKURUNZIZA Vincent mwene<br />

Murengerantwari Théoneste na<br />

Nyiramana Françoise<br />

Duwane-Kibirizi-Gisagara<br />

Umupolisi TGI HUYE 30.000 Frw<br />

Habaye ubuzime<br />

bw’ikurikirana<br />

cyaha kuko<br />

yapfuye<br />

22<br />

RP0141/09/TGI/NYGE<br />

NSHIMIYIMANA Emmanuel<br />

mwene Rwabayundo na<br />

Nyiramugwera Christia<br />

Nyanza-Gatenga-Kicukiro<br />

Umuhinzi TGI NYARUGENGE 60.000 Frw<br />

Imyaka 5<br />

n’ihazabu ya<br />

120.000 Frw<br />

Ntiyajuriye<br />

23<br />

RP0141/09/TGI/NYGE<br />

MUNYEMANA Oreste mwene<br />

DUSHIMIMANA Evariste na<br />

Mukankurikiyinka Agnès<br />

Karugira-Kigarama-Kicukiro<br />

Local Defence Force TGI NYARUGENGE 80.000 Frw<br />

Imyaka 5<br />

n’ihazabu ya<br />

160.000 Frw<br />

Ntiyajuriye<br />

24<br />

RP0141/09/TGI/NYGE<br />

MUGABYI Ildephonse<br />

mwene Ndayazi Ildephonse na<br />

Mukanyamibwa Félicité<br />

Amahoro-Karambo-Gatenga-<br />

Kicukiro<br />

Local Defence Force TGI NYARUGENGE 59.000 Frw<br />

Imyaka 5<br />

n’ihazabu ya<br />

118.000 Frw<br />

Ntiyajuriye<br />

25<br />

RP0141/09/TGI/NYGE<br />

HABIYAREMYE Fidèle mwene<br />

Nkikabahizi André na Mukarurayi<br />

Cécile<br />

Nyanza-Gatenga-Kicukiro<br />

Local Defence Force TGI NYARUGENGE 58.000 Frw<br />

Imyaka 5<br />

n’ihazabu ya<br />

116.000 Frw<br />

Ntiyajuriye<br />

26<br />

RP0141/09/TGI/NYGE<br />

C/SGT ZIRUGURU Emmanuel<br />

mwene Nyaruguru Eliphaz na<br />

Nyirangirumwami Es<strong>the</strong>r<br />

Kiberinka-Rugarama-Nyamirambo-<br />

Nyarugenge<br />

Umupolisi TGI NYARUGENGE 60.000 Frw<br />

Imyaka 5<br />

n’ihazabu ya<br />

120.000 Frw<br />

Ntiyajuriye<br />

27<br />

RP0141/09/TGI/NYGE<br />

NTAKIRUTIMANA Etienne<br />

mwene Ndirisi Samuel na<br />

Uzamukunda Marie<br />

Nyanza-Gatenga-Kicukiro<br />

Technician TGI NYARUGENGE 120.000 Frw<br />

Imyaka 2<br />

n’ihazabu ya<br />

240.000 Frw<br />

Ntiyajuriye<br />

28<br />

RP0141/09/TGI/NYGE<br />

MUHAYIMANA Boniface mwene<br />

Bugingo François na Gakunzi<br />

Thacienne<br />

Gatenga-Kicukiro<br />

Umunyeshuri TGI NYARUGENGE 280.000 Frw<br />

Imyaka 5<br />

n’ihazabu ya<br />

560.000 Frw<br />

Ntiyajuriye<br />

29<br />

RP0141/09/TGI/NYGE<br />

UZABARURU J Baptiste mwene<br />

Sebishihe Théobald na Ayinkamiye<br />

Madeleine<br />

Nyanza-Gatenga-Kicukiro<br />

Umucuruzi TGI NYARUGENGE 50.000 Frw<br />

Imyaka 2 n’amezi<br />

6 n’ihazabu ya<br />

100.000 Frw<br />

Ntiyajuriye<br />

Telefoni itishyuzwa199<br />

Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />

19


Urwego rw’Umuvunyi<br />

TURWANYE RUSWA<br />

30<br />

RP0141/09/TGI/NYGE<br />

HAVUGIMANA Félix mwene<br />

Muhizi Vincent na Nyirakanani<br />

Spéciose<br />

Nyanza-Gatenga-Kicukiro<br />

Umuhinzi TGI NYARUGENGE 85.000 Frw<br />

Imyaka 2 n’amezi<br />

6 n’ihazabu ya<br />

170.000 Frw<br />

Ntiyajuriye<br />

31<br />

RP0141/09/TGI/NYGE<br />

HATEGEKIMANA Marchal<br />

mwene Rutwaza Charles na<br />

Nyirafurera Dancille<br />

Nyanza-Gatenga-Kicukiro<br />

Umwubatsi TGI NYARUGENGE 130.500 Frw<br />

Imyaka 2 n’amezi<br />

6 n’ihazabu ya<br />

261.000 Frw<br />

Ntiyajuriye<br />

32<br />

RP0141/09/TGI/NYGE<br />

NSHIZIRUNGU Emmanuel<br />

mwene Rucira Gérard na Nyiracekeri<br />

Stéphanie<br />

Nyanza-Gatenga-Kicukiro<br />

Umufundi TGI NYARUGENGE 20.000 Frw<br />

Imyaka 2 n’amezi<br />

6 n’ihazabu ya<br />

40.000 Frw<br />

Ntiyajuriye<br />

33<br />

RP0141/09/TGI/NYGE<br />

NTIRENGANYA Emmanuel<br />

mwene Hamisi Emmanuel na<br />

Mukankusi Helena-Murambi-<br />

Gatenga-Kicukiro<br />

Umufundi TGI NYARUGENGE 19.000 Frw<br />

Imyaka<br />

5n’ihazabu ya<br />

38.000 Frw<br />

Ntiyajuriye<br />

20<br />

34<br />

35<br />

36<br />

37<br />

38<br />

39<br />

40<br />

41<br />

42<br />

43<br />

44<br />

45<br />

46<br />

RP0141/09/TGI/NYGE<br />

HABANABAKIZE Ferdinand<br />

mwene Iyamuremye na Bampire<br />

Patricie<br />

Gatenga-Gatenga-Kicukiro<br />

RP0141/09/TGI/NYGE<br />

Niyonsenga Fidèle mwene<br />

Nsengiyumva Ephrem na<br />

Mukakarangwa Solange<br />

Gahanga-Kicukiro<br />

RP0926/09/TGI/NYGE<br />

RUSAKARA Landouard mwene<br />

Ngabo na Mukambuguje<br />

Kigali-Nyarugenge<br />

RP0926/09/TGI/NYGE<br />

NIYOYITA Jérémie mwene Karera<br />

na Ayinkamiye<br />

Rukiri-Gasabo<br />

RP0244/09/TGI/GSBO<br />

MBONYUMUGENZI Jean Pierre<br />

Didier mwene Sendarasi Vincent na<br />

Uwimana<br />

Kanombe-Kicukiro.<br />

RP0575/09/TGI/GSBO, OKELO<br />

Maurice mwene Sylvestre Derick na<br />

Marguerite Aoko<br />

Kiyovu-Nyarugenge-Nyarugenge.<br />

RP0027/10/TGI/RSZ<br />

HABIMANA Saint Paul<br />

mwene Ntamuhanga Innocent na<br />

Mukamusenga Xavérine<br />

Gaturo-Bugarura-Nkombo-Rusizi<br />

RP004/10/TGI/RSZ<br />

BIZIMANA Casimir mwene<br />

Ahorukomeye na Nyirashyirambere<br />

Nyamugali-Kabagina-Nyakarenzo-<br />

Rusizi<br />

RP0106/010/TGI/NYBE<br />

TWAGIRAMUNGU Déo mwene<br />

Shabwi na Kabagema<br />

Kabacuzi-Nyamugali-Gasaka-<br />

Nyamagabe<br />

RP091/010/TGI/NYGT HABIMANA<br />

Célestin mwene Nshunguyinka na<br />

Gikaka<br />

Nyagatoma-Tabagwe-Nyagatare<br />

RP0260/010/TGI/NYGT<br />

GUMIRIZA Jean Pierre alias<br />

Kazungu mwene Havugimana<br />

Vianney na Nyirabagenzi Joséphine<br />

Musha-Matimba-Nyagatare<br />

RP0008/10/TB/BY<br />

KARENGERA Alphonse mwene<br />

Rutagarama na Mukandahiro<br />

Nyantarure-Ryaruyumba-<br />

Manyangiro-Gicumbi<br />

RP&RONPJ 0102/09/TB/<br />

KAG0470538/S 1<br />

/09/JN/IF<br />

MUKASEWABO Immaculée mwene<br />

Biligi Jean na Nyirasanzira<br />

Murambi-Shara-Kagano-Nyamasheke<br />

Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />

Chauffeur TGI NYARUGENGE 398.000 Frw<br />

- TGI NYARUGENGE 340.000 Frw<br />

Umupolisi TGI NYARUGENGE 10.000 Frw<br />

Chauffeur TGI NYARUGENGE 10.000 Frw<br />

Umukozi mu Rukiko<br />

rw’Ikirenga<br />

TGI GASABO<br />

Yatse Ruswa<br />

Sosiyete yari<br />

yatsindiye<br />

isoko<br />

Imyaka 5<br />

n’ihazabu ya<br />

796.000 Frw<br />

Imyaka<br />

5n’ihazabu ya<br />

680.000 Frw<br />

Imyaka 5<br />

n’ihazabu ya<br />

20.000 Frw<br />

Imyaka 5<br />

n’ihazabu ya<br />

20.000 Frw<br />

Imyaka 5<br />

Technicien TGI GASABO 50.000 Frw Imyaka 2<br />

Umunyamabanga<br />

Nshingwabikorwa<br />

w’Akagali<br />

TGI RUSIZI<br />

15.000 Frw<br />

Umurezi TGI RUSIZI 5.000 Frw<br />

Ushinzwe imisoro<br />

muri Rwanda Revenue<br />

Authority<br />

TGI NYAMAGABE<br />

500.000 Frw<br />

Umuhinzi TGI NYAGATARE 30.000 Frw<br />

Umuhinzi TGI NYAGATARE 5.000 Frw<br />

Imyaka 5<br />

n’ihazabu ya<br />

90.000 Frw<br />

Imyaka 2<br />

n’ihazabu ya<br />

30.000 Frw<br />

Imyaka 7<br />

n’ihazabu ya<br />

1.000.000 Frw<br />

Imyaka 5<br />

n’ihazabu ya<br />

150.000 Frw<br />

Imyaka 5<br />

n’ihazabu ya<br />

150.000 Frw<br />

Ntiyajuriye<br />

Ntiyajuriye<br />

Ntiyajuriye<br />

Ntiyajuriye<br />

Ntiyajuriye<br />

Ntiyajuriye<br />

Ntiyajuriye<br />

Ntiyajuriye<br />

Umuhinzi TB BYUMBA 5.000 Frw Imyaka 2 Ntiyajuriye<br />

Umwalimu uri mu<br />

kiruhuko cy’izabukuru<br />

TB KAGANO<br />

5.000 Frw<br />

Umwaka 1<br />

usubitswe mu<br />

gihe cy’umwaka<br />

umwe n’ihazabu<br />

ya 20.000 Frw<br />

Ntiyajuriye<br />

Telefoni itishyuzwa199


TURWANYE RUSWA<br />

Urwego rw’Umuvunyi<br />

II.<br />

ABAHAMWE N’ICYAHA ARIKO BAJURIYE<br />

N° UMWIRONDORO<br />

1<br />

2<br />

RPA0328/09/HC/RSZ,<br />

RENZAHO Ildéphonse<br />

mwene Birikunzira Nicolas na<br />

Nyirabayavuge<br />

Ruvuruga-Gitambi-Rusizi<br />

RPA0080/10/TGI/RSW,<br />

TWAGIRAYEZU Cyriaque<br />

3 RP0141/09/TGI/NYGE<br />

4<br />

MPARABANYI J.Claude mwene<br />

Kayonga Félicien na Musabwa<br />

Anastasie<br />

Nyanza-Gatenga-Kicukiro<br />

UMULIMO<br />

YAKORAGA<br />

URUKIKO<br />

RWAMUKATIYE<br />

AGACIRO<br />

KA RUSWA<br />

YATANZE<br />

CYANGWA<br />

YAKIRIWE<br />

IGIHANO<br />

UBUJURIRE<br />

Umuhinzi HC RUSIZI 60.000 Frw Imyaka 5 Yarajuriye<br />

Umuhinzi TGI RUSIZI<br />

Umuhinzi TGI NYARUGENGE 80.000 Frw<br />

Imyaka 4 n’ihazabu<br />

y’amafaranga<br />

100.000 Frw<br />

Imyaka 5 n’ihazabu<br />

y’amafaranga<br />

160.000 Frw<br />

Yarajuriye<br />

Yarajuriye<br />

5 RP 0381/06/TGI/NYGE TGI NYARUGENGE Yarajuriye<br />

6<br />

DOUMBUYA Djeni mwene Brahimu<br />

Doumbuya na Fanta Bamba<br />

Biryogo-Nyamirambo-Nyarugenge<br />

- TGI NYARUGENGE 50.000 Frw<br />

Imyaka 2 n’ihazabu<br />

y’amafaranga<br />

100.000 Frw<br />

7<br />

RP 0381/06/TGI/NYGE<br />

KAPORALI Terry Faustin mwene<br />

Kayibanda na Musanabera<br />

Nyarugunga-Kicukiro<br />

Umupolisi TGI NYARUGENGE 50.000 Frw<br />

Imyaka 10 n’ihazabu<br />

y’amafaranga<br />

100.000 Frw<br />

Yarajuriye<br />

8<br />

9<br />

10<br />

11<br />

12<br />

RP 0107/10/TGI/GIC<br />

Dusingizumukiza Alfred mwene<br />

Mbarushimana na Mukazimurinda<br />

Byumba-Gicumbi<br />

RP 0107/10/TGI/GIC<br />

Rugengamanzi Janvier alias<br />

Rudomoro mwene Iyakaremye na<br />

Mukamana<br />

Byumba -Gicumbi<br />

RP0546/09/TGI/MHG<br />

KAYITESI Claudine mwene<br />

Gakwaya na Mukakalisa<br />

Nyagacaca-Ruyenzi-Runda-Kamonyi<br />

RP0546/09/TGI/MHG<br />

HABIMANA Jean Claude mwene<br />

Rwaramba Saveri na Karwera Savera<br />

Rugazi-Ruyenzi-Runda-Kamonyi<br />

RP009/010/TGI/MHG<br />

SIBOMANA Viateur mwene<br />

Bagiramenshi Vianney na<br />

Nyirabahinzi Césarie<br />

Kiyoro-Munazi-Mushishiro-Muhanga<br />

Umucamanza<br />

ugengwa<br />

n’amasezerano<br />

TGI GICUMBI<br />

200.000 Frw<br />

Imyaka 15 n’ihazabu<br />

ya 100.000frws<br />

Yarajuriye<br />

Umush<strong>of</strong>eri TGI GICUMBI 200.000 Frw Imyaka 5 Yarajuriye<br />

Inyangamugayo<br />

y’Urukiko<br />

Gacaca<br />

TGI MUHANGA<br />

300.000 Frw<br />

Umuhinzi TGI MUHANGA 150.000 Frw<br />

Umucuruzi TGI MUHANGA 100.000 Frw<br />

Imyaka 7 n’ihazabu<br />

ya 600.000 Frw<br />

Imyaka 5 n’ihazabu<br />

ya 300.000 Frw<br />

Imyaka 5 n’ihazabu<br />

ya 500.000 Frw<br />

Yarajuriye<br />

Yarajuriye<br />

Yasubirishijemo<br />

urubanza<br />

III.<br />

ABABAYE ABERE<br />

N° UMWIRONDORO<br />

1<br />

2<br />

RPA0612/09/HC/NYA<br />

NTABAJYANA Zéphilin mwene Rucogoza<br />

na Nyirambeba<br />

Ngaru-Nyarusange-Muhanga<br />

RPA 0384/09/HC/NYA<br />

UWUMUTIMA Mathilde mwene<br />

Mujyambere Gabriel na Kankindi Agnès<br />

Kibilizi-Gisagara<br />

Telefoni itishyuzwa199<br />

UMULIMO<br />

YAKORAGA<br />

URUKIKO<br />

RWAMUKATIYE<br />

AGACIRO<br />

KA RUSWA<br />

YATANZWE<br />

CYANGWA<br />

YAKIRIWE<br />

IGIHANO<br />

Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />

UBUJURIRE<br />

Umuhinzi HC NYANZA 10.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />

Inyangamugayo<br />

muri Gacaca<br />

HC NYANZA 10.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />

21


Urwego rw’Umuvunyi<br />

TURWANYE RUSWA<br />

3<br />

4<br />

5<br />

6<br />

7<br />

8<br />

RPA 0384/09/HC/NYA<br />

KANAMUGIRE Archange mwene<br />

Uwizeye Michael na Musasangohe Daphrose<br />

Kibilizi-Gisagara<br />

RP0037/010/TGI/RBV,<br />

MAHENERO Claver mwene Gasozi na<br />

Ubarijoro<br />

Gitwa-Kavumu-Ngororero<br />

RP0037/010/TGI/RBV,<br />

MUNYAZIKWIYE Berchmans mwene<br />

Rwayego na Nyirabahutu<br />

Gitwa-Kavumu-Ngororero<br />

RP0037/010/TGI/RBV<br />

MBYARIYEHE J.Damascène mwene<br />

Rwabukamba na Icyitegetse Gitwa-Kavumu-<br />

Ngororero<br />

RP0037/010/TGI/RBV<br />

NTAWIHEBA Déo mwene Mahungeti na<br />

Kagwera<br />

Gitwa-Kavumu-Ngororero<br />

RP0662/010/TGI/RBV, NZIKOBANKUDA<br />

Tharcisse mwene Akorakazi na Namabwire<br />

Rubona-Nyamyumba-Rubavu.<br />

Inyangamugayo<br />

muri Gacaca<br />

Perezida w’Inteko<br />

y’Abunzi<br />

Umwanditsi mu<br />

Nteko y’Abunzi<br />

HC NYANZA 10.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />

TGI RUBAVU 5.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />

TGI RUBAVU 5.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />

Umwunzi TGI RUBAVU 5.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />

Umwunzi TGI RUBAVU 5.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />

Umuhinzi TGI RUBAVU 30.000 FRW Umwere Ntawajuriye<br />

9<br />

10<br />

11<br />

12<br />

13<br />

14<br />

15<br />

16<br />

17<br />

18<br />

RP0664/09/TGI/RBV, MUHAMED Salum<br />

mwene Salum Seleman na Kartoum<br />

Dar-ES-Salam-Tanzania.<br />

RP0431/09/TGI/RBV, NTINESHWA<br />

François Al Ntagisa mwene Nibamwe na<br />

Nzabanita<br />

Mutura-Nyundo-Mundende<br />

-Rubavu.<br />

RP0258/010/TGI/MHG<br />

BANGAYUMUREMYI Védaste mwene<br />

Hitimana na<br />

Kampire Pascasie<br />

Gisenyi-Remera-Nyamabuye-Muhanga.<br />

RP0258/010/TGI/MHG HAVUGIMANA<br />

Patrice mwene Byamutera As<strong>the</strong>r na<br />

Mukangarambe Domitille<br />

Gitarama-Nyamabuye-Muhanga.<br />

RP0035/010/TGI/MUS, MBONIGABA<br />

J.Baptiste mwene Karumiya na Mukasine<br />

Gahama-Kabeza-Nyange-Musanze.<br />

RP0141/09/TGI/NYGE<br />

KAYITARE Raphaël mwene Mutayoba<br />

Antoine na Nzatungwanimana Bernadette<br />

Nyanza-Gatenga-Kicukiro<br />

RP0141/09/TGI/NYGE<br />

UWUMUREMYI Félix mwene Kabonano<br />

Patrice na Nshimiyimana Léontine<br />

Nyanza-Gatenga-Kicukiro<br />

RP 0381/06/TGI/NYGE<br />

RUTEBUKA John mwene Majoro<br />

Nikodemu na Nyirakanyana<br />

Kicukiro<br />

RP 0381/06/TGI/NYGE<br />

MUGABO Bosco mwene Ntabuba Aphrodis<br />

na Mukantagara<br />

Nyarugenge<br />

RP0084/08/TGI/GSBO, MINANI Jean<br />

mwene Kazimwoto na Mukankaka<br />

Musezero-Gisozi-Gasabo.<br />

Umush<strong>of</strong>eri TGI RUBAVU 10 Dollars FRW Umwere Ntawajuriye<br />

Umuhinzi TGI RUBAVU 200.000 fRW Umwere Ntawajuriye<br />

Agronome mu<br />

Murenge wa<br />

Nyamabuye<br />

Ushinzwe<br />

amashyamba<br />

mu murenge wa<br />

Nyamabuye<br />

Umush<strong>of</strong>eri<br />

Soudeur<br />

TGI MUHANGA 20.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />

TGI MUHANGA 20.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />

- TGI MUSANZE 10.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />

-<br />

-<br />

TGI<br />

NYARUGENGE<br />

TGI<br />

NYARUGENGE<br />

TGI<br />

NYARUGENGE<br />

TGI<br />

NYARUGENGE<br />

30.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />

20.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />

50.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />

50.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />

Umunyeshuri TGI GASABO 80.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />

22<br />

Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />

Telefoni itishyuzwa199


TURWANYE RUSWA<br />

Urwego rw’Umuvunyi<br />

19<br />

20<br />

21<br />

22<br />

23<br />

24<br />

25<br />

26<br />

27<br />

28<br />

29<br />

RP0697/09/TGI/GSBO, NDAGIJIMANA<br />

Festo mwene Bizimana na Nyiramatabaro<br />

Umurava -Kimihurura-Gasabo.<br />

RP069/0010/TGI/GIC,HABAGUHIRWA<br />

Jean Claude mwene Karibwende Innocent<br />

na Nakabonye<br />

Akarere ka Nyarugenge.<br />

RP0260/010/TGI/NYGT Havugimana<br />

Vianney mwene Nsabimana Tharcisse na<br />

Mukangwije Spéciose<br />

Kagitumba-Kayonza-Nyagatare<br />

RP0260/010/TGI/NYGT<br />

NZABARANKIZE Jean Pierre mwene<br />

Munyandora André na Nyiramatabaro<br />

Kibungo-Kirehe-Kigarama<br />

RP0342/09/TGI/NGOMA UWIMANA<br />

Winifrid mwene Gahigi na<br />

Mukaruberandinda<br />

Kanyinya-Nyagatugunda-Zaza-Ngoma<br />

RP0342/09/TGI/NGOMA<br />

MUDAHERANWA François mwene<br />

Nzeyimana na Nyirangendahimana<br />

Kanyinya-Nyagatugunda-Zaza-Ngoma<br />

RPO483/09/TGI/NGOMA NDATIMANA<br />

Théogène mwene Nkezabera na Kanakuze<br />

Nyabikokora-Musaza-Musaza-Kirehe<br />

RP0037/010/TB/KCY,<br />

SINDUHUNGA Vincent mwene Ziragora<br />

na Nyirandahiriwe<br />

Bibare-Kimironko-Gasabo.<br />

RP 0035/05/TB/MUH,<br />

MBONIGABA J.Baptiste alias Celibataire<br />

mwene Karumiye na Mukasine<br />

Gahama-Kabeza-Nyange-Musanze<br />

RP0024/010/TB/JMBA<br />

NTAWUSHIRAGAHINDA mwene<br />

Kayobera na Ryabonyende<br />

Bugonde-Kibisabo-Rambura-Nyabihu<br />

RP0008/10/TB/BY<br />

RUTAGENGWA Servilien mwene<br />

Bulimbwa na Mukabwiseri<br />

Kigarama-Kabuga-Manyangiro-Gicumbi<br />

Umufundi TGI GASABO 30.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />

Umunyeshuri TGI GICUMBI 4.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />

Umuhinzi TGI NYAGATARE 5.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />

Umuhinzi TGI NYAGATARE 5.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />

Umuhinzi TGI NGOMA 10.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />

Responsable<br />

w’Akagari<br />

Responsable<br />

w’Akagari<br />

Umukozi wa<br />

Projet PASNV<br />

TGI NGOMA 10.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />

TGI NGOMA 20.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />

TB Kacyiru 1.110.000 Umwere Ntawajuriye<br />

- TB MUHOZA Umwere Ntawajuriye<br />

TB JOMBA 2.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />

Umuhinzi TB BYUMBA 5.000 Frw Umwere Ntawajuriye<br />

II.<br />

INCAMAKE<br />

UMWANZURO<br />

W’URUKIKO<br />

abahinzi/<br />

umufundi/soudeur/<br />

umush<strong>of</strong>eri<br />

umunyeshuri<br />

abakozi<br />

b’inzego<br />

z’ibanze<br />

abakozi<br />

ba<br />

projet<br />

Inyangamugayo<br />

gacaca<br />

Komite<br />

y’abunzi<br />

umucuruzi/<br />

technician<br />

umupolisi<br />

Local<br />

defense<br />

Abakozi<br />

ba Leta<br />

Abacamanza<br />

Bose<br />

hamwe<br />

ABAHAMWE<br />

N’ICYAHA<br />

26 2 0 2 0 4 5 3 3 0 45<br />

ABAJURIYE 5 0 0 0 4 1 1 0 0 1 12<br />

ABERE 11 2 1 2 0 0 0 0 2 0 18<br />

IGITERANYO 42 4 1 4 4 5 6 3 5 1 75 1<br />

1 Abakurikiranwe bose si aba 75 gusa kuko hari batatu tutashoboye kumenya icyo bakoraga. Ubwo abakurikiranwe bose ni<br />

78 ; ababaye abere ni 29 (37%) ; abahamwe n’icyaha bakajurira ni 12 (15%) ; abahamwe nicyaha ntibajurire ni 46(59%)<br />

Telefoni itishyuzwa199<br />

Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />

23


Urwego rw’Umuvunyi<br />

TURWANYE RUSWA<br />

24<br />

Tumenye ishami ridasanzwe<br />

rishinzwe kurwanya ruswa<br />

Mu nama y’Umushyikirano yateranye mu<br />

Kuboza 2008 ndetse no mu mwiherero<br />

w’Abayobozi bakuru b’Igihugu wabaye kuva<br />

ku wa 16 kugeza ku wa 20 Gashyantare 2009<br />

hemejwe ko hashyirwaho ingamba zikaze zo kurwanya<br />

ruswa. Izo ngamba zikaze zashimangiwe kandi na<br />

Gahunda ya Guverinoma y’imyaka irindwi kuva <strong>2010</strong>-<br />

2017, mu bukangurambaga, aho yiyemeje “Gukangurira<br />

Abanyarwanda n’Inzego za Leta kurwanya ruswa,<br />

akarengane, kumenya no guharanira uburenganzira bwa<br />

buri wese, u RWANDA rukaza mu bihugu 10 bya mbere<br />

mu kurwanya ruswa no kugira ubuyobozi butarangwa na<br />

ruswa ku Isi” (Gahunda ya Guverinoma <strong>2010</strong>-2017, p. 9).<br />

Urwego rw’Umuvunyi rukaba rwarahawe inshingano<br />

yo gukumira no kurwanya akarengane, ruswa n’ibyaha<br />

bifitanye isano nayo. Mu kuzuza iyo nshingano, Urwego<br />

rusura inzego z’ubuyobozi, izishinzwe kugenzura<br />

izindi nzego ndetse n’izijyanye n’ubuzima bw’Igihugu<br />

n’ubw’abaturage kugira ngo harebwe ibyuho bya ruswa.<br />

Urwego rukurikirana kandi ibirego byarushyikirijwe<br />

byerekeye ruswa n’ibyaha bifitanye isano na yo,<br />

rukanakangurira Abanyarwanda kwanga no guhashya<br />

ruswa.<br />

Mu gukurikirana ibyo birego bijyanye na ruswa n’ibyaha<br />

bifitanye isano na yo, abakozi b’Urwego rw’Umuvunyi<br />

bahawe ububasha bw’ubugenzacyaha n’Iteka rya<br />

Minisitiri N° 67 ryo kuwa 05/5/2009 riha ububasha<br />

bw’Ubugenzacyaha abakozi b’Urwego rw’Umuvunyi<br />

(Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda n o 39 yo ku wa 28<br />

Nzeri 2009) hatangijwe ibikorwa by’ Inama Ngishwanama<br />

yo kurwanya ruswa ndetse habaye Ivugurura ry’imirimo<br />

y’Urwego nk’uko bigaragara mu Iteka rya Minisitiri<br />

w’Intebe Nº 18/03 ryo kuwa 08/4/<strong>2010</strong> rishyiraho imiterere<br />

n’incamake y’imyanya y’imirimo y’Urwego rw’Umuvunyi<br />

(Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda n o 15 yo ku wa<br />

12 Mata <strong>2010</strong>). Iryo vugurura rigaragaza ko hashyizweho<br />

Ishami rishya ridasanzwe Rishinzwe Kurwanya Ruswa<br />

(Fighting Corruption Special Unit). Ni yo mpamvu<br />

umuntu yakwibaza icyo iryo shami ryashyiriweho ndetse<br />

n’inshingano rifite.<br />

Impamvu y’ishyirwaho ry’Ishami ridasanzwe<br />

Rishinzwe Kurwanya Ruswa<br />

Nyuma y’uko Ubuyobozi bukuru bw’Igihugu bwifuje ko<br />

hashyirwaho ingamba zihamye kandi zikaze zo kurwanya<br />

ruswa, Urwego rw’Umuvunyi rwasabye ko hashyirwaho<br />

itsinda ryihariye rishinzwe kurwanya ruswa (Fighting<br />

Corruption Special Unit). Iryo shami ubu rikaba rigizwe<br />

n’abakozi b’impuguke batandatu.<br />

Iryo shami ridasanzwe rikaba ryarashyizweho mu kunganira<br />

andi mashami asanzwe, rikora iperereza ricukumbuye ku<br />

bibazo by’ingutu Urwego rw’Umuvunyi rwashyikirijwe<br />

cyangwa rwamenye.<br />

Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />

BIRASA J.Fiscal<br />

Inshingano z’iryo shami ridasanzwe<br />

Ishami ridasanzwe Rishinzwe Kurwanya Ruswa rishinzwe<br />

cyane cyane ibi bikurikira:<br />

- Gukora iperereza ku bibazo cyangwa ibirego<br />

byashyikirijwe Urwego rw’Umuvunyi n’inzego Nkuru<br />

z’Igihugu cyangwa bisabwe n’Umuvunyi Mukuru ubwe;<br />

- Kurwanya ibyaha bimunga ubukungu nk’iyoherezwa<br />

ry’amafaranga rinyuranyije n’amategeko (illegal money<br />

transfer), ubucuruzi n’amahanga butemewe (smuggling),<br />

konti z’impimbano, inyereza ry’umutungo wa Leta,<br />

kunyuranya n’amasoko ya Leta na ruswa, iyezandonke<br />

(money laundering/ blanchiment d’argent) n’ibindi byaha<br />

bimunga ubukungu cyane cyane bikozwe n’udutsiko;<br />

- Kwakira no gusuzuma amakuru ajyanye n’ibyaha bya<br />

ruswa yagejejwe ku Rwego rw’Umuvunyi n’abantu ku giti<br />

cyabo cyangwa inzego.<br />

Twakwibutsa kandi ko hari Itegeko n°47/2008 ryo kuwa<br />

09/09/2008 rikumira kandi rihana iyezandonke no gutera<br />

inkunga iterabwoba (Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u<br />

Rwanda n o 12 bis yo ku wa 23 Werurwe 2009) ndetse<br />

n’Itegeko n o 23/2003 ryo ku wa 07/08/2003 rikumira,<br />

rihana kandi rirwanya ruswa n’ibyaha bifitanye isana na yo.<br />

Bityo ibirego bigejejwe ku Rwego bijyanye n’iyezandonke<br />

bikurikiranwa n’Ishami ridasanzwe rishinzwe kurwanya<br />

ruswa.<br />

Ese inshingano z’iryo shami ridasanzwe ntizihuye<br />

n’iz’andi mashami?<br />

Mu Rwego rw’Umuvunyi hari hasanzwemo amashami ane<br />

(4): Ishami rishinzwe gukumira no kurwanya akarengane,<br />

Ishami rishinzwe gukumira no kurwanya ruswa n’ibyaha<br />

bifitanye isano na yo, Ishami rishinzwe kwakira no<br />

kugenzura inyandiko zigaragaza inyandiko z’imitungo<br />

y’abayobozi n’abandi bagenwa n’Itegeko ndetse n’Ishami<br />

rishinzwe Ubutegetsi n’Imicungire y’abakozi. Muri<br />

iyi minsi, hashyizweho Ishami rishinzwe Imyitwarire<br />

y’abayobozi ndetse n’Ishami ridasanzwe rishinzwe<br />

kurwanya ruswa.<br />

Itandukaniro ry’iri shami ridasanzwe n’andi mashami<br />

yavuzwe haruguru ni uko rifite inshingano nyamukuru yo<br />

gukora iperereza. Iryo perereza rikaba ku bibazo by’ingutu<br />

byashyikirijwe Urwego rw’Umuvunyi n’abayobozi bakuru<br />

b’Igihugu cyangwa bisabwe n’Umuvunyi Mukuru.<br />

Ishami ridasanzwe ryo kurwanya ruswa ni ishami rishya<br />

rikaba rigomba kwihatira kuzuza inshingano zahawe<br />

Urwego rw’Umuvunyi, bityo akarengane na ruswa bigacika<br />

burundu maze u Rwanda rukagira ubuyobozi butarangwa<br />

na ruswa.<br />

<br />

Telefoni itishyuzwa199


IMIYOBORERE MYIZA<br />

Urwego rw’Umuvunyi<br />

Imenyekanishamutungo rizajya rikorwa<br />

mu buryo bw’ikoranabuhanga rigezweho<br />

(Online Declaration <strong>of</strong> Assets)<br />

Rurangayire Guy<br />

Urwego rw’Umuvunyi rufite inshingano<br />

yo kwakira buri mwaka bitarenze<br />

taliki ya 30 Kamena inyandiko<br />

z’imenyekanishamutungo z’abayobozi<br />

mu nzego za Leta n’abandi bakozi ba Leta<br />

bateganywa naryo.<br />

Kuva mu mwaka wa 2004 kugeza mu wa <strong>2010</strong>,<br />

Urwego rw’Umuvunyi rwagiye rurangiza<br />

inshingano yo kwakira imenyekanishamutungo<br />

rugeza udutabo twuzuzwamo umutungo ku<br />

barebwa n’itegeko aho bari hose. Mu rwego<br />

rwo kujyana na gahunza za Leta z’Icyerekezo<br />

2020 mu ikoranabuhanga rigezweho no gutanga<br />

declaration <strong>of</strong> assets”<br />

Gahunda y’imenyekanishamutungo rikozwe mu<br />

ikoranabuhanga rigezweho ifite intego zikurikira:<br />

• guhuza<br />

ibikorwa<br />

by’imenyekanishamutungo n’intego<br />

n’imigambi y’Icyerekezo 2020;<br />

• kwihutisha<br />

igikorwa<br />

cy’imenyekanishamutungo no guha<br />

agaciro ikoranabuhanga rigezweho,<br />

korohereza abamenyekanisha umutungo<br />

•<br />

•<br />

aho bari hose;<br />

kugabanya uburyo (amafaranga,<br />

ibikoresho n’ibindi…) byakoreshwaga<br />

mu gikorwa cyo<br />

k u m e n y e k a n i s h a<br />

umutungo;<br />

• g u s h i m a n g i r a<br />

ibanga ry’imitungo<br />

yamenyekanishijwe.<br />

Online Declaration ijyanye n’icyerekezo c’igihugu cyacu mu<br />

ikoranabuhanga<br />

serivisi nziza kandi yihuse, Urwego rw’Umuvunyi<br />

rwiyemeje ko kuva mu mwaka wa 2011, igikorwa<br />

cy’imenyekanishamutungo kizajya gikorwa<br />

mu buryo bw’ikoranabuhanga bwihuse “online<br />

Telefoni itishyuzwa199<br />

Nk’uko biteganyijwe<br />

mu Cyerekezo 2020<br />

Igihugu cyacu cyihaye,<br />

ikoranabuhanga (ICT) ni<br />

imwe mu mbariro zifasha<br />

kwihutisha kugera ku ntego<br />

z’icyo Cyerekezo. Urwego<br />

rw’Umuvunyi nk’imwe muri<br />

serivisi za Leta rugomba<br />

kujyana no gushyigikira<br />

gahunda zayo ndetse no<br />

gukoresha ikoranabuhanga<br />

mu kazi karwo ka buri munsi<br />

kugira ngo hihutishwe serivisi<br />

rutanga.<br />

Ku Rwego rw’Umuvunyi by’umwihariko, gahunda<br />

yo kumenyekanisha umutungo hakoreshejwe<br />

ikoranabuhanga rigezweho (online declaration<br />

<strong>of</strong> Assets) ni uburyo bwo korohereza abarebwa<br />

Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />

25


Urwego rw’Umuvunyi<br />

IMIYOBORERE MYIZA<br />

26<br />

n’igikorwa cy’imenyekanishamutungo bo<br />

mu Gihugu cyangwa bo hanze yacyo kuko<br />

bazagabanyirizwa ingendo bajyaga bakora mu<br />

kugeza inyandiko zabo aho Urwego rw’Umuvunyi<br />

rukorera, bizagabanya kandi umwanya icyo<br />

gikorwa cyabatwaraga.<br />

Urwego rw’Umuvunyi ruzagabanya ibyagendaga<br />

kuri icyo gikorwa cy’imenyekanishamutungo<br />

nk’amafaranga y’ubutumwa yajyaga akoreshwa<br />

mu kugeza inyandiko z’imenyekanishamutungo<br />

ku barebwa naryo, umwanya wajyaga ukoreshwa<br />

mu ngendo zakorwaga n’abakozi barwo hirya no<br />

hino. Ubwo buryo buzagabanya kandi imirimo<br />

yo kwakira abantu benshi ku munota wa nyuma<br />

igihe italiki ya 30 Kamena buri mwaka yabaga<br />

yegereje.<br />

Ishyirwa mu bikorwa ry’ubu buryo bushya (online<br />

declaration <strong>of</strong> assets) buzatuma abamenyekanisha<br />

umutungo babikorera igihe kandi bitabatwaye<br />

umwanya munini aho bazaba baherereye hose mu<br />

Gihugu no hanze yacyo, bikazashimangira kandi<br />

icyizere mu bamenyekanisha imitungo kuko ari<br />

uburyo bwizewe kandi bwihuse.<br />

Iyi gahunda nshya y’imenyekanishamutungo<br />

rikozwe mu ikoranabuhanga “online declaration<br />

<strong>of</strong> assets” rizabanzirizwa n’amahugurwa Urwego<br />

rw’Umuvunyi ruzagenera abayobozi n’abandi<br />

bacungamutungo ba Leta aho baherereye hirya no<br />

hino mu Gihugu. Buri muntu wese urebwa niryo<br />

tegeko agasabwa kuzitabira ayo mahugurwa kugira<br />

ngo azabisobanukirwe neza. Ayo mahugurwa<br />

azakorwa kuva mu ntangiriro z’umwaka<br />

wa 2011; intumwa z’Urwego rw’Umuvunyi<br />

zikazasanga abantu bose barebwa n’igikorwa<br />

cy’imenyekanishamutungo aho bakorera.<br />

Uburyo imenyekanishamutungo rizakorwa mu<br />

ikoranabuhanga<br />

Imenyekanishamutungo rikoreshejwe ikoranabuhanga<br />

rizashoboka gusa ahantu hazaba haboneka<br />

umuyoboro wa interineti honyine (internet connection);<br />

ibyo bikaba bisaba ko abarebwa n’icyo<br />

gikorwa bagomba kugikorera aho babona uwo<br />

muyoboro.<br />

Umuntu azajya yinjira ku muyoboro wa<br />

interineti w’Urwego rw’Umuvunyi ari wo<br />

www.ombudsman.gov.rw hanyuma akande<br />

Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />

ahanditse “Declaration <strong>of</strong> Assets” usome<br />

amabwiriza yose ajyanye n’uko bagaragaza<br />

umutungo muri ubwo buryo. Muri ayo mabwiriza<br />

harimo aya akurikira:<br />

• umuyoboro ukwereka aho ufungurira<br />

aderesi yawe;<br />

• gufungura muri aderesi email yawe<br />

usanganywe maze ugasoma amabwiriza ya<br />

konti (Account) wahawe ari nayo uzajya<br />

ukoresha igihe umenyekanisha umutungo;<br />

• umuyoboro uguha aho wuzuza<br />

umwirondoro wawe;<br />

• umuyoboro uguha aho wuzuza imitungo<br />

yawe yo mu Rwanda ndetse niyo hanze;<br />

• umuyoboro ukwemerera gusa kwohereza<br />

inyandiko yawe imenyekanishamutungo<br />

iyo iherekejwe n’umukono wawe ushyirwa<br />

ahabugenewe;<br />

• urangije kuzuza inyandiko ye, asabwa<br />

gukanda ahabugenewe, bityo akaba<br />

ayoherereje Urwego rw’Umuvunyi. Ahita<br />

abona igisubizo kimwemeza ko inyandiko<br />

y’imenyekanishamutungo ye yageze ku<br />

Rwego rw’Umuvunyi;<br />

• iyo umaze kwohereza inyandiko<br />

y’imenyekanishamutungo<br />

ku<br />

Rwego rw’Umuvunyi hakoreshejwe<br />

ikoranabuhanga, nta kintu na kimwe<br />

ushobora kongeraho cyangwa ngo ukureho.<br />

Icyo wemerewe ni ugusohora kopi (copy)<br />

y’ibyo wohereje.<br />

inyandiko y’imenyakanishamutungo iyo<br />

•<br />

igeze ku Rwego rw’Umuvunyi ibikwa<br />

mu buryo nta muntu n’umwe wagira icyo<br />

ayihinduraho.<br />

Gahunda yo kumenyekanisha umutungo<br />

hakoreshejwe ikoranabuhanga rigezweho ni<br />

imwe mu ngamba Urwego rw’Umuvunyi<br />

rwafashe hagamijwe gutanga serivisi nziza<br />

yihuse no korohereza abarebwa n’icyo gikorwa.<br />

Abayobozi n’abandi bakozi ba Leta barebwa<br />

n’igikorwa cy’imenyekanishamutungo bakaba<br />

bararitswe kuzitabira amahugurwa yo gukoresha<br />

“online declaration <strong>of</strong> assets” kugira ngo<br />

imenyekanishamutungo rya 2011 rizagende neza.<br />

<br />

Telefoni itishyuzwa199


IMIYOBORERE MYIZA<br />

Urwego rw’Umuvunyi<br />

Political will and Solidarity in<br />

Fighting Corruption<br />

BAMWINE K. Loyce<br />

The phenomenon <strong>of</strong> corruption has always<br />

existed, none<strong>the</strong>less it is only in <strong>the</strong> last<br />

decade that awareness <strong>of</strong> it has grown at<br />

both national and international level. This means<br />

that corruption has only recently become recognized<br />

as a significant phenomenon and that a negative<br />

judgment <strong>of</strong> it is spreading at <strong>the</strong> worldwide level,<br />

while at <strong>the</strong> same time <strong>the</strong>re is a growing awareness<br />

<strong>of</strong> <strong>the</strong> need to fight it. In recognition <strong>of</strong> corruption<br />

as a major obstacle to <strong>the</strong> development processes <strong>of</strong><br />

most countries, <strong>the</strong> search for effective strategies<br />

in combating <strong>the</strong> phenomenon has been become<br />

<strong>the</strong>ir major preoccupation, particularly since <strong>the</strong><br />

early 1990s.<br />

To effectively counteract corruption, countries have<br />

undertaken anti-corruption reform initiatives which<br />

are participatory and inclusive <strong>of</strong> all stakeholderspublic,<br />

private sectors and <strong>the</strong> civil society. In some<br />

countries, much focus is put on providing adequate<br />

budgets and staff for <strong>special</strong>ized anti-corruption<br />

agencies and granting <strong>the</strong>m independence in <strong>the</strong><br />

execution <strong>of</strong> <strong>the</strong>ir mandates. O<strong>the</strong>rs concentrate on<br />

establishing effective mechanisms for providing<br />

positive incentives for those who comply with<br />

anti-corruption laws and exposing and sanctioning<br />

corrupt individuals and institutions. However, a<br />

combination <strong>of</strong> both mechanisms is desirable for a<br />

quite large number <strong>of</strong> countries.<br />

With regard to <strong>the</strong> Civil Society, <strong>the</strong> majority<br />

<strong>of</strong> civil society organizations which include;<br />

Community organizations, religious groups, local<br />

and international radio stations and television,<br />

and newspapers, medical associations, women<br />

groups, <strong>of</strong>ten choose to take a proactive approach<br />

in combating corruption, such as through<br />

Telefoni itishyuzwa199<br />

civic education, monitoring, and information<br />

dissemination. Only some <strong>of</strong> <strong>the</strong>m e<strong>special</strong>ly <strong>the</strong><br />

media (newspapers, radio and television), take<br />

aggressive roles as corruption watchdogs, revealing<br />

incidents, and pushing state institutions to take<br />

action against corruption. Most non-governmental<br />

organizations report and denounce corruption. Civil<br />

society organizations in most corrupt countries are<br />

<strong>of</strong>ten seen as anti-state power players.<br />

As corruption watchdogs, civil society organizations<br />

can perfectly do <strong>the</strong>ir job when corruption is visible<br />

and governmental instruments are effective; as <strong>the</strong>y<br />

can bark loud enough that someone in charge can<br />

hear and take action in response. They however<br />

encounter barriers where <strong>the</strong>y may make corruption<br />

scandals known to <strong>the</strong> public through <strong>the</strong> media,<br />

but with a little chance that state institutions will<br />

investigate. This is mostly caused by influence <strong>of</strong><br />

implicated government <strong>of</strong>ficials to investigators<br />

or lack <strong>of</strong> cooperation <strong>of</strong> investigating institutions<br />

e.t.c. At times both state agents and criminals<br />

threaten <strong>the</strong>m.<br />

In Rwanda, civil society organisations’ daily<br />

contribution to <strong>the</strong> fight against corruption remains<br />

weak. Some organisations or even religious leaders<br />

are reportedly involved in corruption scandals or<br />

mismanage <strong>the</strong>ir organisations funds. The media<br />

lacks skills to fully investigate corruption and<br />

are sometimes <strong>the</strong>mselves corrupted to conceal<br />

scandals that have come to <strong>the</strong>ir knowledge.<br />

Thus, <strong>the</strong> civil society should take extraordinary<br />

efforts to report corrupt. The media particularly<br />

investigative journalists should be trained to<br />

improve <strong>the</strong>ir investigation skills and increase<br />

corruption reporting.<br />

Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />

27


Urwego rw’Umuvunyi<br />

IMIYOBORERE MYIZA<br />

28<br />

In most countries, corruption involves members<br />

<strong>of</strong> both <strong>the</strong> public and private sectors, who are<br />

engaged in illegal, illegitimate and unethical<br />

behaviour. In Rwanda, <strong>the</strong> private sector has for<br />

long been inactive in combating corruption and<br />

it is reportedly involved in corrupt practices. This<br />

is mostly observed in public tenders. Combating<br />

<strong>the</strong> vice highly requires a strong public-private<br />

partnership.<br />

OFFICE OF THE OMBUDSMAN<br />

PROMOTE GOOD GOVERNANCE<br />

Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />

Whatever efforts that may be employed by<br />

different stakeholders in combating corruption,<br />

controlling it in a sustained manner requires a<br />

consistent demonstration <strong>of</strong> genuine commitment<br />

mostly on <strong>the</strong> part <strong>of</strong> <strong>the</strong> top political leaders<br />

towards <strong>the</strong> eradication <strong>of</strong> <strong>the</strong> menace. Where <strong>the</strong><br />

commitment <strong>of</strong> <strong>the</strong> top political leadership to <strong>the</strong><br />

goal <strong>of</strong> eradicating corruption in a country is weak,<br />

governments are only likely to engage in “zero<br />

tolerance for corruption” talk but continue to<br />

play a “tolerant corruption” game. Any anticorruption<br />

reforms initiated are automatically<br />

bound to fail.<br />

In Rwanda, <strong>the</strong> political will is mostly realised<br />

from <strong>the</strong> top leadership and this is witnessed<br />

through speeches, interviews and actions taken<br />

against <strong>of</strong>fenders, which is not <strong>the</strong> case with o<strong>the</strong>r<br />

levels <strong>of</strong> administration. Some central government<br />

and local leaders poorly implicated in <strong>the</strong> fight<br />

against corruption, while o<strong>the</strong>rs are key players<br />

in corruption scandals. Negative solidarity is also<br />

a challenge that has been faced by <strong>the</strong> <strong>Office</strong> <strong>of</strong><br />

<strong>the</strong> <strong>Ombudsman</strong> <strong>of</strong> late and it impedes corruption<br />

investigations. Lack <strong>of</strong> political will has been<br />

observed as <strong>the</strong> main cause <strong>of</strong> negative solidarity.<br />

We can’t build a corruption free society, if some<br />

leaders continue to practice negative solidarity.<br />

The broad agenda <strong>of</strong> fighting against corruption<br />

and promotion <strong>of</strong> good governance that has been<br />

adopted by <strong>the</strong> government should be backed by a<br />

common understanding <strong>of</strong> <strong>the</strong> vice and concerted<br />

efforts towards a common goal (having a corruption<br />

free Rwanda). Without <strong>the</strong> political will <strong>of</strong> all<br />

Rwandans and mostly on <strong>the</strong> part <strong>of</strong> leaders, all<br />

anti-corruption reforms and measures which have<br />

been undertaken are most likely to lose focus and<br />

remain fruitless. It is thus critical that political will<br />

flows vertically and horizontally in <strong>the</strong> leadership<br />

arena. Collaboration among all stakeholderspublic,<br />

private sectors and <strong>the</strong> civil society is also<br />

vital.<br />

<br />

Telefoni itishyuzwa199


Urwego rw’Umuvunyi<br />

2011<br />

Umwaka mwiza uzira akarengane na ruswa<br />

UBUTUMWA<br />

Umuvunyi Mukuru, Abavunyi Bungirije<br />

n’abakozi boze b’Urwego rw’Umuvunyi<br />

twifurije Nyakubahwa Perezida wa Repubulika<br />

KAGAME PAUL n’umuryango we, Abagize<br />

Guverinoma ,<br />

Abagize Inteko Ishinga Amategeko umutwe wa<br />

Sena n’uw’ Abadepite, Abandi Bayobozi<br />

Bakuru<br />

B’Igihugu, Ingabo z’Igihugu, Polisi y’Igihugu,<br />

Inzego zose zishinzwe<br />

Umutekano n’Ubusugire<br />

bw’’Igihugu hamwe n’Abanyarwanda bose.<br />

Umwaka Mushya Muhire wa 2011<br />

Telefoni itishyuzwa199<br />

Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />

29


Urwego rw’Umuvunyi<br />

INKURU ISHUSHANYIJE<br />

Nyuma y’ifatwa rya Kalisa N’uwo bafataNyije icyaha cyo gutaNga No KwaKira<br />

ruswa meya wa rwaKiNamba aKomeje KugiraNa iNama N’abaturage<br />

... ruswa Ni mbi imuNga<br />

imiyoborere myiza NimuyamagaNe<br />

rero Niba uje waKa serivisi mu<br />

Karere Ni KuKi wemera Ko baKwaKa<br />

ruswa Ntimugahishire abayobozi<br />

babasaba ruswa KuKo serivisi musaba<br />

Ni izaNyu muzifitiye<br />

ubureNgaNzira.<br />

turwaNye Ko<br />

igihugu cyacu Kiba<br />

iNdiri ya ruswa<br />

N’aKareNgaNe mu<br />

miyoborere myiza<br />

gifite. Ni uruhare<br />

rwacu twese Njye<br />

Nawe Na wawuNdi<br />

utaje aha mujye<br />

mugeNda mwigiha<br />

ububi bwa<br />

ruswa imuNga<br />

imiyoborere<br />

myiza.<br />

Kalisa Ni umuKozi w’aKarere bafataNyije icyaha cya ruswa<br />

bitabye uruKiKo<br />

dushiNgiye ku<br />

bikubiye mu gitabo<br />

cy’amategeko<br />

ahaNa ibyaha,<br />

kalisa n’uwo<br />

bafataNyije<br />

barahamwa<br />

n’icyaha bose<br />

bahaNishijwe<br />

igihaNo<br />

cy’IGIFUNGO<br />

cy’imyaka 5<br />

NireNgagije keNshi<br />

iNama<br />

Nagiriwe NoNe ibyaNjye<br />

biraraNgiye imyaka 5<br />

NoNgeyeho iyo mfite<br />

siNayimara mu buroko<br />

Ngiye gupfiramo koko,<br />

ruswa Ni mbi.<br />

mbuze akazi kaNjye<br />

umuryaNgo waNjye<br />

uzabaho ute ubu koko<br />

Nzize 300.000 yoNyiNe<br />

icyaha cyo kwakira<br />

ruswa kirakaze.<br />

imaNa yoNyiNe Niyo<br />

yamfuNgura.<br />

akareNze<br />

umuNwa<br />

karushya<br />

ihamagara<br />

ubu<br />

siNasaba<br />

imbabazi<br />

Ngo<br />

Ndekurwe<br />

Ni Njye<br />

wikozeho.<br />

iyo mba<br />

iNyaNgamugayo<br />

ubu uyu<br />

umfuNgishije Niwe<br />

uba yarafashwe<br />

weNyiNe<br />

iyo Ntafata<br />

ariya matiNdi<br />

y’amafaranga.<br />

Nyuma yo gusubiza imituNgo jaNvier we yakomeje kuyishakira<br />

ibyangombwa no mu rwego rw’umurenge.<br />

Nitwa jaNvier maze igihe<br />

kiNiNi Nza haNo kwaNdikis<br />

ha imituNgo ya data ariko<br />

muhora muNsubizayo Ngo<br />

Nzagaruke kugeza Na Nubu<br />

Ntacyo muraNkorera.<br />

ariko sha wa gasore we<br />

uko abaNdi babigeNza<br />

Ntukuzi? ubu uri umwaNa<br />

ku buryo utazi icyo gukora.<br />

geNda mfite akazi keNshi<br />

uzagaruke.<br />

30<br />

Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />

Telefoni itishyuzwa199


INKURU ISHUSHANYIJE<br />

Urwego rw’Umuvunyi<br />

NoNe<br />

Nakora iki<br />

NyaNkubahwa<br />

executif? ko<br />

ubu Nta……<br />

uboNa ko iNzu<br />

yaNjye izuzuzwa<br />

n’iki? sohoka vuba<br />

NoNaha.<br />

Nsohokera mu biro<br />

vuba wiNtesha igihe<br />

abaNtu Nka mwe<br />

muba mujya he?<br />

Ndavuze Ngo<br />

Nsohokera mu biro.<br />

abayobozi nk’aba<br />

Nibo basubiza<br />

igihugu iNyuma<br />

uriya Nawe buriya<br />

araNyaka ruswa<br />

Ntayo Nzamuha<br />

tuu.<br />

Janvier byamwanze mu nda yongera kwegera urwego rw’<strong>umuvunyi</strong><br />

Nitwa jaNvier<br />

mfitaNye ikibazo Na<br />

executif w’umurenge<br />

hashize igihe kiNiNi<br />

mugezaho ikibazo<br />

cyaNjye akambwira<br />

Nabi , aNaNyaka<br />

ruswa.<br />

huu abo Ni babaNdi bavaNgira<br />

Leta muri gahuNda zo<br />

gutaNga serivisi Nziza .ok.<br />

urakoze kubitumeNyesha<br />

utegure amafaraNga<br />

uzamutege umutego afatirwe<br />

mu cyuho Nibwo Natwe<br />

tuzitabaza poLisi izakore<br />

akazi kayo.<br />

koko NtibyatiNze executif yafatiwe mu cyuho yakira<br />

ruswa, yaJyanywe nk’umuJura<br />

hee subiraNa<br />

amafaraNga<br />

yawe sha<br />

meya muri iyo miNsi<br />

yahise asura uwo murenge abonana n’abaturage<br />

...mwese mwameNye ibya<br />

executif w’umurenge wanyu<br />

wafatiwe mu cyuho yakira ruswa.<br />

imiyoborere ye mibi yatumaga muhora<br />

iNyuma mu mihigo , Nta jambo mugira<br />

muhezwa n’ibindi .<br />

mumeNye ko rero kugira abayoyobozi<br />

babi Nkaba aribyo bituma dusigara<br />

iNyuma mu iterambere kubera ruswa ,<br />

akareNgaNe , gutaNga serivisi mbi<br />

byose bimuNga<br />

imiyoborere myiza.<br />

© Augustin HABIMANA<br />

Telefoni itishyuzwa199<br />

© Augustin HABIMANA © Augustin HABIMANA<br />

Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />

31


Urwego rw’Umuvunyi<br />

32<br />

Spécial -Ukuboza <strong>2010</strong><br />

Telefoni itishyuzwa199

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!