07.08.2015 Views

Ubuhamya bushya

Umuseso n°369 kanama 2009

Umuseso n°369 kanama 2009

SHOW MORE
SHOW LESS
  • No tags were found...

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

Urup. 10UBUKUNGUUMUSESONo 369, 17 - 24 Kanama 2009Leta irikiza icyayi mu gihe gihagaze nabiLeta yamaze kubonako icyayi cyayibereyeumutwaro mu giheumuhinzi wacyo yariyamaze kukirambirwa noneirashaka kucyegurira abikoreraku giti cyabo cyose ukocyakabaye.Kuva uyu mwaka watangira,icyayi cy’u Rwanda cyabayeingorabahizi ku bahinzi, kiban’umutwaro kuri Leta kuko kitigezekigera ku ntego zacyo.Imvura yarabuze, yaba Letan’umuhinzi, agafaranga bakibonagamokarabura kukoumusaruro waguye bikabije.Ibyo byatumye n’icyatezwagacyamura i Mombasa ho muriKenya kiba gike.Igiciro cy’icyayi ku isokompuzamahanga cyaraguye cyanekandi kizakomeza kugwankuko Banki y’isi ibigaragaza.Ibyo bizaterwa cyangwa byatewen’igabanuka ry’ubushobozibw’abaguzi b’icyayi bo mu bihugubikize.Iryo gabanuka ryatewen’ihungabana ry’ubukungubw’ibyo bihugu kimwe n’ubw’isimuri rusange, bikagira ingarukaku bakozi kuko benshi batakajeakazi bityo bakabura amafarangayo guhaha ibicuruzwa bimwe nabimwe bifuza.Ubwo bukungu rero bwazahayebwatumye icyayi cy’uRwanda kizahara kuko kitabonyeabaguzi nkuko byari byitezwe.U Rwanda ariko rwanagize amahirwekuko ruba rutaranacurujena gake iyo icyayi cya Kenyakidahura n’izuba ryinshi ngocyume. Kenya irusha u Rwandaicyayi cyinshi.Muri rusange, mu mezi atandatuya mbere y’uyu mwaka, uRwanda rwacuruje icyayi gihwanyena toni 10,855 ugereranyijena toni 10,945 zacurujwemuri icyo gihe, mu mwaka wa2008. Uwo musaruro wagabanutsewatumye n’amadorali yariateganyijwe kwinjizwa, agabanukaava kuri miliyoni 24.7mu mezi atandatu ya 2008, agerakuri miliyoni 23.5 mu mezi atandatuya mbere ya 2009.U Rwanda rwari rwateganyijekwinjiza miliyoni 27 z’amadolarimu gice cya mbere cya 2009ariko ntabwo zagezweho.Ofisi y’ibihingwa ngengabukunguishami ry’icyayi(OCIR THE), ivuga ko umusarurowabaye muke kubera imvurayabuze bityo n’amadovize nayoakagabanuka kuko hacurujweicyayi gike. Icyo itavuga, niuko igiciro gito nacyo cyagizeuruhare runini mu gutangaamafaranga make acuruzwa mucyayi.Nkuko OCIR THE ibivuga,ngo igiciro ku kiro cy’icyayi cyagezeku madolari 2.3 i Mombasa,naho umuhinzi ahabwa amafaranga86 ku kiro. Iyo urebyeukuntu abahinzi bavunika bahingaicyayi, wagereranya n’igicirobahabwa, usanga bidahuye kandiari bo batuma u Rwanda rubonaamadovize bitewe n’imbaragabagishyizemo bagihinga.Leta ariko ntabwo ijya igwamu gihombo kuko yo irashakakwegeka urwo rusyo ku bashoramariibagurisha inganda z’icyayiebyiri n’imirima yazo.Tariki ya 30/7/2009, i Kigali,mu kigo cy’igihugu gishinzweiterambere ( Rwanda DevelopmentBoard), habereye umuhangowo gusoza kwakirano gufungura amabahashay’abashoramari bifuzaga kuguraimigabane mu ruganda rw’icyayirwa Gisakura n’urundi rwaKitabi hamwe n’imirima yazo.Kitabi iri mu ntara y’amajyepfonaho Gisakura iri mu ntaray’iburengerazuba.Ibyo byaje bikurikira inamayari yahuje abifuzaga iyo migabanena Leta kuri Hotel desMille Collines i Kigali.Izo nganda ubusanzwe zakoraganeza, ariko abashakakuzigura bafite ibyo bifuza kobyakemurwa na Leta. Ku rugandarw’icyayi rwa Gisakura, Letairashaka kugurisha imigabaneingana na 45% naho ku Kitabi,izatanga imigabane 60%.Leta yifuza ko yasigaranaimigabane 30% ku ruganda rwaGisakura ibinyujije muri OCIRTHE naho imigabane 25%ikegurirwa abahinzi na koperativeimwe. Ibyo rero abashoramaribavuga ko byatera impagararakuko Leta niba izagiramo30% kandi ikaba ari nayo izahaabahinzi na koperative imigabane25%, ibyo bivuga ko Letana none izaba ari yo ifite imigabanemyinshi kuri urwo rugandarwa Gisakura kuko umushoramariuzagura imigabane 45%,ntabwo azaba afite ijambo muruganda.Abashoramari bavuga ko byumvikanako Leta izajya igiraijambo kuri koperative n’abahinzibityo bikaba byagorana mu gihecyo gufata ibyemezo. Abashoramariariko bo barashaka ko ahobazashyira amafaranga yabobamenya n’ukuntu azakoreshwakandi bakanagira uruhare runinimu gucunga uruganda kukobakeneye ko rwavamo urugandarutanga umusaruro mwizan’inyungu.Ikindi ni uko abashoramaribibaza niba abo bahinzi na koperativebazabasha kubona amafarangamu gihe bizaba bigaragarako akenewe mu gusanacyangwa kawugura uruganda.Abashoramari bibaza kandi nanone uzishyura imyenda yabayarafashwe na rumwe muri izonganda Leta ishaka kugurishamoimigabane. Leta ivuga ko izishyuraimyenda y’igihe kirekireariko umushoramari mushyaakishyura imyenda y’igihe gitokandi idahenze.Ikindi bibaza, ni indeshyoy’urugendo kuva kuri izo ngandakugera aho icyayi giterezwaicyamunara i Mombasa ho muriKenya. Abashoramari kandibibaza uko ibiciro by’icyayibishyirwaho mu Rwanda n’ukobizajya bishyirwaho mu gihe kizaza.Leta ivuga ko ibicirobyashyirwagaho nayo ifatanyijen’abaguzi n’abahinzi arikoubu hari icyifuzo cy’uko igicirocyazajya kijyana n’ubwizabw’icyayi. Ikindi abashoramribibaza uzishyura ingemwez’icyayi zitegurwa n’abaturage.Leta ivuga ko abaturage bifuzako zakwishyurwa n’ingandankuko byari bisanzwe. Abashoramaribanibaza uzatunganyaimirimo ihenze nko gusana imihanda,imirima y’icyayi, no gutunganyaimiyoboro y’amazi icamuri iyo mirima.Ibyo Leta ivuga ko ubusanzweMinisitiri w'ubucuruzi n'ingandaMonique Nsanzabaganwaabahinzi bita ku miyoboro inyuramu cyayi cyabo ariko ingandanazo zigatanga amafarangayo gusana imihanda n’ibindibikorwa remezo bikenera amafarangamenshi ariko bigakorwan’abaturage baturiye iyomirima.Abashoramari bibaza nibabemerewe kohereza zimwe munyungu z’amafaranga bazakuramuri izo nganda z’icyayi. IbyoLeta ibabwira ko babyemerewekandi ko rwose bashatse banafunguraza konti z’amadovizemuri banki iyo ari yo yose muRwanda.Abashoramari kandi bifuje kumenyaniba bafite uburenganzirabwo kwirukana abakozi Letaikavuga ko bazabikora hashizeumwaka umwe kuko n’ubundibari bagabanyijwe.Ikindi babajije, ni uko byagendamu gihe baramutse bashakakwagura uruganda; Leta ibasubizako ibyo bikurikiza amategekoagenga ubutaka muRwanda. Ibyo rero ngo bizasabako umushoramari agura ubwobutaka.Inama yarangiye abashoramaribamwe batanyunzwe arikontibizabuza Leta kumvikanan’abatanze ibiciro byabo bashakaiyo migabane muri izo nganda.Leta ikaba yarakiriye amabahashay’abashorami 13 bosebashaka kubona imigabane muriizo nganda ariko umwe muriburi ruganda niwe uzatoranywabitewe n’ibyifuzwa.Ubu ikirimo gikorwa nyumayuko amabahasha yakiriweakanafungurwa ku mugaragaro,komite ibishinzwe irimo kwigaku mabahasha abashoramari batanzeaho ireba ibijyanye n’ukobazateza imbere izo ngandahamwe n’amafaranga bifuza gutangakugirango babone imigabanemuri izo nganda. Biteganyijweko mu mpera z’uku kwezi,iyo komite izageza raporo yayoku nama y’abaminisitiri kugirangoyemeze abazahabwa iyomigabane naho kurangiza igikorwacy’igurishwa n’isinywary’amasezerano y’ubugurehagati ya Leta n’abashoramribazegukana iyo migabane, biteganyijwemu mpera z’ukwezikwa cyenda.Gisakura na Kitabi nibimarakwegurirwa abikorera ku giticyabo, hazaba hasigaye Mulindi,Gisovu, Mata, na Shagasha.Leta ariko ivuga ko izo ngandan’imirima yazo izabyeguriraabikorera kugirango birushehogutanga umusaruro mwiza kandin’abanyarwanda benshi babashekubona akazi muri izo nganda.Ubusanzwe u Rwanda rufite hegitarizirenga 12,000 zihinzwehoicyayi kandi icyayi cy’u Rwandakiri mu byayi bikundwa cyaneku isi. Mu cyayi cyose gihingwamu Rwanda, 99% yacyo cyoherezwahanze naho 1% gikoreshwamu Rwanda.Ibi bivuga ko abanyarwandabanywa icyayi bakiri bakeari nayo mpamvu iyo habayeikibazo ku isoko ry’icyayi kurwego mpuzamahanga, usangamu Rwanda byacitse, Leta iriran’abahinzi bataye ingufu na morale.Uyu mwaka gusa, icyayi biteganyijweko kizinjiza miliyoni54 z’amadolari ugereranyijena miliyoni 45 zakusanyijwemu mwaka ushize. Bivugwa koicyayi gitanga akazi ku banyarwandabarenga ibihumbi 5.Ingabire Lydia.Ingabire.lydia@gmail.com

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!