06.08.2015 Views

Polisi yafatiye abantu 11 mu marembo yo kwa Perezida Kagame mu ...

Polisi yafatiye abantu 11 mu marembo yo kwa Perezida Kagame mu ...

Polisi yafatiye abantu 11 mu marembo yo kwa Perezida Kagame mu ...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

Ubu atuye <strong>mu</strong> Muhima <strong>mu</strong> Kagali ka Kabeza ari naho yatunganyije ngo Intwarane zijye zizagusengera. Mu bana be, afite u<strong>mu</strong>hungu umwe w’u<strong>mu</strong>padiri witwa Dominique Savio (nir<strong>yo</strong>twabashije kumenya) wo <strong>mu</strong> bapadiri b’aba Sacre Cœur ariko ubu akaba aba <strong>mu</strong>ri Espagne.Iyi ni imbuga yatunganyirijwe gusengeraho <strong>mu</strong> gihe aba<strong>yo</strong>boke babaye benshiMu rugo iwe haba hari <strong>abantu</strong> baje gusenga ngo bakire indwara zinyuranye harimo n’abanabataye amashuli bibera aho. Harimo abizanira ibir<strong>yo</strong> ariko ngo nawe abatabyizaniyearabagaburira nk’uko twabitangarijwe n’u<strong>mu</strong>kobwa we Cyuzuzo Solange twahasanze.Bamwe <strong>mu</strong> bihayimana bashyigikiye Intwarane kandi nabo ni Intwarane za Yezu naMariya z’IndatanaSœur Marie Bernard :U<strong>mu</strong>bikira Marie Bernard wo <strong>mu</strong> Abizeramariya uba i Butare avuga ko nawe ari Intwaranekandi izina ryabo atari bo baryiyise. Ngo arimo kuva batangira <strong>mu</strong>ri 2005. Avuga kandi koib<strong>yo</strong> bakora ari Roho Mutagatifu ubikora. Yagize ati : « ni ijuru rikora, ntabwo ari <strong>abantu</strong> nir<strong>yo</strong>ryikorera, nir<strong>yo</strong> ritanga progra<strong>mu</strong>, igihe isengesho ritangirira turabigena ariko igihe riragirirasitwe tubishinzwe. »Avuga ko basenga kuwa kabiri no kuwa gatanu ku <strong>mu</strong>goroba kandi akenshi barara.Yadutangarije ko ubwo ahaheruka ku italiki ya 31/5/2013 bari bageze kuri 200 bahateraniye.Sœur Marie Bernard kandi avuga ko ariwe wafashije bagenzi be b’Intwarane <strong>kwa</strong>ndikiraVicaire wa Di<strong>yo</strong>sezi ya Kigali akana<strong>mu</strong>saba ko bahura. Aba<strong>yo</strong>bozi b’Intwarane bagera kuri 5babonanye na Archeque wa Kigali ari kumwe n’abapadiri b’amaparuwasi ya Kigali taliki22/2/2013. Nyuma <strong>yo</strong> kumva impande zombi ngo Archeveque yababwiye ko bosebakoreshwa na Roho Mutagatifu umwe. Abemerera ko bagenda bagakomeza ubutumwa <strong>mu</strong>Miryango remezo, <strong>mu</strong> ma Santarali ndetse n’amaparuwasi.Sœur Marie Bernard avuga ko <strong>mu</strong> masengeso yabo bere<strong>kwa</strong> kandi ib<strong>yo</strong> bere<strong>kwa</strong> bikababisaba ukwemera guhagije kubo bireba. Avuga ko Roho Mutagatifu yagiye abaha ubutumwakuri <strong>Perezida</strong> wa Repubulika kenshi ariko ba<strong>mu</strong>tumaho ntaze n’abo ba<strong>mu</strong>tumyehontiba<strong>mu</strong>bone ahubwo aba<strong>mu</strong>rinda bakabasubiza inyuma nyuma <strong>yo</strong> kubambura imisarabayabo na za bibiliya.


Akomeza avuga ko Intwarane ari nziza. Ati : « none se ko Intwarane zikoreshwa n’Imana.Yezu na Mariya nibo bene i<strong>yo</strong> groupe. Yezu aravuga ngo naraje kandi ntawe uzashoborakumpagarika, natwe ni uko ntawe uzaduca intege n’abafunze bazarekurwa”. Yongeye agiraati :” nanjye niteguye kuba najyamo (<strong>mu</strong> buroko) keretse mbaye ntemera”.Padiri Eugene MurenziPadiri Murenzi, ni U<strong>mu</strong>padiri uba <strong>mu</strong>ri Paruwasi ya Kibuye. Avugana n’U<strong>mu</strong>ryango,yadutangarije ko Intwarane nawe azizi kandi ajya yifatanya nazo gusenga.Avuga ko yamenye Intwarane azibwiwe n’U<strong>mu</strong>bikira. Ikindi avuga ko koko zikora ibitangazaari nac<strong>yo</strong> cyatumye zamamara <strong>mu</strong> <strong>mu</strong>ri aka gace ngo dore ko zijya za Burundi, Uganda,Tanzaniya na za Kenya ndetse n’aho basengera hakaba haza n’abanyamahanga.Ati : « nagiye gusengera <strong>mu</strong>ri Chapelle Rose Mustica. Mperuka<strong>yo</strong> taliki 13/6/2013 ku <strong>mu</strong>nsiwa Bikira Mariya. Nari nagize n’isabukuru y’amavuko, nagiye ngiye gusenga barantungurabankorera u<strong>mu</strong>nsi <strong>mu</strong>kuru ».Tu<strong>mu</strong>bajije ku magambo y’iterabwoba bagira yadushubije yagize ati : « hari igihe bajya <strong>mu</strong>mwuka bugatwarwa na Roho Mutagatifu bagatanga ubutumwa rimwe na rimwe buteyeubwoba ». Yakomeje adutangariza ko Archeveque wa Kigali ubwo yabonanagan’abahagariye Intwarane yabasabye ko impano zikora bafite bazikoresha <strong>mu</strong> miryangogatulika, <strong>mu</strong>ri Paruwasi na Di<strong>yo</strong>sezi.Padiri Eugene yadutangarije ko icya<strong>mu</strong>kuruye ari ubutumwa Intwarane zitanga. Ati :« icyankuruye n’ubutumwa batanga aho basaba <strong>abantu</strong> guhinduka. Imana ibereka imbere<strong>mu</strong> mitima y’abari <strong>mu</strong> Misa ndetse n’uko bahazwa ».Ati kandi barasenga <strong>abantu</strong> bagakira. Hari abazanaga ibirozi bakabita, ingo zatandukanyezigasubirana… Ati : « Nanjye nari ndwaye u<strong>mu</strong>gongo kuva nkiri u<strong>mu</strong>faratiri, ntaho ntivujeariko ubu ku myaka irenga 60 ndakina basketball nyuma y’aho intwarane zinsengeyengakira ».Ese ubu<strong>yo</strong>bozi bw’aho Intwarane zisengera bubivugaho iki ? Bwaba bubazi ? N’ubwo bariyabihayimana bavuga ko Intwarane n’ubu<strong>yo</strong>bozi bwazo bakoreshwa n’umwuka, ubu<strong>yo</strong>bozibw’Akagali ka Kabeza bwo buvuga ko Intwarane zabajujubije cyane cyane U<strong>mu</strong><strong>yo</strong>bozi wazoNyirahabyalimana Agata.Ingabire Alphonsine, ni U<strong>mu</strong>nyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagali ka KabezaU<strong>mu</strong>renge wa Muhima ahari chapelle Rosa Mustica Intwarane zisengeramo, yatangarijeU<strong>mu</strong>ryango ko kuva 2009 uyu <strong>mu</strong>gore yagiye avuga amagambo arimo gutuka <strong>Perezida</strong> waRepubulika ndetse yuzuyemo n’ingengabitekerezo aho yavugaga ko ngo abatutsi bagiyegushira. Ngo inshuro ya<strong>mu</strong>gejeje kuri <strong>Polisi</strong> ntiyahamaraga kabiri.Hari abo twahasanze bamaze iminsi baraje kuhasengera :


Hari abaza gusenga bakiturira <strong>mu</strong>ri Chapelle. Aba bose bahamaze ibyumweru birenga bibiriUwimana Solina avuga ko yaje aturuka <strong>mu</strong> Karere ka Muhanga, U<strong>mu</strong>renge wa Nyarusangeakagali ka Rusovu. Avuga ko yaje ngo Intwarane zi<strong>mu</strong>sengere.Solina Ingabire uvuga ko yagenderaga <strong>mu</strong> kagare baka<strong>mu</strong>sengera agahagurukaNgo yari afite ubu<strong>mu</strong>ga amaranye imyaka 6 agendera <strong>mu</strong> kagare bara<strong>mu</strong>sengera arakiraariko ubu ngo yituye hasi ntabasha guhaguruka. Avuga ko yaje ngo bongere a<strong>mu</strong>sengere,ahamaze icyumweru. Yagize ati :" ubu iwacu hari Intwarane nyinshi kubera ubuhamyabwanjye".Yadutangarije ko yarangije amashuli yisumbuye <strong>mu</strong> ishami ry’indimi. Bizimana Emanuel niumwana w’imyaka 12. Yataye ishuli yiga <strong>mu</strong> wa kabiri nyuma y’aho ngo afatiwe n’ ibintubya<strong>mu</strong>kubitaga hasi. Nawe yaje <strong>mu</strong> Ntwarane amaze ibyumweru bibiri ngo zi<strong>mu</strong>sengereabashe gukira.


Bizimana Emanuel w’imyaka 12 wataye ishuli. Ngo arimo arivuza ibintu bi<strong>mu</strong>kubita hasiYaturutse <strong>mu</strong> Karere ka Muhanga <strong>mu</strong> Murenge wa Nyarusange akagali ka Rwambariro.Ka<strong>mu</strong>nazi Bernadette, yadutangarije ko yavutse <strong>mu</strong> 1939.Yatubwiye ko yaturutse <strong>mu</strong> karereka Rulindo U<strong>mu</strong>reng wa Tumba akagali ka Tumba. Ngo akaba yaraje kwivuza amashitaniya<strong>mu</strong>fataga akamoka nk’inyamaswa.Ese aho asengera hameze gute ?Uko bigararagara, hari inzu nini u<strong>mu</strong><strong>yo</strong>bozi w’Intwarane n’u<strong>mu</strong>ryango we babamo, hakaban’inzu ntoya iri hepfo yagizwe chapelle. Iyi nzu ikigaragara yari ntoya ariko abaje kwivuzango abakaba baragize uruhare <strong>mu</strong> kuyagura aho bongeyeho ibyumba b<strong>yo</strong> kuraramokubazaza kwivuza badataha. Iratatse irimo amashusho ya Bikiramariya na Yezu ndetsen’imisaraba.Nyuma y’aho abasenga bakomereje kwi<strong>yo</strong>ngera, hanze bahakoze imbuga nziza, ahoirangirira bahashyira u<strong>mu</strong>saraba ubwo kuri i<strong>yo</strong> mbuga niho bicara bagasenga i<strong>yo</strong> ikoraniroryitabiriwe n’<strong>abantu</strong> benshi.

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!