11.07.2015 Views

Volume 1 Kinyarwanda-Rwanda - Nueva Vida En Cristo

Volume 1 Kinyarwanda-Rwanda - Nueva Vida En Cristo

Volume 1 Kinyarwanda-Rwanda - Nueva Vida En Cristo

SHOW MORE
SHOW LESS
  • No tags were found...

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

INAMA ZIFATIKA1. Fata umwanya uhagijew’imyiherero yawe. Utihuta.2. Umwanya wa gahunda yawen’Imana uwuhe agaciro. Geragezakudasiba muri iyo gahunda, mugihe usibye umunsi, ntucikeintege; ariko umunsi ukurikikrantusibe.3. Gerageza gusoma igice ku munsi.Hari ubwo biba byiza gusoma bikekugira ngo ubone uko ubyiganeza. Hari n’ubwo uzakeneragusoma byinshi.4. Shyira ibimenyetso muri Bibiliyayawe, uce imirongo munsiy’ibyanditswe kugirango uzekubibona byoroshye.5. Gerageza guhindura imirongoy’ingenzi mu magambo yawekugirango uyumve neza.6. Bibaye bigoye kubona ahatuje,gerageza gusoma cyangwagusenga mu ijwi rihanitsecyangwa usenge uhagaze.Ntabwo ari byiza mu myihereroyawe kuryama ku buriri, ushoboragusinzira. Saba Imanaigushoboze gutekereza kuri uwomwiherero wawe.7. Fata ikaye wandikemo ibyo ukuyemu kwiga Bibiliya kwawe, muniho gusengera ibyifuzo byawe,n’ibindi.SengaSenga, ukurikije igice wize muri Bibiliya. usubize Imana uyibwiraUko utekereza kuri ibyo umaze gusoma. Hakubiyemo: Kwihana, ibyo usanze bidakwiriye mu buzima bwawe. Uramye Imana kubwo uko Iri.( Zaburi zishoborakugufasha birushijeho mu kuramya kwawe.) Usingize Imana kubw’ibyo ikora Ushimire Imana kubw’ibyo yaguhaye Sengera ibyifuzo byawe uko bikurikirana ukurikije ukowabishyize ku rutonde.Ririmbira UwitekaKuririmba bigufasha kwinjira mu mwuka wo kuramya.Uririmbe indirimbo kenshi, umunsi wose, atari mu gihecy’umwiherero gusa n’ikindi gihe cyose.Abefeso 5:19.Ushobora no kuririmba uvugiriza ,niba ubihisemo.Shyira mu bikorwa ibyo wizeYakobo 1:22 Hatugira inama yo kuba “abakora iby’ijambo ahoKuba abaryumva gusa” gusoma Bibiliya, ibyo usomautabikurikiza mu mibereho yawe, bisa no kwirebera mundorerwamo tukigendera tutihanaguye imyanda ya ndorerwamoyatweretse. Ntacyo bimaze gusoma Bibiliya tutiteguye gukurikizaIcyo itwigisha.Ikitonderwa: Ibi ntibivuga ko tugomba guhagarika gusoma Bibiliyamu gihe twumva tutabishaka. Ahubwo niba turi muri ibyo biheniho tugomba kurushaho kuyisoma, dusaba Imana ko yahinduraimitima yacu. Ntukajye wemera ko abanzi bo mu mwukabakubuza akamenyero ko gusoma Bibiliya!(Reba intambwe ya 5).TEKEREZA KU BYO USOMYE KANDI UBIFATE MU MUTWEAndika mu ikaye yawe umurongo usomye muri Bibiliya,uwutekerezeho muri uwo munsi wose. Gerageza kuwufata mumutwe. muri ubwo buryo Imana iraza kugufasha kunesha icyaha.TWIYIBUTSE: GAHUNDA YOROHEJE Y’UMWANYA WAWE W’UMWIHERERO1. Tegura umutima wawe 4. Ririmbira Uwiteka Isuzume Ririmba ibihimbano by’Umwuka n’indirimbo. Ihane icyaha cyawe Umuziki ugufasha kwinjira mu Mwuka wo Saba gusobanukirwa guhimbaza Imana.2. Iga Bibiliya 5. Shyira mu bikorwa ibyo wize Ni iki cyagukoze ku mutima cyane ? Ni iki uri bukore uyu munsi kugirango ushyire Igitekerezo cy’ingenzi ni ikihe ? mu bikorwa ibyo wize mu buzima bwawe. Birashaka kukubwira iki ?6. Bitekerezeho kandi Ubifate mu mutwe3. Senga Imana ukurikije ibyo usomye, hitamo umurongo uri Vugana n’Imana kubyo umaze gusoma. butekerezeho kandi ukawufata mu mutwe. Ramya Imana kubwo uko iri. Uwandike mu ikaye yawe cyangwa ku Shimira Imana kubw’ibyo yakoze. gapapuro gafite 3 x 5 ushobora kujyana Saba Imana , ukoresheje urutonde rw’ibyifuzo byawe. ahantu hose muri uwo munsi.22

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!