11.07.2015 Views

Volume 1 Kinyarwanda-Rwanda - Nueva Vida En Cristo

Volume 1 Kinyarwanda-Rwanda - Nueva Vida En Cristo

Volume 1 Kinyarwanda-Rwanda - Nueva Vida En Cristo

SHOW MORE
SHOW LESS
  • No tags were found...

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

TEKEREZA KURI IBIKora urutonde rw’inzitwazoabizera bitwaza kugirangobatajya mu nsengero(guteranira hamwe)bik _____________________________________________________________________________________________________________________________Ni iyihe mpamvu itumabatajyayo? Abaheburayo 10 :25___________________________________________________________________________MURI IKICYUMWERUKora urutonde rw’abayobozi bomu itorero ryawe hanyuma burimunsi usengere umwe muri bo7. Soma Abaheburayo 10:24-25. Ese Bibiliya yigisha ko uwizeyeYesu Kristo agomba kuba mu itorero?Yego Oya Kuki?_________________________________________________________________________________Ese “ twaterana ishyaka dute mu bikorwa by’urukundo n’imirimomyiza”?8. Ese ibindi bintu abizera bo mu itorero ry’ i Yerusalemu bakoreyehamwe ni ibihe? Ibyakozwen’intumwa 2:42 _________________________________________________________________9. Niba uri mu bagize itorero ugomba kurifasha. Ni mu buheburyo wafasha itorero ryawe?Abagalatiya 6:1-2 ______________________________________Abagalatiya 6:10 ______________________________________1Petero 4:10 _________________________________________2Abakorinto 9:7 _______________________________________Muri 1Timoteyo 3:1-7 na Tito 1:5-9, Bibiliya ishyirahoibyangombwa abayobozi b’itorero bagomba kuzuza. Soma ibyobice. Nubwo waba nta mugambi ufite wo kuzakorera Imanank’umuyobozi, ariko buri Mukristo agomba kwifuza kugira iyomiterere ivugwa muri iyo mirongo.KUGWIZA IMBARAGASoma Abaroma 1-4( soma buri gice mu minsi 2kugirango usobanukirwe neza.)Fata mu mutweAbaheburayo10 :24-25« Kandi tujye tuzirikanaubwacu kugirango duteraneishyaka ryo gukundanan’iry’imirimo myiza. Twekwirengagiza guteranirahamwe nkuko bamwe bajyabagira, ahubwo duhuguranekandi uko mubonye uryamunsi wegera, mube arikomurushaho kugenza mutyo. »10. Kubera ko abayobozi bashyizwe mu itorero n’Imana, twagombyekubitwaraho dute?1Abatesalonike 5:12-13__________________________________Abaheburayo 13:17 ____________________________________11. Dukurikije Abagalatiya 6:1-2 ni izihe nshingano itorero rifite kubayoboke baryo?12. Ni iyihe myitwarire tugomba kugira mu gihe duhana Mwene Datawayobye? Umurongo wa 1,2.________________________________________________________________________________________________________Kubera ko itorero ari umuryango, rifite inshingano zo kwita kumibereho y’abarigize. Hari igihe biba ngombwa ko habaho ibihanokugirango ubuhamya bwiza budapfa, ndetse harindwe n’ubusugirebw’itorero. Ni igikorwa cy’urukundo kandi kigaragaza kwita kubantu bagize itorero. Imyifatire myiza ni kimwe mu bintu Imanaikoresha kugirango “duterane ishyaka ryo gukundana n’imirimomyiza”.24

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!