11.07.2015 Views

Volume 1 Kinyarwanda-Rwanda - Nueva Vida En Cristo

Volume 1 Kinyarwanda-Rwanda - Nueva Vida En Cristo

Volume 1 Kinyarwanda-Rwanda - Nueva Vida En Cristo

SHOW MORE
SHOW LESS
  • No tags were found...

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

Umugereka wa 4Katira mu murongo ugizwe n’utudomo maze uhiniremo hagati. Ushobora ku komeka muri Bibiliya yaweGAHUNDA YOROSHYE YO KWITANGA KWACU KWABURI MUNSITegura umutima wawe Isuzume Ihane icyaha cyawe Saba gusobanukirwaIga Bibiliya Niki kigutangaje cyane? Ni iyihe ngingo nkuru? Ni iki bisobanura ku bwawe?Senga Uwiteka Vugana n’Imana kubyo wize Himbariza Imana uko iri Shimira Imana ibyo yakoze Saba Imana ukoresheje urutonde rw’ibyifuzoRirimbira Uwiteka Ririmba indirimbo n’ibihimbano by’Umwuka.Indirimbo igufasha kuba mu Mwuka no gushima ImanaKoresha ibyo wize Ni iki ugiye ukora uyu munsi kugirango ubishyire mubikorwa mu mibereho yawe.Bitekerezeho ndetse ufate mu mutwe. Toranya umurongo mu byo wasomye , mazeuwutekerezeho kandi uwufate mu mutwe. Wandike muikaye cyangwa ku ikarita ya 3x5 ujye uyitwaza buri munsiGAHUNDA YO GUSOMA BIBILIYATangira usoma Isezerano Rishya , usoma igice kimwe ku munsiKugeza urangije.Banza usome ibi bitabo bikurikira:Yohana AbafiripiIbyakozwen’intumwa Yakobo1Yohana 1 na 2 AbatesalonikeAbaroma AbefesoIcyitonderwa: Nurangiza gusoma igitabo kimwe, mbere yogutangira ikindi soma zaburi zimwe n’igice cyo mumigani.TUNGANYA UMUTIMA WAWEMwami wanjye, Mana yanjye, tyariza ugutwi ijwi ryanjyengutakira kuko ari wowe nsenga. Zaburi 5:3Mana, ndondora umenye umutima wanjye, mvugutira umenyeibyo ntekereza. Urebe yuko hariho inzira y’ibibi indimo,unshorere mu nzira y’iteka ryose. Zaburi 139:23-24Mana undememo umutima wera,unsubizemo umutimaukomeye Zaburi 51:10Hwejesha amaso yanjye, kugirango ndebe ibitangaza byo mumategeko yawe. Zaburi 119:18Nuko rero, twegere intebe y’ubuntu tudatinya, kugirangotubabarirwe tubone ubuntu bwo kudutabara mu gihe gikwiriye.Abaheburayo 4:16UKO TWAKWIGA BIBILIYAIgice ______________________Ni iki kiguteye amatsiko cyane muri iki gice?___________________________________________________________________________________________________________________Ni iyihe ngingo nkuru iri muri iki gice ?________________________________________________________________________________________________________________________Ni iki ivuga ku bugingo bwawe ?____________________________________________________________________________________________________________________________Fata mu mutwe ibibazo bikurikira by’ibanze. Bishoborakugufasha gusobanukirwa neza igice :Hariho itegeko ryo kumvira ?Hariho urugero rwo gukurikiza ?Hariho icyaha cyo kwirinda ?Hariho isezerano nagira iryanjye ?36

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!