11.07.2015 Views

Volume 1 Kinyarwanda-Rwanda - Nueva Vida En Cristo

Volume 1 Kinyarwanda-Rwanda - Nueva Vida En Cristo

Volume 1 Kinyarwanda-Rwanda - Nueva Vida En Cristo

SHOW MORE
SHOW LESS
  • No tags were found...

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

IMFASHANYIGISHO Y’UMWIGISHA.8. Gerageza gutuma umunyeshuriatekereza icyo ibyo yiga bimariyeubugingo bwe. Mufashe kubyumvaneza.1. Turagushimira kwakira inshingano yo kwigishaumwizera mushya hakoreshejwe “ UbuzimaBushya muri Kristo” nk’imfashanyigisho yawe.Ibyavuye muri iyi nyigisho bishobora kubyaraimbuto ihoraho.2. Reka Bibiliya buri munsi ibe umuyobozi wawemu gusubiza ibibazo. Umunyeshuri agombakureba mu byanditswe we ubwe nonehoakagerageza gusubiza ibibazo akurikije ukoBibiliya ivuga.Bamwe mu bizera bashya bakenera gufashwarimwe na rimwe mu kureba ibyanditswe muriBibiliya.3. Iyi mfashanyigisho ikoreshwa mu buryobutandukanye . hariho ko, uzajya wiga isomorimwe mu cyumweru, ushishikariza umwigishwagukora ibigenewe byose kuri buri somo.4. Uzirinde ko igika kimara igihe kirekire5. Shishikariza umwigishwa gusubiza ibibazoakoresheje amagambo ye. Rinda umunyeshurikwandukura Bibiliya ijambo ku ijambo.Bizamufasha kumva neza ubusobaanurobw’ibyo yigishwa.6. Irinde kubwiriza. Koresha ibibazo biguhishuriraibyo umunyeshuri yumvise no kugaragazauruhare rwe.7. Tegura neza kuri buri gika. Nk’Umwigisha ,ugomba kwimenyereza ibikubiye mu masomon’icyo bigamije.Kwitegura kwawe ku gomba kubamogusengera umunyeshurin’umutima wawe kugirangobibe biteguwe kubw’iryo somoImyitozo iri mu kazitiro iruhanderwa buri somo nicyo yagenewe.Yikoreshe.9. Fasha umunyeshuri kugiraakamenyero ko gusenga.Mwigishe gusenga igihe usengana na we.10. Ni ngombwa gusobanukirwa ko guhinduraumwigishwa bidakorwa no kurangiza ayamasomo cumi n’atatu y’Ubugingo Bushya gusa.Ahubwo ni umurimo ugomba gutuma ubugingobw’umwigishwa buhinduka. Iki gitabo n’icyokugufasha gusa. Ariko uwo wigishwa akeneyen’ibindi bimufasha guhindura imyifatire yen’ibitekerezo n’ingeso.11. Ni ngombwa cyane ko umunyeshuri yigaakamenyero ko gusoma Ibyanditswe Byera,gusenga buri munsi, no gufata mu mutweimirongo yo muri Bibiliya.Mbere ya buri somo fata igihe cyokwibukiranya imirongo yafashe mu mutweUmubaze uko Gusoma Bibiliya kwe kwa burimunsi kuri kugenda.12. Uhe agaciro ibyo Imana iri gukora mubugingo bw’umwigishwa. Fata igihe kuri burigika, cyo gusubiza ibibazo ashobora kugira,cyangwa kumufasha ku bibazo ashoborakugira mu buzima bwe bwihariye.Witekereza ko hari umwanya, mu gihebidashoboka gufata buri kibazo mu isomo,kuko nta gihe. Muri icyo gihe, hitamo ibibazobirusha ibindi kuba ngombwa mu biganireho.4

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!