11.07.2015 Views

Volume 1 Kinyarwanda-Rwanda - Nueva Vida En Cristo

Volume 1 Kinyarwanda-Rwanda - Nueva Vida En Cristo

Volume 1 Kinyarwanda-Rwanda - Nueva Vida En Cristo

SHOW MORE
SHOW LESS
  • No tags were found...

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

GUTEKEREZABamwe bafite ibitekerezo bitaribyo ku Ifunguro ryera. Bityo ningombwa kumenya ko:1. Ifunguro Ryera Atariisakaramentu cyangwa ikintucy’amayobera2. Ntabwo rituma dukiranukacyane ahubwo riduteraumwete wo kuba mubutungane.3. Umutobe(Divayi) ntabwouhinduka amaraso ya Kristocyangwa umukati ngouhinduke umubiri wa Kristoahubwo bishushanya amarason’umubiri bya Kristo.KUZIRIKANADukurikije Abaheburayo 10:10-12Ni kangahe Kristo yatanzeUmubiri nk’igitambo cy’ibyaha?“ _____________________iteka”KUGWIZA IMBARAGASoma Yakobo 1-5;Zaburi 19 na Zaburi 27( Igice kimwe ku munsi)Fata mu mutwe Matayo 28:19“ Nuko mugende muhindureabantu bo mu mahanga yoseabigishwa , mubabatiza mu izinarya Data wa twese n’Umwanan’Umwuka Wera.”IFUNGURO RYERAIfunguro Ryera ryashyizweho n’Umwami Yesu Kristo muijoro bamugambaniyemo. Ni ikintu cyejejwe kandikidasanzwe ariko ntabwo ari isakaramentu cyangwa ikintucy’amayobera.4. Soma 1Abakorinto 11:23-26. Dukurikije umurongowa 26,Ni iki twamamaza ?______________________________Kugeza ryari? _________________________________Iki gice kiratwigisha ubusobanuro bw’Ifunguro Ryera.Kitwibutsa kwitanga kwa Kristo ku musaraba ku bwacuKandi kitwibutsa kugaruka kwe.5. Bisobanura iki Gukora gutya “ Munyibuka” ? ________________________________________________________6. Dukurikije umurongo wa 24 n’uwa 25,umutsima n’igikombe bishushanya iki?Umutsima _____________________________________Igikombe ______________________________________7. Soma 1Abakorinto 11:27-31. Umurongo wa 28 uvuga kombere yo kujya ku ifunguro ryera, buri wese agombakwisuzuma . kuri wowe iki gikorwa gisobanura iki?__________________________________________________________________________________________8 .1Abakorinto 10:16-17 hagaragaza indi shusho y’amezay’Umwami ariyo Funguro Ryera , gusangira, ubumwe .Ubumwe n’abandi bizera bivuga iki?____________________________________________________________________________________________MURI MAKE1. Ifunguro Ryera ni urwibutso rw’igitambo cya Kristo .kugeza aho azazira.2. Ni igikorwa cyo kumvira ndetse n’umwanya wogusabana na Kristo n’abavandimwe bacu mu kwizera.28

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!