11.07.2015 Views

Volume 1 Kinyarwanda-Rwanda - Nueva Vida En Cristo

Volume 1 Kinyarwanda-Rwanda - Nueva Vida En Cristo

Volume 1 Kinyarwanda-Rwanda - Nueva Vida En Cristo

SHOW MORE
SHOW LESS
  • No tags were found...

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

GUFATA MU MUTWEEse waba ufite ubwoba bwokutamenya ibyo ugomba kubwiraabo ushaka guha ubuhamya?Ibyo birasanzwe.Kugirango ushire amanga:1. Iga “ Umugambi w’agakiza kumugereka wa 6.2. Iga uwo mugambi uwufate mumutwe, hamwe n’ibyanditsweByera biwugize.3. Ca urupapuro rwanditseho uwomugambi w’agakizauwugendane muri Bibiliya yawe.IKI CYUMWERU.Uzatangira ryari gutangaubuhamya?Muri iki cyumweru uvuganen’umwe ku bari ku rutonde rwaweibyerekeranye n’umugambiw’agakiza.ntutegereze ko igihegikomeza gushira! Uramutseutarabifata mu mutwe ubeukoresha Yohana 3:16.Mu gihe ushaka kumenyagukoresha neza uburyo bwogutanga ubuhamya bwawekoresha umugereka wa 6.Uzaguha inama zifatika zogukoresha uvuga ibyoKristo yakoze mubuzima bwawe.KUGWIZA IMBARAGASoma Abaroma 5-8( Soma igice mu minsi 2kugirango ubisobanukirwe neza)Fata mu mutweIga umugambi w’agakiza uri kumugereka wa 68. Umucyo wawe umurika bingana iki? Usobanukiwe ko uri umucyow’isi, garagaza amagambo avuga uko umeze mu mibereho yawebwite.Nkunda kuvuga kuri Kristo kuko yampinduye.Hari ibihe murika, ariko hari n’ibindi bihe umucyo wanjyeuba utwikiriyeSinzi uko natanga ubuhamya ku byerekeye Kristo.Nkorwa n’isoni mvuga ibya Yesu.Kugeza ubu umucyo wanjye uramurika gake cyane.9. Matayo 28:19-20 Hari ibyo twita inshingano ikomeye.Muri iyi nshingano ni iki Kristo adutegeka gukora?__________________________________________________________________________________________________UBURYO BWO GUTANGA UBUHAMYA1. Emera Kristo ahindure ubugingo bwawe. Ibuka ko amagamboyawe atazagira agaciro, nadaherekezwa n’ingeso zawe nziza.Matayo 5:162. Koresha Bibiliya. Niryo Jambo ry’Imana. Ni intwaro ifite imbaragazikuraho ibitekerezo bibi mu mutwe w’umunyabyaha.Abaheburyo 4:12.3. Ishingikirize ku Umwuka Wera agufashe mu guhamya. Ni wewemeza ab’isi ibyaha akanabategurira kumva mu giheubagezaho umugambi w’agakiza k’Imana ( Yohana 16:8).Ntabwo wahatira umuntu kumva. Imana niyo izakora mu mitimayabo.4. Sengera inshuti zawe igihe cyose batarakira Kristo. Shakaumwanya wo kubagezaho ubutumwa.5. Ujye urebana umunyabyaha amaso y’imbabazi, uzirikana koubuzima bwe bukiboshywe n’ibyaha. Utizera ntabwo ari umwanziwawe ahubwo n’imbohe ya Satani.6. Tanga ubuhamya ufite umutima uciye bugufi (1Petero 3:15).Uzirikane ko iyo ataba ari ubuntu nawe wari kuba ukiri mumibereho nk’iyo barimo.7. Gira imvugo nziza. Bitume utizera yumva ko ukeneye by’ukurikumufasha. Ntumucireho iteka.8. Ba Usanzwe. Abantu ushobora kwegera neza bitakugoye niumuryango wawe n’inshuti. Ntukajye ugira ubwoba bwokubagezaho ubutumwa. Koresha ayo mahirwe ufite.9. Shaka udupapuro n’utunyamakuru twagenewe kwamamazaubutumwa utangire udutange. Baza umuyobozi wawe cyangwaPasitori wawe aho wadukura.10. Gira ubutwari . Nubwo bose batakwemera ubutumwa bwawe,ibuka ko uri intumwa itwaye ubutumwa bwiza buzana ubugingobuhoraho(Abaroma 1:16). Hejuru y’ibyo abantu benshi bababiteguye kwakira ubutumwa kuruta uko tubitekereza.26

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!