06.08.2015 Views

Na none Polisi irashinjwa kwica abasivile

Na none: Polisi irashinjwa kwica abasivile - Free

Na none: Polisi irashinjwa kwica abasivile - Free

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

Urup. 2 UMUSESO No 390, 11-18 Mutarama 2010IBIRIMOAMAKURU<strong>Na</strong> <strong>none</strong>: <strong>Polisi</strong> mu majwiUKO MBYUMVADidas M. Gasanaarerekana ikiguzi cyogukemura ikibazo cyaFDLR....P.4IBIMBABAZACharles B. Kaboneroarakwereka ko ruswano gusahura ari umwerawaturutse i bukuri....P.14Umwanditsi aribaza nebaPerezida Paul Kagameyaratinye amatora.. P.8Yakatiwe imyaka 3,agororerwa kuyoboraUmurenge....P.9Muri Nyakanga 2007,<strong>Polisi</strong> y’u Rwandanibwo yashyizwemu majwi cyanekuba yica <strong>abasivile</strong> b’abagororwa,nyuma ya raporo yasohowen’umuryano uharanira uburenganzirabw’ikiremwamuntu, Human RightsWatch.Iyo raporo ikaba yaremezagako polisi y’u Rwanda yishe niburaabagororwa 20, kuva mu kwezikw’Ugushyingo 2006, kugezamuri Nyakanga 2007.Icyo gihe,uwari komiseri mukuru wa <strong>Polisi</strong>,Andrew Rwigamba, yatangaje koabo bagororwa baraswaga na <strong>Polisi</strong>,bashaka gutoroka, ariko siko ubwobusobanuro bwakiriwe na bose.Icyogihe, ibihugu bitera inkunga ikomeyeu Rwanda- Leta zunze ubumwez’Amerika n’u Bwongereza, basabye<strong>Polisi</strong> y’u Rwanda ibisobanurokuri ubwo bwicanyi, <strong>Polisi</strong> isubizako izakora iperereza.Umwe mubantu bashyizwe mu majwi kubabararashwe na <strong>Polisi</strong>, harimoEmmanuel Ndahiriwe, warashwekuwa 20 Mata 2007.Usibye koiryo perereza ritakozwe, cyangwase rikaba ryaragizwe ibanga, ubuna <strong>none</strong> <strong>Polisi</strong> y’igihugu yongeyegushyirwa mu majwi <strong>kwica</strong> <strong>abasivile</strong>,ku mpamvu zitaramenyekanakugeza ubu.Urupfu <strong>Polisi</strong> ishinjwaubu ni urwa Charles Byiringiro,mwene Theophile Kimandwa naNyinawabega Verena, wapfuyekuwa 30 Ukuboza 2009.Nkukoitohoza ry’ikinyamakuru Umusesoribigaragaza, Charles Byiringiroyafashwe na <strong>Polisi</strong> kuwa 29 Ukuboza2009. Hamwe n’abandi, yarajweahantu kugeza ubu hataramenyekana,ariko bucyeye bwaho, we n’abo barikumwe, bajyanywe ahitwa kwaKabuga- Guantanamo ya Kigali,ariko we ntiyagezeyo.UbuhamyaAmakuruIkinyamakuru Umuseso gikeshaabavandimwe ba NyakwigenderaCharles, ariko badusabye kotudashyira ahagaragara amazina yabo,yemeza ko Charles yarashwe na <strong>Polisi</strong>mu nzira, ajyanwa i Kabuga, ariko<strong>Polisi</strong> ikavuga ko yashatse gutoroka,agasimbuka mu ikamyo, akikubitahasi agapfa.Umwe mu bavandimwebe ba hafi yatangarije Umuseso ati:“Twamenye ko yapfuye uwo munsi,duhurujwe na bagenzi be, tujyaCHK, dusanga umurambo we, arikoimpamvu tutemera ko yapfuye ashakagutoroka ni nyinshi.”Yakomeje agiraati: “Umuntu wasimbutse ikamyo,akagwa, ntashobora kubura ibikomereku mubiri bigaragaza ko yaguye, nko<strong>kwica</strong> <strong>abasivile</strong>Manda ye itangiye atorohewe:Brig. Gasana (Photo/ Archives)gusenuka, cyangwa se imyenda yeigahindana, ariko we igikomere yariafite, ni umwobo munsi y’ugutwi,n’undi ku rundi ruhande rw’umutwe.Aho niho hadudubizaga amaraso.Twe dusanga ari isasu, kuko ntabwoibyo bikomere byari ibituruka kukugwa.”Undi muvandimwe wenawe wahageze mu ikubitiro, yagizeati: “<strong>Polisi</strong> yatubwiye ko bari muikamyo, we agashaka gutoroka, arikontibyumvikana ukuntu umuntu yabaari mu ikamyo yicaye, polisi iri hejuruku ikamyo ibarinze, agahaguruka,akurira ikamyo, kugera aho asimbuka,polisi itaramufata. Ntibishoboka.”Uyumunyamakuru yagiye kuri sitasiyo ya<strong>Polisi</strong> mu bitaro bya CHK, gushakauwakiriye uwo murambo kuwa 30Ukuboza 2009, kugirango amubazeuko uwo murambo wari ukomeretse,ariko umupolisi twahasanze, atubwirako iyo ‘case’ atayizi, ariko uwomuvandimwe yakomeje atubwira koubwo yasubiraga kuri iyo sitasiyogufata indangamuntu ya CharlesByiringiro, kuwa 02 Mutarama 2010,umupolisi yahasanze yamubwiye koniba yashobora gukurikirana urupfurw’umuvandimwe we, yabikora,kuko ‘hypothesis’ yo kuba yaraguye,nawe atayemera.Ihurizo rya RastaUndi muvandiwe wa ByiringiroCharles, uzwi ku mazina yaNshimiyimana Jean Sauveur, nawewavuganye n’Umuseso mu bihebitandukanye n’ibya bagenzi be,yadutangarije ko akigera kuri sitasiyoya <strong>Polisi</strong> muri CHK asaba umurambowe, bamutumye indangamuntuya Byiringiro Charles. Ayizanye,uwayimusabye avugana n’undi muntukuri telephone, arangije abaza JeanSauveur niba Byiringiro Charles ariwe bakundaga kwita izina rya Rasta,amusubiza ko atari we.Mu bushishozibw’umwe muri bagenzi ba Charlesbakoranaga, birashoboka ko <strong>Polisi</strong>yamurashe, izi ko irashe uwo Rasta.Ibi birashoboka ko byaba ari byo,cyangwa se atari byo, ariko ntabwo<strong>Polisi</strong> y’u Rwanda ibikozwa.Version ya <strong>Polisi</strong>Super Intendant Erick Kayiranga niumuvugizi wa <strong>Polisi</strong> y’igihugu. Mukiganiro n’uyu munyamakuru kuriTelefone, ku wa 05 Mutarama 2010,Kayiranga yadutangarije nk’ibyo<strong>Polisi</strong> yatangarije abavandimwe baByiringiro- ko Charles Byiringiroyapfuye asimbutse ikamyo, akwepagufungwa, ko atigeze araswa na<strong>Polisi</strong> y’igihugu.Ariko icyo gihe,ntabwo Kayiranga yari azi isahan’aho Byiringiro yasimbukiye iyokamyo, ndetse n’aho we na bagenzibe bari barajwe mu ijoro rishyira kuwa30 Ukuboza 2009- umunsi Charlesyasezeye isi.Kayiranga yadusabye kotwazongera tukamuhamagara kuwa07 Mutarama 2010, ariko twongeyekuri uwo munsi, ntabwo telefone yeigendanwa yashoboye kunyuramo.Gusa, Kayiranga yadusabye ko twahabamwe mu bavandimwe ba CharlesByiringiro telefone ye igendanwa,bakazamureba ku kazi, bakamubwiraimpungenge zabo, kandi twarabikoze,ndetse twamenye ko banavuganye.Ubundi buhamyaHagati aho ariko, ibyo bamwemu bavandimwe ba Byiringirobavuga, biremezwa n’umwe mubantu bane bambitse Byiringiro, avamu buruhukiro, kuwa 31 Ukuboza2009, ajya gushyingurwa. Uwomunyarwanda, wadusabye atakambako tudashyira ahagaragara amazina yekubera ko atinya ko <strong>Polisi</strong> yabimuziza,yatangarije Umuseso ati:‘Yari afiteigikomere munsi y’ugutwi, n’ikindiku rundi ruhande rw’umutwe. Ntakimenyetso na kimwe kigaragaza koyikubuse hasi. Nonese wakwikubitahasi, ugakomereka impande ebyriz’umutwe kandi bene kariyakageni? Byari imyobo.’ Twibutse koByiringiro yavukiye i Nyamagabe, kuGikongoro.Didas M. Gasana

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!