06.08.2015 Views

Na none Polisi irashinjwa kwica abasivile

Na none: Polisi irashinjwa kwica abasivile - Free

Na none: Polisi irashinjwa kwica abasivile - Free

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

Urup. 6AMAKURUUMUSESONo 390 11- 18 mutarama 2010Umuseso, Min. Musoni, murukiko kuri uyu wa kaneMbere yuko tujyamu icapiro,abanyamakurub’Umusesobaregwa na Minisitiri ProtaisMusoni, bari batarashyikirizwaimpapuro zibahamagazamu rukiko, ariko amakuruikinyamakuru Umuseso gikeshakimwe mu binyamakurubyandikirwa mu Rwanda, IzubaRirashe, yemeza ko urubanzahagati ya Minisitiri w’ibikorwaby’inama y’abaminisitiri, ProtaisMusoni, n’abanyamakuru batatub’Umuseso, ruteganyijwekuburanishwa kuri uyu wa kane,kuwa 14 Mutarama 2009.Twibutse ko uru rubanzaruregwamo Charles Kabonero,Didas Gasana na RichardKayigamba.Intandaro y’ururubanza, ni inkuru yasohotse mukinyamakuru Umuseso, No 382,ivuga ku rukundo rw’ibanga hagatiya Musoni na Meya w’Umujyi waKigali, Dr. Aisa Kirabo Kakira.Nyuma y’iyo nkuru, ikinyamakuruUmuseso cyatanzweho ikirego mubushinjacyaha.Ubushinjacyahabukaba bwarahamagaje abobanyamakuru bose baregwa muibazwa, bukaba bwarashyikirijeicyo kirego urukiko rw’ibanzerwa Nyarugenge, aho rutegerejwekuburanishwa kuri uyu wa kane.Ikinyamakuru Izuba kivuga koaya makuru cyayatangarijwen’Umuvugizi w’Ubushinjacyaha,Nkusi Augustin, ku wa 4 Mutarama2010Nkuko icyo kinyamakurugikomeza kibitangaza, NkusiAugustin yagitangarije ko icyahacyarezwe, ari icyo guharabika kandingo kikaba gihanwa n’ingingo ya391 yo mu gitabo cy’amategekoahana ibyaha mu Rwanda.Izubarivuga ko iby’icyo kirego kandibyashimangiwe n’umwe mubatanze ikirego, Minisitiri MusoniProtais, aho yavuze ko cyatanzweku wa 14 Ukuboza 2009 agirango ubutabera bugaragaze ukuriku bivugwa ko yaba yarakoranyeimibonano mpuzabitsina na Meyaw’Umujyi wa Kigali Dr.AisaKirabo Kakira.Musoni ku rukundo rw’ibangahagati ye na KiraboMinisitiri Musoni arahakana koayo makuru yamwanditswehoari impamo. Muri icyo kiganiro,yakomeje avuga ko impamvu►Musoni aravuga ku rukundo rw’ibanga hagati ye na KiraboAravuga ko yabeshyewe: Min.Musoni (Photo/ Archives)yareze ari uko yabeshyewe <strong>none</strong> akabayarifuje ko urukiko rwamurenganura,akaba kandi yifuza ko hazakurikizwaamategeko.Izuba rikomeza rivuga ko indimpamvu Musoni yatanze ikirego ngo ni ukobyamubabaje ndetse bikanamwambika isurambi ndetse no mu rugo iwe, umuryango wentiwishime kubera iyo nkuru yasomwe hosekandi ari ikinyoma.“Numva ko byakozwe na MusoniJames”Ku bijyanye n’ibivugwa ko byakozwe naMinisitiri Musoni James, Protais yatangarijeikinyamakuru Izuba Rirashe ko na weabyumva atyo, ariko avuga ko bizakemurwan’iperereza kuko byaba ari ukubavugahoibinyoma gusa.Twibutse ko umuyobozimukuru w’Umuseso, Charles Kabonero,ari hanze y’igihugu kubera impamvuz’amashuri, ariko, umwungirije, DidasGasana, akaba yaratangarije uyu mwanditsiko nta mpapuro zibahamagaza barabona,kandi ko nibazibona, biteguye kwitabaurukiko.Tumubajije niba adatewe ubwoban’uru rubanza, Didas yagize ati: “Njyentabwo nterwa ubwoba n’imanza, ahubwo,kuba abategetsi b’u Rwanda batangiyekwinjirwamo n’umuco wo kwiyambazaubutabera, ni ikintu cyiza itangazamakurury’u Rwanda ryakwishimira. Ubundi byariimitarimba no gufunga umunyamakuru ntarubanza, ariko ubu, biragenda bihinduka.Ikibazo kikaba ari uko benshi mu bacamanzamu Rwanda batigenga.”Twibutse na <strong>none</strong>ko ikinyamakuru Umuseso kiri mu rundirubanza n’umunyemari Tribert AyabatwaRujugiro. Uru rubanza rukaba rugeze mubujurire, aho ruteganyijwe kuburanishwamu ntangiriro z’ukwezi gutaha, mu rukikorwisumbuye rwa Nyarugenge.Umwanditsi w’UmusesoAri hanze y'igihugu: CharlesKabonero (Photo/ Archives)Ni ibisanzwe: Didas Gasana(Photo/ Archives)Ariteguye: Richard Kayigamba(Photo/ Archives)

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!