Province d - The Service Mag
Province d - The Service Mag
Province d - The Service Mag
You also want an ePaper? Increase the reach of your titles
YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.
HAVE YOUR SAY<br />
Ese Umukiriya<br />
Ahora Ari Mu Kuri<br />
Byanditswe na RUGIRA Patrick<br />
Ahanini, duhura<br />
n’abantu batandukanye<br />
kandi bafite imico<br />
itandukanye ndetse bafite<br />
ni Uburyo bakira ibintu mu<br />
buryo butandukanye yaba mu<br />
guhabwa serivisi cyangwa<br />
ibindi bijyanye.<br />
Umukiriya rero, usibye<br />
no kuba umwami ni umuntu<br />
ukwiye kwitabwaho waba<br />
umuzi cyangwa utamuzi kuko<br />
ni we utuma ubona umugati<br />
wawe wa buri munsi.<br />
Umukiriya ni we<br />
mucamanza wa serivisi<br />
utanga buri munsi<br />
ni ukuvuga, uburyo<br />
utangamo serivisi umukiriya<br />
ni we uha amanota ibyo<br />
ukora bigatuma akugwizaho<br />
abakiriya bandi cyangwa<br />
akaberekeza ahandi abona<br />
bakora neza.<br />
Ibi ndi umuhamya wabyo<br />
kuko byambayeho ubwo<br />
unyobora mu kazi (Boss)<br />
yambwiye ko dushaka aho<br />
tujya kurya saa sita maze<br />
mubwiye resitora nizeraga ko<br />
yakataje ambwira ko ibiryo<br />
byaho bitinda abantu batanu<br />
bose tujya ahandi kubera ko<br />
serivisi y’aho atayishimye<br />
birababaje!<br />
Icyanteye agahinda, nuko<br />
yanenze imikorere yaho kandi<br />
abahakuriye ari inshuti ze<br />
za hafi. Uko yabakosoraga,<br />
babifataga nk’ibisanzwe<br />
gusa ku ruhande rwe anenga<br />
serivisi. Muhishurirwe ko<br />
mu gihe cyose uri mu kazi,<br />
inshuti zawe ziba zifite<br />
umwambaro w’umukiriya kuko<br />
ku ijanisha 55% by’abakiriya<br />
umuntu abona aho akorera<br />
ziba yaharangiwe n’inshuti.<br />
Gusa aho tugira intege<br />
nke nk’abatanga serivisi ni<br />
aho twirara iyo umubare<br />
w’abakiriya uba umaze<br />
54 | <strong>The</strong> SERVICEMAG October - December 2011<br />
kwiyongera bityo bigatangira<br />
gusubira iburyasazi.<br />
Igihe umukiriya atangiye<br />
kunenga serivisi ahabwa<br />
cyangwa igicuruzwa icyo aricyo<br />
cyose umushyikirije, ikibazo<br />
twibaza aba ari kimwe; Ese<br />
uriya ashinzwe iki? Ni nde<br />
kugira ngo anyigishe uko<br />
ngomba gukora? Nashaka<br />
yigendere abakiriya sibo<br />
babuze.<br />
Iyo utangiye gutekereza<br />
utyo, uba uri guta umurongo<br />
kuko uba uri kwiyibagiza<br />
igituma ukora ndetse n’utuma