29.12.2012 Views

Province d - The Service Mag

Province d - The Service Mag

Province d - The Service Mag

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

HAVE YOUR SAY<br />

Ese Umukiriya<br />

Ahora Ari Mu Kuri<br />

Byanditswe na RUGIRA Patrick<br />

Ahanini, duhura<br />

n’abantu batandukanye<br />

kandi bafite imico<br />

itandukanye ndetse bafite<br />

ni Uburyo bakira ibintu mu<br />

buryo butandukanye yaba mu<br />

guhabwa serivisi cyangwa<br />

ibindi bijyanye.<br />

Umukiriya rero, usibye<br />

no kuba umwami ni umuntu<br />

ukwiye kwitabwaho waba<br />

umuzi cyangwa utamuzi kuko<br />

ni we utuma ubona umugati<br />

wawe wa buri munsi.<br />

Umukiriya ni we<br />

mucamanza wa serivisi<br />

utanga buri munsi<br />

ni ukuvuga, uburyo<br />

utangamo serivisi umukiriya<br />

ni we uha amanota ibyo<br />

ukora bigatuma akugwizaho<br />

abakiriya bandi cyangwa<br />

akaberekeza ahandi abona<br />

bakora neza.<br />

Ibi ndi umuhamya wabyo<br />

kuko byambayeho ubwo<br />

unyobora mu kazi (Boss)<br />

yambwiye ko dushaka aho<br />

tujya kurya saa sita maze<br />

mubwiye resitora nizeraga ko<br />

yakataje ambwira ko ibiryo<br />

byaho bitinda abantu batanu<br />

bose tujya ahandi kubera ko<br />

serivisi y’aho atayishimye<br />

birababaje!<br />

Icyanteye agahinda, nuko<br />

yanenze imikorere yaho kandi<br />

abahakuriye ari inshuti ze<br />

za hafi. Uko yabakosoraga,<br />

babifataga nk’ibisanzwe<br />

gusa ku ruhande rwe anenga<br />

serivisi. Muhishurirwe ko<br />

mu gihe cyose uri mu kazi,<br />

inshuti zawe ziba zifite<br />

umwambaro w’umukiriya kuko<br />

ku ijanisha 55% by’abakiriya<br />

umuntu abona aho akorera<br />

ziba yaharangiwe n’inshuti.<br />

Gusa aho tugira intege<br />

nke nk’abatanga serivisi ni<br />

aho twirara iyo umubare<br />

w’abakiriya uba umaze<br />

54 | <strong>The</strong> SERVICEMAG October - December 2011<br />

kwiyongera bityo bigatangira<br />

gusubira iburyasazi.<br />

Igihe umukiriya atangiye<br />

kunenga serivisi ahabwa<br />

cyangwa igicuruzwa icyo aricyo<br />

cyose umushyikirije, ikibazo<br />

twibaza aba ari kimwe; Ese<br />

uriya ashinzwe iki? Ni nde<br />

kugira ngo anyigishe uko<br />

ngomba gukora? Nashaka<br />

yigendere abakiriya sibo<br />

babuze.<br />

Iyo utangiye gutekereza<br />

utyo, uba uri guta umurongo<br />

kuko uba uri kwiyibagiza<br />

igituma ukora ndetse n’utuma

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!