18.04.2013 Views

Igazeti ya Leta ya Repubulika y'u Rwanda Official Gazette ... - Mifotra

Igazeti ya Leta ya Repubulika y'u Rwanda Official Gazette ... - Mifotra

Igazeti ya Leta ya Repubulika y'u Rwanda Official Gazette ... - Mifotra

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

Aban<strong>ya</strong>mur<strong>ya</strong>ngo n<strong>ya</strong>kuri ni abawushinze n‟abaje<br />

nyuma bakemererwa n‟inteko rusange.<br />

Ingingo <strong>ya</strong> 6:<br />

Abashinze umur<strong>ya</strong>ngo ni abashyize umukono<br />

kuri ayo mategeko agenga umur<strong>ya</strong>ngo.<br />

Ingingo <strong>ya</strong> 7:<br />

Abinjiye mu mur<strong>ya</strong>ngo ni aba:<br />

Abantu bose bashatse bashobora kwitangira<br />

intego z‟umur<strong>ya</strong>ngo, abo baba aban<strong>ya</strong>mur<strong>ya</strong>ngo<br />

bamaze kwemerwa n‟Inteko Rusange.<br />

Ingingo <strong>ya</strong> 8:<br />

Ushobora kuba umun<strong>ya</strong>mur<strong>ya</strong>ngo w‟icyubahiro<br />

c<strong>ya</strong>ngwa nterankunga ni umuntu wese ariko<br />

ushimishwa n‟ibikorwa b<strong>ya</strong>wo kandi ushyigikiye<br />

ko uj<strong>ya</strong> mbere. Aban<strong>ya</strong>mur<strong>ya</strong>ngo b‟icyubahiro<br />

c<strong>ya</strong>ngwa nterankunga bashobora kuj<strong>ya</strong> mu nama<br />

zose z‟umur<strong>ya</strong>ngo ariko ntibashobora gutora.<br />

Ingingo <strong>ya</strong> 9:<br />

Kuba umun<strong>ya</strong>mur<strong>ya</strong>ngo babisaba Perezida<br />

w‟Inama y‟Ubuyobozi.<br />

Ingingo <strong>ya</strong> 10:<br />

Kuva mu mur<strong>ya</strong>ngo bishobora guterwa n‟urupfu,<br />

gusezera ku bushake c<strong>ya</strong>ngwa se yirukanwe<br />

n‟Inteko Rusange.<br />

UMUTWE WA IV: INZEGO<br />

Z’UMURYANGO<br />

Ingingo <strong>ya</strong> 11:<br />

Inzego z‟umur<strong>ya</strong>ngo ni:<br />

1. Inteko rusange<br />

2. Komite<br />

3. Inama y‟Ubuyobozi<br />

Ingingo <strong>ya</strong> 12:<br />

Inteko Rusange nirwo rwego rukuru<br />

rw‟umur<strong>ya</strong>ngo. Rugizwe n‟aban<strong>ya</strong>mur<strong>ya</strong>ngo<br />

bose.<br />

Ingingo <strong>ya</strong> 13:<br />

Ububasha bw‟inteko rusange ni ubu:<br />

- Gushyiraho amategeko n‟amabwiriza<br />

y‟umur<strong>ya</strong>ngo no ku<strong>ya</strong>hindura<br />

hakurikijwe ingingo zikubiye mu<br />

mategeko agenga umur<strong>ya</strong>ngo.<br />

- Gutora no gukuraho abagize inama<br />

y‟ubuyobozi no gushyiraho<br />

abahagarariye umur<strong>ya</strong>ngo.<br />

- Kwemeza ibyo umur<strong>ya</strong>ngo uzakora.<br />

<strong>Official</strong> <strong>Gazette</strong> nº 30 of 26/07/2010<br />

84<br />

des membres fondateurs et les membres<br />

adhérents agréés par l‟Assemblée Générale.<br />

Article 6:<br />

Sont membres fondateurs les personnes<br />

signataires des présents statuts.<br />

Article 7:<br />

Sont membres adhérents toutes personnes qui<br />

souscrivent aux objectifs de l‟association,<br />

acceptant ses statuts et sont agréés par<br />

l‟Assemblée Générale.<br />

Article 8:<br />

Peut être membre d‟honneur ou membre sponsor,<br />

toute personne qui sans être membre effectif,<br />

s‟intéresse néanmoins à ses activités et soutient<br />

son développement. Les membres d‟honneur ou<br />

sponsors peuvent assister sans voix délibérative<br />

aux réunions de l‟association.<br />

Article 9:<br />

Les demandes d‟admission en qualité de membre<br />

sont adressées au Président du Conseil<br />

d‟Administration.<br />

Article 10:<br />

La qualité de membre se perd soit par la mort, la<br />

démission volontaire, ou l‟exclusion motivée<br />

prononcée par l‟Assemblée Générale.<br />

CHAPITRE IV: DES ORGANES DE<br />

L’ASSOCIATION<br />

Article 11:<br />

Les organes de l‟Association sont:<br />

1. L‟Assemblée Générale<br />

2. Les comités<br />

3. Le Conseil d‟Administration<br />

Article 12:<br />

L‟Assemblée Générale se compose de tous les<br />

membres effectifs de l‟association et en est<br />

l‟organe suprême.<br />

Article 13:<br />

Les pouvoirs de l‟Assemblée Générale sont:<br />

- Adopter les statuts et le règlement<br />

d‟ordre intérieur de l‟association, ainsi<br />

que leur modification conformément aux<br />

dispositions des articles du présent statut.<br />

- Elire et révoquer les membres de Conseil<br />

d‟Administration et les Représentants<br />

Légaux de l‟association;<br />

- Détermination des activités de

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!