Igazeti ya Leta ya Repubulika y'u Rwanda Official Gazette ... - Mifotra
Igazeti ya Leta ya Repubulika y'u Rwanda Official Gazette ... - Mifotra
Igazeti ya Leta ya Repubulika y'u Rwanda Official Gazette ... - Mifotra
Create successful ePaper yourself
Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.
Aban<strong>ya</strong>mur<strong>ya</strong>ngo n<strong>ya</strong>kuri ni abawushinze n‟abaje<br />
nyuma bakemererwa n‟inteko rusange.<br />
Ingingo <strong>ya</strong> 6:<br />
Abashinze umur<strong>ya</strong>ngo ni abashyize umukono<br />
kuri ayo mategeko agenga umur<strong>ya</strong>ngo.<br />
Ingingo <strong>ya</strong> 7:<br />
Abinjiye mu mur<strong>ya</strong>ngo ni aba:<br />
Abantu bose bashatse bashobora kwitangira<br />
intego z‟umur<strong>ya</strong>ngo, abo baba aban<strong>ya</strong>mur<strong>ya</strong>ngo<br />
bamaze kwemerwa n‟Inteko Rusange.<br />
Ingingo <strong>ya</strong> 8:<br />
Ushobora kuba umun<strong>ya</strong>mur<strong>ya</strong>ngo w‟icyubahiro<br />
c<strong>ya</strong>ngwa nterankunga ni umuntu wese ariko<br />
ushimishwa n‟ibikorwa b<strong>ya</strong>wo kandi ushyigikiye<br />
ko uj<strong>ya</strong> mbere. Aban<strong>ya</strong>mur<strong>ya</strong>ngo b‟icyubahiro<br />
c<strong>ya</strong>ngwa nterankunga bashobora kuj<strong>ya</strong> mu nama<br />
zose z‟umur<strong>ya</strong>ngo ariko ntibashobora gutora.<br />
Ingingo <strong>ya</strong> 9:<br />
Kuba umun<strong>ya</strong>mur<strong>ya</strong>ngo babisaba Perezida<br />
w‟Inama y‟Ubuyobozi.<br />
Ingingo <strong>ya</strong> 10:<br />
Kuva mu mur<strong>ya</strong>ngo bishobora guterwa n‟urupfu,<br />
gusezera ku bushake c<strong>ya</strong>ngwa se yirukanwe<br />
n‟Inteko Rusange.<br />
UMUTWE WA IV: INZEGO<br />
Z’UMURYANGO<br />
Ingingo <strong>ya</strong> 11:<br />
Inzego z‟umur<strong>ya</strong>ngo ni:<br />
1. Inteko rusange<br />
2. Komite<br />
3. Inama y‟Ubuyobozi<br />
Ingingo <strong>ya</strong> 12:<br />
Inteko Rusange nirwo rwego rukuru<br />
rw‟umur<strong>ya</strong>ngo. Rugizwe n‟aban<strong>ya</strong>mur<strong>ya</strong>ngo<br />
bose.<br />
Ingingo <strong>ya</strong> 13:<br />
Ububasha bw‟inteko rusange ni ubu:<br />
- Gushyiraho amategeko n‟amabwiriza<br />
y‟umur<strong>ya</strong>ngo no ku<strong>ya</strong>hindura<br />
hakurikijwe ingingo zikubiye mu<br />
mategeko agenga umur<strong>ya</strong>ngo.<br />
- Gutora no gukuraho abagize inama<br />
y‟ubuyobozi no gushyiraho<br />
abahagarariye umur<strong>ya</strong>ngo.<br />
- Kwemeza ibyo umur<strong>ya</strong>ngo uzakora.<br />
<strong>Official</strong> <strong>Gazette</strong> nº 30 of 26/07/2010<br />
84<br />
des membres fondateurs et les membres<br />
adhérents agréés par l‟Assemblée Générale.<br />
Article 6:<br />
Sont membres fondateurs les personnes<br />
signataires des présents statuts.<br />
Article 7:<br />
Sont membres adhérents toutes personnes qui<br />
souscrivent aux objectifs de l‟association,<br />
acceptant ses statuts et sont agréés par<br />
l‟Assemblée Générale.<br />
Article 8:<br />
Peut être membre d‟honneur ou membre sponsor,<br />
toute personne qui sans être membre effectif,<br />
s‟intéresse néanmoins à ses activités et soutient<br />
son développement. Les membres d‟honneur ou<br />
sponsors peuvent assister sans voix délibérative<br />
aux réunions de l‟association.<br />
Article 9:<br />
Les demandes d‟admission en qualité de membre<br />
sont adressées au Président du Conseil<br />
d‟Administration.<br />
Article 10:<br />
La qualité de membre se perd soit par la mort, la<br />
démission volontaire, ou l‟exclusion motivée<br />
prononcée par l‟Assemblée Générale.<br />
CHAPITRE IV: DES ORGANES DE<br />
L’ASSOCIATION<br />
Article 11:<br />
Les organes de l‟Association sont:<br />
1. L‟Assemblée Générale<br />
2. Les comités<br />
3. Le Conseil d‟Administration<br />
Article 12:<br />
L‟Assemblée Générale se compose de tous les<br />
membres effectifs de l‟association et en est<br />
l‟organe suprême.<br />
Article 13:<br />
Les pouvoirs de l‟Assemblée Générale sont:<br />
- Adopter les statuts et le règlement<br />
d‟ordre intérieur de l‟association, ainsi<br />
que leur modification conformément aux<br />
dispositions des articles du présent statut.<br />
- Elire et révoquer les membres de Conseil<br />
d‟Administration et les Représentants<br />
Légaux de l‟association;<br />
- Détermination des activités de