29.12.2012 Views

lois et reglements police de roulage avec amendements

lois et reglements police de roulage avec amendements

lois et reglements police de roulage avec amendements

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

nta byago bishobora kumutera, kuguma aho impanuka yabereye cyangwa kuhagaruka<br />

kugez'igihe abubahiriza amahoro bahagereye, cyer<strong>et</strong>se iyo bamwemereye kuhava cyangwa iyo<br />

agomba gutabara abakomer<strong>et</strong>se cyangwa kujya kwivuza ubwe bwite;<br />

6º Iyo impanuka yangije ibintu gusa cyangwa hakaba hari abakomer<strong>et</strong>se byoroheje, kugana aho<br />

impanuka yabereye, kugirango, abyumvikanyeho n'uwo bagonganye, bagaragaze uko byagenze,<br />

cyangwa niba batabyumvikanyeho, afashe umukozi ubishinzwe kubyirebera.<br />

Ariko rero, iyo umukozi ubifitiye ububasha adashobora cyangwa atashoboye kugera aho<br />

byabereye mu gihe kiringaniye , abahuye n'impanuka bashobora buri wese kubimureba, igihe<br />

bishoboka, kubimenyesha umuteg<strong>et</strong>si ushinzwe kubahiriza amahoro uri hafi cyangwa uri aho<br />

batuye.<br />

Nk'uko iyi ngingo ibiteganya:<br />

- "umuntu wakomer<strong>et</strong>se cyane" bivuga umuntu wagize igikomere bishobora kumuviramo<br />

urupfu, kumushegesha wese, kumutesha igice cy'umubiri cyangwa wacitse urugingo.<br />

- "igikomere cyoroheje" bivuga igikomere cyose umuntu asanga kitahungabanya ubuzima,<br />

kitamushegesha wese cyangwa kitatuma atakaza igice cy'umubiri cyangwa urugingo.<br />

Umutwe 5. IBYAKWA-IBIMENYETSO<br />

Ingingo 5:<br />

1. Umugenzi wese uri mu nzira nyabagendwa agomba guhita yumvira ibiteg<strong>et</strong>swe n'abakozi<br />

babifitiye ububasha. 2. Ibitegekwa ni nk'ibi:<br />

a) ukuboko kuzamuye, gutegeka abagenzi bose guhagarara ker<strong>et</strong>se abageze mu isangano<br />

bagomba guhita bahava;<br />

b) ukuboko cyangwa amaboko atambitse ategeka guhagarara abaturuka mu byerekezo<br />

bisanganya icyerekezo cyerekanwa n'ukuboko cyangwa amaboko arambuye.<br />

c) kuzunguza intambike itara ritukura, bitegeka guhagarara abo iryo tara riganishallo.<br />

3. Umugenzi wese ateg<strong>et</strong>swe kugaragaza umwirondoro we igihe umukozi ubifitiye ububasha<br />

abimusabye bitewe n'ikosa akoze ryica iri teka, cyangwa habaye impanuka.<br />

4. Umuyobozi w'ikinyabiziga gihagaze umwanya muto cyangwa munini ateg<strong>et</strong>swe kugikuraho<br />

igihe abisabwe n'umukozi ubifitiye ububasha.<br />

5. Umugenzi wese agomba kubahiriza ibimeny<strong>et</strong>so byashyiriweho gutunganya uburyo bwo<br />

kugenda mu muhanda igihe cyose ibyo bimeny<strong>et</strong>so biteye uko byagenwe kandi bigaragara<br />

bihagije.<br />

6. Ibitegekwa n'abakozi babifitiye ububasha birusha agaciro ibindi bimeny<strong>et</strong>so.<br />

Umutwe 6. URUHUSHYA RWO GUTWARA IBINYABIZIGA.<br />

Icyiciro 1. Uruhushva rwo gutwara ibinyabiziga rutangiwe mu Rwanda.<br />

Ingingo 6:<br />

1. Ntawe ushobora gutwara ikinyabiziga kigen<strong>de</strong>shwa na moteri mu nzira nyabagendwa adafite<br />

kandi atitwaje uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga rwatanzwe na Polisi y'igihugu.<br />

Uko uruhushya rwo gutwara ikinyabiziga ruteye n'uko rutangwa, bigenwa n'Iteka rya Minisitiri

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!