29.12.2012 Views

lois et reglements police de roulage avec amendements

lois et reglements police de roulage avec amendements

lois et reglements police de roulage avec amendements

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

'amatungo.<br />

Ingingo 11: Inyamanswa<br />

Usibye igihe hatanzwe amabwiriza yihariye yo kwimuka, inyamaswa zigomba kugabanywa mo<br />

ibice by'imirongo ifite uburebure buringaniye kandi itandukanyijwe n'intera ihagije kugirango<br />

bitabangamira uburyo bwo kugenda.<br />

Icyiciro 3. Uruhan<strong>de</strong> rugen<strong>de</strong>rwamo mu muhanda<br />

Ingingo 12:<br />

1. Umuyobozi wese w'ikinyabiziga, igihe cyose bishoboka, agomba gukomeza kugen<strong>de</strong>sha<br />

ikinyabiziga atwaye ku ruhan<strong>de</strong> rw'iburyo rw'umuhanda kandi akegera inkombe yawo y'iburyo<br />

igihe abonye undi aturutse aho agana cyangwa agiye kumunyuraho kimwe n'igihe cyose<br />

atabona imbere ye neza. Inyamanswa zigenda mu muhanda zigomba, uko bishobotse kwose,<br />

gukomeza kugen<strong>de</strong>ra ku nkombe y'iburyo.<br />

2. Ker<strong>et</strong>se hari amategeko yihariye, iyo inzira nyabagendwa igabanijwemo imihanda ibiri<br />

cyangwa itatu itandukanyijwe ku buryo bugaragazwa n'akarondorondo k'ubutaka, umwanya<br />

utanyurwamo n'ibinyabiziga, ubusumbane bw'imihanda, cyangwa itandukanyijwe n'umurongo<br />

w'umweru urombereje, abayobozi ntibashobora kunyura mu muhanda ubangikanye n'uwo<br />

bagen<strong>de</strong>ramo.<br />

3. Iyo umuhanda ugabanijwemo ibisate bine kandi kuwugendamo bigakorwa mu byerekezo<br />

bibiri, umuyobozi wese abujijwe kunyura mu bisate bibiri biri ibumoso kandi kugenda ku<br />

mirongo ibangikanye byemewe gusa ku gice cya kabiri cy'iburyo bw'umuhanda.<br />

Kugenda ku mirongo ibangikanye byemewe na none ku mihanda igen<strong>de</strong>rwamo mu cyerekezo<br />

kimwe kandi igabanijwemo nibura ibisate bibiri.<br />

lbyo aribyo byose, abakozi babifitiye ububasha bashobora gutegeka kugenda ku mirongo<br />

ibangikanye.<br />

Iyo, kubera ubucucike bw'ibigenda mu muhanda hiremye imirongo ibangikanye kandi<br />

irombereje abayobozi bagomba gukomeza kugen<strong>de</strong>sha ibinyabiziga ku murongo umwe, ker<strong>et</strong>se<br />

igihe bashaka guhindura icyerekezo kandi bakabigira ku buryo batabangamira bikabije<br />

imigen<strong>de</strong>re myiza y'ibindi binyabiziga. Ibyo kugenda ku mirongo ibangikanye byemewe kandi<br />

ibisate by'umuhanda bikaba bigaragazwa n'imirongo irombereje cyangwa iciyemo uduce,<br />

abayobozi babujijwe kunyura hejuru y'iyo mirongo.<br />

4. Iyo umuhanda ugabanyijemo ibisate bitatu kandi ukaba ugen<strong>de</strong>rwamo mu byerekezo byombi,<br />

umuyobozi wese abujijwe kugen<strong>de</strong>ra mu gisate cyerekeye inkombe y'ibumoso bw'umuhanda.<br />

Iyo umuhanda ugabanyijwemo ibisate bibiri kandi ukaba ugen<strong>de</strong>rwamo mu byerekezo byombi,<br />

umuyobozi wese abujijwe kugen<strong>de</strong>ra mu gisate kiri ibumoso bw'umuhanda, ker<strong>et</strong>se iyo kugana<br />

muri urwo ruhan<strong>de</strong> byemewe.<br />

Umuyobozi wese ugenda mu muhanda agomba gusiga ibumoso bwe ubwikingo, imbago<br />

n'ibindi bimeny<strong>et</strong>so byerekana aho bagomba kunyura ku buryo buboneye, ker<strong>et</strong>se iyo<br />

hashinzwe ikimeny<strong>et</strong>so n°D; 1.b aribwo bashobora kunyura iburyo cyangwa ibumoso uko<br />

bashatse.<br />

Ingingo 13:<br />

1. Umuyobozi wese ugenda mu muhanda abujijwe kurengera inzira y'abanyamaguru,<br />

ubwikinge, inkombe z'umuhanda cyangwa uduhanda tw'amagare, abigilishije uruhan<strong>de</strong> urwo

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!