29.12.2012 Views

lois et reglements police de roulage avec amendements

lois et reglements police de roulage avec amendements

lois et reglements police de roulage avec amendements

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

abagenzi bazirimo.<br />

4. Iyo ubugari bw'inzira nyabagendwa igendwamo n'ibinyabiziga budahagije kugira ngo<br />

bibisikane nta nkomyi, abagenzi bateg<strong>et</strong>swe kworoherana kugira ngo batambuke.<br />

5.Mu mihanda yo mu misozi no mu zindi nzira nyabagendwa zicuramye cyane cyane aho<br />

ibisikana ridashoboka cyangwa riruhije, umuyobozi w'ikinyabiziga kimanuka agomba gushyira<br />

ku ruhan<strong>de</strong> ikinyabiziga atwaye kugira ngo areke ikinyabiziga cyose kizamuka gitambuke.<br />

Ker<strong>et</strong>se iyo hari ubwikingo ibinyabiziga bishobora guhagararamo, uwo mwanya ukaba uteye<br />

neza ku buryo, hakurikijwe umuvuduko n'aho ibinyabiziga biri, ikinyabiziga kizamuka cyaba<br />

gifite ubwikingo cyangwa kimwe muri ibyo binyabiziga kikaba kigomba gusubira inyuma niba<br />

ikinyabiziga kizamuka kitagiye muri ubwo bwikingo.<br />

Iyo byanze bikunze kimwe mu binyabiziga bigiye kubisikana kigomba gusubira inyuma,<br />

abayobozi bagomba gusubira inyuma ni abatwaye ibinyabiziga bidakomatanye bahuye<br />

n'abatwaye ibikomatanye, abatwaye ibinyabiziga bito bahuye y'abatwaye ibinini, n'abatwaye<br />

ibinyabiziga byikoreye imizigo bahuye n'abatwaye ibinyabiziga bitwarira hamwe abantu.<br />

Iyo ibinyabiziga bigomba kubisikana ari ibyo mu rwego rumwe, ugomba gusubira inyuma ni<br />

umuyobozi w'ikinyabiziga kimanuka, ker<strong>et</strong>se iyo bigaragara neza ko gusubira inyuma<br />

byoroheye kurushallo ikinyabiziga kizamuka.<br />

Ingingo 21:<br />

1. Kunyuranaho bikorerwa mu ruhan<strong>de</strong> rw'ibumoso.<br />

Ariko rero kunyuranaho bigomba gukorerwa iburyo iyo umuyobozi unyurwaho, amaze<br />

kwerekana ko ashaka kugana ibumoso; yajyanye ikinyabiziga cyangwa inyamaswa ayoboye<br />

ibumoso bw'umuhanda kugira ngo:<br />

agane ibumoso anyura mu yindi nzira nyabagendwa;<br />

yinjire ahantu hahana imbibi n'uwo muhanda cyangwa ahagarare ibumoso bwawo.<br />

2. Mbere yo kugira uwo anyuraho umuyobozi wese agomba kwiringira ko:<br />

a) nta wundi muyobozi umukurikiye watangiye kumunyuraho;<br />

b) umuyobozi umuri imbere atagaragaje ko ashaka kunyura ku wundi cyangwa atashatse<br />

gukatira ibumoso;<br />

c) igisate cy'umuhanda agiye kunyuramo kitarimo inkomyi mu ntambwe zihagije kugira ngo<br />

hakurikijwe ikinyuranyo cy'umuvuduko w'ikinyabiziga atwaye n'uw'abo agiye kunyuraho,<br />

imiyoborere ye itatera impanuka cyangwa ngo ibangamire abagenzi bava aho agana ;<br />

d) ashobora kugaruka iburyo bw'umuhanda atabangamiye umugenzi cyangwa abagenzi<br />

yanyuzeho, ker<strong>et</strong>se iyo yinjiye mu nzira nyabagendwa igen<strong>de</strong>rwamo mu cyerekezo kimwe.<br />

Agomba na none iyo ari ngombwa kandi nta kwirengagiza ibindi yaba abujijwe, kwerekana<br />

icyo ashaka gukora hakurikijwe ibivugwa mu ngingo ya 17,2, kandi akanabyereka uwo agiye<br />

kunyuraho<br />

3. Umuyobozi wese ushaka kunyuranaho agomba kwitaza umugenzi cyangwa abagenzi<br />

yanyuzeho ku buryo asiga umwanya utarimo inkomyi uhagije utagomba igihe cyose kujya<br />

munsi ya santim<strong>et</strong>ero 50 iyo ikinyabiziga ashaka kunyuraho ari igikuruwe n'inyamaswa na none<br />

uwo mwanya ntujye munsi ya m<strong>et</strong>ero imwe iyo ashaka kunyura ku munyamaguru, ku<br />

kinyamiten<strong>de</strong> cyangwa ku nyamaswa ih<strong>et</strong>se cyangwa idah<strong>et</strong>se umuntu.<br />

4. Umuyobozi ugenda mu muhanda, igihe ubugari bwawo budatuma anyuranaho nta nkomyi

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!