29.12.2012 Views

lois et reglements police de roulage avec amendements

lois et reglements police de roulage avec amendements

lois et reglements police de roulage avec amendements

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

Ingingo 32:<br />

1. Ur<strong>et</strong>se igihe hari amategeko yihariye akurikizwa muri ako karere cyangwa imitunganyirize<br />

bwite y'aho, ikinyabiziga cyose cyangwa inyamaswa ihagaze umwanya muto cyangwa munini<br />

igomba kuba iri:<br />

a) mu kuboko kw'iburyo hakurikijwe aho yaganaga ker<strong>et</strong>se iyo ari umuhanda w'icyerekezo<br />

kimwe, ari nabwo na none ishobora kuba iri ibumoso bw'umuhanda;<br />

b) ahegereye bishobotse akayira k'abanyamaguru iyo umuhanda ugafite, ariko umwanya uri<br />

hagati y'ibinyabiziga n'akayira ntube urenga santim<strong>et</strong>ero 50;<br />

c) kure cyane bishobotse y'umurongo ugabanya umuhanda mo kabiri kandi byaba ngombwa<br />

ikaba iri ahitaruye umuhanda mu mwanya uri mu mpan<strong>de</strong> zawo cyangwa, ahatari insisiro, ku<br />

ruhan<strong>de</strong> rwose rutagenewe ku buryo bw'umwihariko abandi bagenzi;<br />

d) iyo ari umwanya wo ku ruhan<strong>de</strong> wagenewe abanyamaguru, umuyobozi agomba kubasigira<br />

akanya gafite, byibura m<strong>et</strong>ero imwe y'ubugari kugira ngo bashobore kugenda batagombye<br />

kunyura mu muhanda.<br />

2. Ur<strong>et</strong>se igihe hari amategeko yihariye y'aho hantu cyangwa imitunganyirize bwite y'aho,<br />

ibinyabiziga bihagaze mu muhanda umwanya muto cyangwa munini bigomba kuba bitonze<br />

umurongo ubangikanye n'inkombe y'umuhanda.<br />

3. Birabujijwe guhagarika umwanya munini mu gihe kirenze iminsi 7 ku nzira nyabagendwa: v<br />

a) ibinyabiziga bifite moteri bitagishoboye kugenda kimwe na romoruki<br />

b) mu nsisiro, ibinyabiziga n'ibinyabiziga bikomatanye bifite uburemere ntarengwa bwemewe<br />

burengeje ibiro 3500, ker<strong>et</strong>se ahantu hari ikimeny<strong>et</strong>so n° E, 20.<br />

4. Umuyobozi ntashobora gusiga ikinyabiziga cye cyangwa inyamanswa ze atabanje kwiringira<br />

ko nta mpanuka iyo ariyo yose iri bube, kandi na none yaba ari ikinyabiziga gifite moteri,<br />

atabanje kwiringira ko kitakoreshwa nta ruhushya rwe.<br />

5. Birabujijwe gukingura umuryango cyangwa kuva mu kinyabiziga cyangwa kukijyamo<br />

utabanje kwiringira ko bidashobora gutera ibyago cyangwa bitabera imbogamizi abandi bali mu<br />

nzira nyabagendwa.<br />

6. Ikinyabiziga cyose ur<strong>et</strong>se velomoteri cyangwa ipikipiki idafite akanyabiziga kari ku ruhan<strong>de</strong><br />

gihagaritswe ku muhanda kigomba kurangirwa kure n'ikimeny<strong>et</strong>so cyabigenewe kiri ahantu<br />

hagaragara, kugira ngo kiburire hakiri kare abandi bayobozi baza bagisanga:<br />

a) iyo ikinyabiziga gihagaritswe n'ijoro ku buryo abayobozi bakigana badashobora kumenya ko<br />

kibabereye imbogamizi;<br />

b) iyo umuyobozi agombye guhagarika ikinyabiziga ahantu habujijwe guhagarara.<br />

Ikinyabiziga cyahagaritswe gishobora kurangwa n'uko ibintu bimeze, n'ikimeny<strong>et</strong>so cya<br />

mpan<strong>de</strong> eshatu yerekana ahashobora gutera ibyago yateganijwe ku ngingo ya 88, 5,a), no<br />

gucanira rimwe amatara ndanga cyerekezo amyatsa cyangwa se bagakoresha itara ritwarwa mu<br />

ntoki rimyatsa ry'umuhondo cyangwa risa n'icunga rihishije.<br />

7. Ur<strong>et</strong>se amategeko yihariye akurikizwa muri ako karere, umwanya usigara hagati<br />

y'ibinyabiziga bibiri bihagaze umwanya munini ku ruhan<strong>de</strong> rumwe rw'umuhanda<br />

ubisikanirwamo kandi utuma hahita ibinyabiziga bibiri gusa, ugomba kuba nibura m<strong>et</strong>ero 5 iyo<br />

ari mu nsisiro, na m<strong>et</strong>ero 20 ahatari mu nsisiro.<br />

Ingingo 33:

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!