29.12.2012 Views

lois et reglements police de roulage avec amendements

lois et reglements police de roulage avec amendements

lois et reglements police de roulage avec amendements

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

uhan<strong>de</strong>;<br />

b) abanyamaguru bambukiranya umuhanda avuyemo cyangwa uwo aganamo.<br />

Icyiciro 9. Umuvuduko n'umwanya hagati y'ibinyabiziia<br />

Ingingo 26:<br />

1. Umuyobozi wese agomba buri gihe kuyobora ikinyabiziga cye yitonze, kandi akaringaniza<br />

umuvuduko wacyo n'uko ahantu hameze, uko habona, imimerere y'umuhanda, imimerere<br />

y'ikinyabizigai n'ibyo cyikoreye, imiterere y'ikirere, ubwinshi bw'ibigenda kugira ngo uwo<br />

muvuduko utaba intandaro y'impanuka n'imbogamizi, y'uburyo bwo kugenda mu muhanda.<br />

Agomba gushobora guhagarika ikinyabiziga cye akurikije aho ageza amaso n'imbere y'inkomyi<br />

yose idatunguranye.<br />

Agomba kugabanya umuvuduko kandi byaba ngombwa agahagarara bitewe nuko ahantu<br />

hameze nk'igihe hatabona neza, iyo umuhanda urimo inkomyi, iyo ari mu makoni, ahamanuka,<br />

iyo amashami y'inzira nyabagendwa afunganye cyangwa akikijwe n'amazu, hafi y'impinga<br />

z'imipando n'amasangano, kimwe nd<strong>et</strong>se n'igihe cy'ibisikana cyangwa cyo kunyura ku gatsiko<br />

k'abanyamaguru, k'ibinyabiziga bihagaze cyangwa, ishyo ry'inyamaswa n'igihe ari hafi y'aho<br />

abantu bateraniye.<br />

2. Birabujijwe kubangamira imigen<strong>de</strong>re isanzwe y'ibindi binyabiziga kubera kugabanya<br />

umuvuduko ku buryo budasanzwe cyangwa gukacira feri bidatewe no kwirinda ibyago.<br />

3. Birabujijwe kwoshya cyangwa gutuma umuyobozi agendana umuvuduko urenze urugero<br />

hakurikijwe ibivugwa mu gika cya mbere cy'iyi ngingo.<br />

Ingingo 27:<br />

Iyo umunyamaguru yageze mu mwanya wabagenewe, aho uburyo bwo kugenda mu muhanda<br />

butagengwa n'umukozi ubifitiye ububasha cyangwa n'ibimeny<strong>et</strong>so by'umuriro, abayobozi<br />

bashobora kuhinjira bagabanyije umuvuduko kandi bakahatambuka babonye ko batateza<br />

umunyamaguru impanuka; bibaye ngombwa bagomba guhagarara kugira ngo umunyamaguru<br />

abanze atambuke.<br />

Ingingo 28:<br />

lyo abayobozi b'ibinyabiziga bifite moteri bageze hafi y'inyamaswa zikurura, zikorera,<br />

zigen<strong>de</strong>rwaho cyangwa iyo bageze hafi y'amatungo agatangira kwikanga, bagomba kugenda<br />

buhoro, kwitaza cyangwa guhagarara.<br />

Ingingo 29:<br />

1. Umuyobozi wese agomba kutarenza umuvuduko ntarengwa washyizweho n'amategeko.<br />

2. Iyo nta mategeko awugabanya by'umwihariko, umuvuduko ntarengwa w'ibinyabiziga<br />

ushyizweho ku buryo bukurikira:<br />

a) Amapikipiki n'imodoka zifite uburemere ntarengwa bwemewe butarenga ibiro 3500 ur<strong>et</strong>se<br />

amavatiri cyangwa tagisi n'ibinyabiziga bitwarira hamwe abantu: ibirom<strong>et</strong>ero 80 mu isaha;<br />

b) imodoka zikoreshwa nk'amavatiri y'ifasi cyangwa amatagisi zifite uburemere bwemewe<br />

butarenga kilogarama 3.500: ibirom<strong>et</strong>ero 70 mu isaha.<br />

c) Imodoka zifite uburemere ntarengwa bwemewe buri hagati ya kilogarama 3500 na 12500,

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!